12 September, 2026
2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 15 Kanama

Turi ku wa 16 Kanama 2026.Ni umunsi wa 226 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 138 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Umunsi Mwiza ku bizihiza Isubira mu Ijuru rya Bikiramariya.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1982: Bikiramariya yabonekeye abakobwa batatu i Kibeho.1947: U Buhinde bwabonye ubwigenge bwigobotoye ubukoloni bw’u Bwongereza bwari bumaze imyaka […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 13 Kanama

Turi ku wa 13 Kanama 2026.Ni umunsi wa 224 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 140 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni Umunsi Mpuzamahanga w’abantu bakoresha ukuboko kw’imoso.Ni n’Umunsi Mpuzamahanga wahariwe gutanga ingingo z’umubiri.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2004: I Burundi mu nkambi ya Gatumba yabagamo Abanyamulenge, hiciwemo abarenga 160 barimo abagore […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 30 Nyakanga

Turi ku wa 30 Nyakanga 2025.Ni umunsi wa 211 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 154 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni Umunsi Mpuzamahanga w’Ubucuti, himakazwa amahoro n’ubwumvane.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2002: U Rwanda na RDC byashyize umukono ku masezerano yo guhagarika imirwano. Igikorwa cyabereye i Pretoria muri Afurika y’Epfo, aho […]