03 September, 2026
1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 30 Nyakanga

Turi ku wa 30 Nyakanga 2025.Ni umunsi wa 211 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 154 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni Umunsi Mpuzamahanga w’Ubucuti, himakazwa amahoro n’ubwumvane.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2002: U Rwanda na RDC byashyize umukono ku masezerano yo guhagarika imirwano. Igikorwa cyabereye i Pretoria muri Afurika y’Epfo, aho […]

2 mins read

Umunyanijeriya yasomye Bibiliya amasaha 144 adahagarara agamije kwandika amateka muri Guinness World Records

Umunyanijeriya Habibat Salawudeen Ihiovi-Jack yatangaje benshi nyuma yo kurangiza gusoma Bibiliya mu ijwi riranguruye amasaha 144 adahagarara, mu gikorwa cyari kigamije gushyiraho agahigo gashya kazandikwa mu gitabo cya Guinness World Records. Iki gikorwa cyiswe “144 Hours in the Word” cyabaye kuva ku wa 22 kugeza ku wa 29 Kamena 2026 muri Novotel Hotel i Port […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 30 Kamena

Turi ku wa 30 Kamena 2026.Ni Umunsi mpuzamahanga wo kumenyekanisha ko mu isanzure habayo amabuye ashobora guteza ibyago ku Isi (International Asteroid Day)Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2013: Iyi tariki yari yaratangajwe na Minisiteri ishinzwe kurwanya ibiza no gucyura impunzi ko ari yo guca ubuhunzi ku Banyarwanda, icyakora ntiyakumiriye abifuzaga gutaha nyuma […]

2 mins read

Ubutumwa bwa Bikira Mariya I Kibeho bwongeye kugarukwaho ubwo hizihizwaga Yubile y’’imyaka 25 amabonekerwa yemejwe na Kiliziya

Abakristu n’abayobozi ba Kiliziya bateraniye i Kibeho bashimira Imana imyaka 25 ishize Kiliziya Gatolika yemeye ku mugaragaro amabonekerwa ya Bikira Mariya, banongera kwibutswa ubutumwa bwo kwihana, gusenga no gukundana. Ku wa 29 Kamena 2026, Ingoro ya Bikira Mariya i Kibeho yakiriye imbaga y’abakristu n’abayobozi ba Kiliziya Gatolika bari bitabiriye Igitambo cya Misa cyabimburiye ibirori byo […]