Category: UMUCO N’AMATEKA
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 30 Nyakanga
Turi ku wa 30 Nyakanga 2025.Ni umunsi wa 211 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 154 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni Umunsi Mpuzamahanga w’Ubucuti, himakazwa amahoro n’ubwumvane.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2002: U Rwanda na RDC byashyize umukono ku masezerano yo guhagarika imirwano. Igikorwa cyabereye i Pretoria muri Afurika y’Epfo, aho […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 28 Nyakanga
Turi ku wa 28 Nyakanga 2026.Ni umunsi wa 209 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 156 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni Umunsi Mpuzamahanga wo Kurwanya indwara y’Umwijima.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1915: Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangiye kugenzura Haiti mu bya politiki no mu by’ubukungu mu gihe cy’imyaka […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 27 Nyakanga
Turi ku wa 27 Nyakanga 2026.Ni umunsi wa 208 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 157 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kwizihiza ubuzima bwa ba sekuru na ba nyirakuru b’abantu.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2018: Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro ibikorwa bya Volkswagen byo guteranyiriza imodoka zayo mu […]
Umunyanijeriya yasomye Bibiliya amasaha 144 adahagarara agamije kwandika amateka muri Guinness World Records
Umunyanijeriya Habibat Salawudeen Ihiovi-Jack yatangaje benshi nyuma yo kurangiza gusoma Bibiliya mu ijwi riranguruye amasaha 144 adahagarara, mu gikorwa cyari kigamije gushyiraho agahigo gashya kazandikwa mu gitabo cya Guinness World Records. Iki gikorwa cyiswe “144 Hours in the Word” cyabaye kuva ku wa 22 kugeza ku wa 29 Kamena 2026 muri Novotel Hotel i Port […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 22 Nyakanga
Turi ku wa 22 Nyakanga 2026.Ni umunsi wa 203 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 162 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bw’ubwonko.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2018: Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping yagiriye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda aba uwa mbere w’icyo gihugu usuye u Rwanda.1894: […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 21 Nyakanga
Turi ku wa 21 Nyakanga 2026.Ni umunsi wa 202 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 163 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1969: Mu rugendo rwitiriwe Apollo, Neil Armstrong yabaye umuntu wa mbere ukandagiye ku kwezi mbere y’uko ahasangwa na Buzz Aldrin nyuma y’iminota 19.1983: Ahitwa Vostok Station […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 20 Nyakanga
Turi ku wa 20 Nyakanga 2026.Ni umunsi wa 201 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 164 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1903: Uruganda rukora imodoka za Ford rwohereje iya mbere hanze ya Michigan, yari yaguzwe n’umuganga witwa Ernest Pfennig wari utuye muri Chicago.1968: Hatangijwe Special Olympics, Imikino […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 15 Nyakanga
Turi ku wa 15 Nyakanga 2026.Ni umunsi wa 196 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 169 ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Ni Umunsi Mpuzamahanga w’Ubumenyi mu Rubyiruko.Ni umunsi kandi wuzuza 100 mu yahariwe kwibuka no kunamira abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2006: Hatangijwe urubuga nkoranyambaga […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 30 Kamena
Turi ku wa 30 Kamena 2026.Ni Umunsi mpuzamahanga wo kumenyekanisha ko mu isanzure habayo amabuye ashobora guteza ibyago ku Isi (International Asteroid Day)Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2013: Iyi tariki yari yaratangajwe na Minisiteri ishinzwe kurwanya ibiza no gucyura impunzi ko ari yo guca ubuhunzi ku Banyarwanda, icyakora ntiyakumiriye abifuzaga gutaha nyuma […]
Ubutumwa bwa Bikira Mariya I Kibeho bwongeye kugarukwaho ubwo hizihizwaga Yubile y’’imyaka 25 amabonekerwa yemejwe na Kiliziya
Abakristu n’abayobozi ba Kiliziya bateraniye i Kibeho bashimira Imana imyaka 25 ishize Kiliziya Gatolika yemeye ku mugaragaro amabonekerwa ya Bikira Mariya, banongera kwibutswa ubutumwa bwo kwihana, gusenga no gukundana. Ku wa 29 Kamena 2026, Ingoro ya Bikira Mariya i Kibeho yakiriye imbaga y’abakristu n’abayobozi ba Kiliziya Gatolika bari bitabiriye Igitambo cya Misa cyabimburiye ibirori byo […]