Ishimwe rye yarinyujije mu ndirimbo anagaragaza umuhanzi ukomeye yifuza gukorana na we indirimbo
Nyuma y’igihe kingana n’amezi atandatu adashyira hanze umushinga mushya, umuririmbyikazi Meek Rowland, ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yongeye kugaruka mu ruhando rw’umuziki. Kuri iyi nshuro, yagarukanye indirimbo nshya yise ‘Hallelujah’ igamije gushimira Imana ku byo yamukoreye mu buzima. Meek yavuze ko yahisemo kujya mu muziki buhoro buhoro kubera impamvu ze bwite, zirimo no […]
Ni kimwe mu birinda indwara zitandura! Menya impamvu ari byiza kubikora
Ubushakashatsi buvuga ko akenshi duhoberana twishimye, tubabaye, cyangwa dushaka gutuza. Guhobera, bishobora no gukoreshwa ari uburyo bwo guhumuriza umuntu igihe ababaye cyangwa se afite ibindi bibazo bitandukanye. Bidufasha kumva twishimye. Ikindi kandi ubushakashatsi bwemeza ko guhoberana bituma umuntu agira ubuzima bwiza kandi akabaho yishimye. Abahanga bavuga ko inyungu zo guhoberana zirenga gusa kuryoherwa ugira igihe […]
Amaze iminsi mike atorewe kuyobora Itorero ry’Abadiventisiti b’umunsi wa Karindwi ku isi. Ese ni muntu ki?
Erton C. Köhler yatorewe kuba Perezida w’Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi ku rwego rw’Isi (General Conference) ku wa 4 Nyakanga 2025, mu Nama Rusange ya 62 yateraniye i St. Louis, Missouri, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iyi ni inshuro ya mbere Köhler agiye kuyobora iri torero rifite abayoboke barenga miliyoni 23 mu bihugu birenga […]
Akamaro ka Radio Frequency (RF) mu bikorwa by’ikoranabuhanga
‘Radio Frequency’ (RF) ni ikoranabuhanga ry’ingenzi mu buryo bw’itumanaho n’ibindi bikorwa by’ikoranabuhanga. Ni amashanyarazi akwirakwira mu kirere mu buryo bw’imirasire yifitemo imbaraga rukuruzi “electromagnetic waves), aho iba ifite intera iri hagati ya gigahertz (GHz) 300 na kilohertz (kHz) 9. RF ifasha mu gutanga ubutumwa bw’amajwi, amashusho ndetse no mu bindi bikorwa bitandukanye. Uruhare rwa RF […]
Ntibimenyerewe henshi! Yikuye ikanzu y’ubukwe butarangiye agabirwa inka
Mu Rwanda cyane mu bukwe ntibisanzwe ko umugeni akuramo ikanzu y’ubukwe butangiye! Mu birori by’ubukwe bwabaye amateka, umuhanzikazi Ishimwe Vestine ubwo yatangiraga paji nshya y’ubuzima bwe mu birori byuje ibyishimo, byabereye mu Intare Conference Arena ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki 5 Nyakanga 2025. Ibi birori byitabiriwe n’abantu amagana barimo abahanzi, abavandimwe, inshuti n’abaturutse […]
Ese Baratwumviriza? Kuki ibyamamazwa ku mbuga nkoranyambag zacu ari ibyo dukunda cyangwa dukenera?
Bibaho kenshi ko umuntu avuga cyangwa akaba hari ikintu ashaka kugura, hanyuma ku mbuga nkoranyambaga cyangwa izindi mbuga zo kuri murandasi, akaza kubona amatangazo cyangwa se ‘ad’ mu rurimi rw’icyongereza zijyanye n’icyo kintu. Ibi bituma benshi bibaza niba telefoni zabo cyangwa porogaramu ziri mu bikoresho byabo nka mudasobwa zaba zibumviriza mu ibanga. Nubwo hari ibimenyetso […]
Menya Inkomoko y’Umunsi mukuru w’Isakaramentu ry’Ukaristiya
Buri mwaka Kiliziya Gatolika yizihiza umunsi mukuru w’Isakaramentu ry’Ukaristiya. Muri uyu mwaka, uyu munsi wizihijwe tariki 22 Kamena 2025, aho abakirisitu gatolika bijihije uwo munsi, urangwa na Misa igakurikirwa n’umutambagiro w’Isakaramentu Ritagatifu. Kuwizihiza bwa mbere byabaye mu kinyejana cya cumi na gatatu biturutse ku mubikira Yuliyana wa Koroniyo (Julienne de Cornillon), muri Diyoseze ya Liyeje […]
Stress yo ku kazi ishobora kwangiza ubuzima kurusha itabi Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bwakozwe na Dr. Jeffrey Pfeffer wo muri Kaminuza ya Stanford na Dr. Joel Goh wo muri Harvard Business School, bugaragaza ko stress iterwa n’akazi ifite ingaruka zikomeye ku buzima, ndetse ishobora kugabanya igihe cy’ubuzima. Ubu bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara mu kinyamakuru Behavioral Science & Policy, bwerekana ko ingaruka za stress yo ku kazi zishobora kugereranywa […]
Niba ujya unywera cyangwa urira ibishyushye mu bikoresho bya pulasitiki urimo kwiyangiriza mu buryo utazi
Mu buzima bwa buri munsi, abantu benshi bifashisha ibikoresho bya pulasitiki mu kunywa cyangwa kurya ibishyushye, batabizi ko baba bishyira mu byago bikomeye. Ibi bishobora kugira ingaruka zikomeye ku buzima bw’umuntu, harimo no gutera indwara zidakira. Urubuga officeh2o.com ruvuga ko iyo pulasitiki ishyushwe cyane cyangwa ishyizweho n’ibiribwa bishyushye, irekura ibinyabutabire byinjira mu biribwa, ndetse byangiza […]
Menya n’ibi: Kugabanya ingano y’ifunguro byongera ibyago ku buzima bwa muntu
Ubushakashatsi bushya bwasohowe mu kinyamakuru BMJ Nutrition, Prevention & Health bwerekanye ko kugabanya cyane ingano y’ibiribwa umuntu afata bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima bwo mu mutwe, harimo kongera ibimenyetso by’agahinda gakabije. Ubu bushakashatsi bushingiye ku makuru yakusanyijwe ku bantu barenga 28,000 bakoreweho ubushakashatsi na National Health and Nutrition Examination Survey muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. […]