21 August, 2026
2 mins read

TOP 7 Gospel Songs of the Week: Indirimbo Nshya za Gospel Ziri Gukora Ku Mitima y’Abakristo Muri Iki Cyumweru

Muri iki cyumweru, umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, wakomeje kuba umwe mu buryo bukomeye bwo kugeza ubutumwa bwiza ku bantu, aho abahanzi n’amakorali batandukanye bashyize imbaraga mu gukora indirimbo zigaruka ku kwizera, urukundo rw’Imana, agakiza no gushima. Dore indirimbo 7 nshya zigaragara cyane muri iki cyumweru: 1. “Ndabona” — Aline GahongayireAline Gahongayire yongeye kugaragaza […]

3 mins read

Gisubizo Ministry igeze kuri Season ya 7 nyuma y’imyaka isaga 20 mu murimo wo kuramya

Gisubizo Ministry, umuryango w’abaririmbyi bakora umurimo wo kuramya no guhimbaza Imana, yatangaje ko igiye gukora igitaramo gikomeye cyiswe “Worship Legacy Concert Season 7”, kizaba ku Cyumweru tariki ya 13 Nzeri 2026, muri Camp Kigali (KCEV), guhera saa 16:00. Iki gitaramo kizategurwa ku bufatanye na Jambo Events, mu rwego rwo gukomeza urugendo rwa Gisubizo Ministry rwo […]

3 mins read

Nta muntu ntinya_ Cardinal Onaiyekan yanze kwisubiraho ku byo yavuze kuri Guverinoma ya Nigeria

Cardinal John Onaiyekan, wahoze ari Arikiyepisikopi wa Abuja muri Nigeria, yavuze ko adatinya Guverinoma cyangwa kunengwa na Perezida Bola Tinubu, ashimangira ko ibyo yatangaje ku bibazo byugarije Abanya-Nigeria yabivuze agamije kuvuga ukuri, aho gushimisha abayobozi. Onaiyekan yabivuze ku wa Gatatu, tariki ya 19 Kanama 2026, asubiza ku kunengwa n’Ibiro bya Perezida nyuma y’ibitekerezo yatanze ku […]

2 mins read

FERWAFA Super Cup 2026: A Competition Like No Other in Rwanda’s Football History

The 2026 FERWAFA Super Cup has taken an unusual turn, with the competition adopting a four-team format instead of the traditional one-match showdown. The Super Cup semi finals are scheduled for August 27, 2026, with Kiyovu Sports facing Mukura Victory Sports & Loisirs at 15:00, followed by Rayon Sports against Police FC at 18:30 at Kigali Pelé Stadium.  The […]

1 min read

Uko umara umwanya munini kuri telephone niko wiyongerera ibyago byo kugira umubyibuho ukabije

Ubushakashatsi bwakozwe muri Colombia bwerekanye ko gukoresha telefone zigezweho igihe kinini bishobora kuba bifitanye isano no kwiyongera kw’ibyago byo kugira umubyibuho ukabije. Ubushakashatsi bugaragaza ko urubyiruko rumara amasaha arenga atanu ku munsi kuri telefone rufite ibyago biri hejuru ku kigero cya 43% byo kugira umubyibuho ukabije. Ubu bushakashatsi bwakorewe ku banyeshuri 1,060 biga ibijyanye n’ubuzima […]

2 mins read

KORALI SHALOM YONGEWE MU BAZATARAMA “UMURYANGO MWIZA LIVE CONCERT – SEASON 3” AMATIKE YAMAZE KUJYA KU ISOKO

Shalom Choir ADEPR Nyarugenge yongewe ku rutonde rw’amakorali azataramira abazitabira igitaramo ngarukamwaka “UMURYANGO MWIZA LIVE CONCERT – SEASON 3”, gitegurwa na Family of Singers Choir ibarizwa muri EPR Paroisse Kiyovu. Iki gitaramo kizaba ku Cyumweru, tariki ya 20 Nzeri 2026, kuri Camp Kigali, aho abakunzi ba muzika yo kuramya no guhimbaza Imana bazahurira mu mwuka […]

3 mins read

Abakristu ntibagomba gushingira ubwiza bwabo ku isura n’imyaka_Papa Leo XIV

Umushumba wa Kiliziya Gatolika yasabye abakirisitu kudashyira ubwiza ku isura n’imyaka, ahubwo bakabushingira ku rukundo, ukwemera n’ubuzima bw’umutima Papa Leo XIV yavuze ko umunsi mukuru w’Ijyanwa mu Ijuru rya Bikira Mariya ari umwanya wo kwibutsa abakirisitu ko ubwiza nyakuri bw’umuntu butagarukira ku isura cyangwa ku busore, ahubwo bushingira ku buzima bw’umutima, urukundo n’ukwemera. Ibi yabivugiye […]