Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 27 Ugushyingo
Turi ku wa 27 Ugushyingo 2025. Ni umunsi wa 331 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 34 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi w’umwarimu muri Espagne.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1989: Indege yo mu bwoko bwa Boeing 727 ya kompanyi Avianca yo muri Colombia, yasandariye mu kirere, abantu 107 bayigwamo, ihitana […]
Ikipe ya Chelsea yanyagiye bikomeye Fc Barcelona mu mukino wa Champions League
FC Barcelone yari ifite icyizere cyinshi mbere yo guhura na Chelsea, yageze mu Bwongereza inyagirwa ibitego 3-0 irushanwa cyane mu mukino w’Umunsi wa Gatanu wa UEFA Champions League. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 25 Ugushyingo 2025, ni bwo ku bibuga byo mu bihugu bitandukanye hakiniwe imikino y’Umunsi wa Gatanu wa UEFA […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 26 Ugushyingo
Turi ku wa 26 Ugushyingo 2025. Ni umunsi wa 330 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 35 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wa Cake, aho abakunzi bazo bahura bakazikata ubundi bagasangira.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2020: Bwa mbere mu mateka, indege ya Kompanyi yo muri Israel yaguye ku butaka […]
Muri shampiyona y’Ubwongereza umukinnyi yahawe ikarita itukura nyuma y’uko akubise umukinnyi bakinana
Idrissa Gana Gueye ukinira Ikipe ya Everton yahawe ikarita itukura mu minota ya mbere y’umukino batsinzemo Manchester United, nyuma yo gukubita mugenzi we Michael Keane ku wa Mbere. Byabaye ubwo Bruno Fernandes yari ahushije uburyo bwashoboraga kuvamo igitego, Gueye na Keane batangira gushyamirana ku munota wa 13. Amashusho y’umukino yagaragaje myugariro Keane asunika Gueye inshuro […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 25 Ugushyingo
Turi ku wa 25 Ugushyingo 2025. Ni umunsi wa 329 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 36 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2001: Microsoft yatangije Operating System ya Windows XP.2010: Umutingito uri ku gipimo cya 7.8 wibasiye Indonesia abantu 400 […]
God Ministers yashyize hanze indirimbo nshya yitwa “Rusi”
Itsinda ry’abaririmbyi babarizwa muri Korali Ministers of God yo mu Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi rya Mbugangali mu Karere ka Rubavu bashyize hanze indirimbo yabo ya mbere bise ‘Rusi.’ Iyi ndirimbo y’amashusho isohotse nyuma y’umwaka umwe gusa iyi Korali itangiye umurimo kuko yavutse mu Ukwakira 2024 ifite intumbero yo kuvuga ubutumwa bwiza binyuze mu ndirimbo. […]
Hari impungenge ku bantu bagaragarwaho n’ibibazo byo mu mutwe biterwa n’imyizerere
Mu minsi yashize abantu ntibasibaga kumva abantu basa n’ababaswe n’imyemerere, hamwe umuntu yirirwaga yinyagiza cyangwa akirirwa mu mugezi ngo ategereje ko ikibazo afite gikemuka aho gushaka inzira za nyazo zo kugikemura. Wasangaga bitwara umwanya w’umuntu aho ubona umuntu yaratindahaye ariko agakomeza kwizera ko ngo ari cyo Imana imushakaho n’ibindi ubona ko ari ububata bw’imyizerere. Icyakora […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 23 Ugushingo
Turi ku tariki ya 23 Ugushyingo 2025. Ni umunsi wa 327 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 38 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi wahariwe abavandimwe n’inshuti babuze ababo bapfuye biyahuye, aho bahurira mu biganiro by’isanamitima no komorana.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1996: Indege ya Ethiopian Airlines yaguye mu Nyanja y’u […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 22 Ugushyingo
Turi ku wa 22 Ugushyingo 2025. Ni umunsi wa 326 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 39 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Libani irizihiza ubwigenge yabonye mu 1943 yigobotoye ubukoloni bw’u Bufaransa.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1992: Dr. Léon Mugesera yavugiye muri mitingi ku Kabaya ko Abatutsi bazasubizwa muri Ethiopia banyujijwe muri […]
Igihe Imana ikigutije ubuzima kuva ku myaka 30 ni iki wakora ngo uzagere mu zabukuru ugitemba itoto?
Mu myaka yawe 30 y’amavuko, hari ibintu byoroshye ushobora kujya ukora buri munsi bigufasha kuguma ufite imbaraga no kubaho ubuzima bwiza kuzageza ku myaka 70. Kugenda byihuse iminota 15 nyuma yo kurya, kuryama igihe gihagije buri joro cyangwa gukora siporo, byose ni ingenzi mu kurinda umubiri no kuwongerera ubushobozi. Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko iyo […]