Imana Yasenye Imibereho Igana Ku Rupfu Impa Ubuzima Bushya_ Kim Soo-yeon Uhamya Urukundo rw’Imana
Ubuhamya bw’umukristokazi wacitse urubanza rw’urupfu akabona ubuzima bushya, umugore w’Umunyakoreya washenjaguwe n’inkongi y’umuriro yaboneye Imana mu mubabaro wimbitse. Mu materaniro mpuzamatorero yo gusenga yiswe Daniel Prayer Meeting abera muri Koreya y’Epfo, umukristokazi witwa Kim Soo-yeon yashyikirije Abakristo ubuhamya bwimbitse ku rukundo n’ubutabera by’Imana, mu rugendo rwe rumaze imyaka irenga icumi ava mu rupfu ajya mu […]
Ubugingo bwa Gikristo: Dukore Byose ku Bw’Icyubahiro cy’Imana
Abakristu basabwe gushyira Imana imbere mu bikorwa byose no kubaho mu murongo w’ukuri Mu buzima bwacu bwa buri munsi, kuba umuntu yakora ibyo Umwuka Wera amuyoboramo si ibintu byoroshye, cyane cyane iyo tukiri mu isi kandi tugikomeje gutura mu mubiri. Kenshi dusanga amaso yacu akururwa n’ibiri ku mpande zacu, tukabikora dukurikije ibyo umubiri wifuza. Ni […]
ADEPR Ikomeje Kugaragaza Imbaraga z’Ivugabutumwa n’Iterambere mu Rwanda
Raporo y’Itorero yerekana ibikorwa byagutse mu ivugabutumwa, imibereho myiza y’abaturage n’iterambere ry’abayoboke yagaragaje n’Itorero ADEPR. Nubwo mu mwaka wa 2025 hari insengero zimwe zafunzwe, Itorero ADEPR rikomeje gukora umurimo w’ivugabutumwa n’imishinga y’iterambere ku buryo bwagutse kandi bufatika. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku wa 2 Ukuboza 2025, Umushumba Mukuru wa ADEPR, Reverend Isaïe Ndayizeye, yatangaje ko […]
CeCe Winans Yateguye Ibitaramo Bya Noheli “Christmas With CeCe Winans” Bizazenguruka Leta Zunze Ubumwe za Amerika
CeCe Winans, afatanyije na bashiki be Angie na Debbie, agiye kuzenguruka Amerika mu bitaramo byo kwizihiza Noheli, birimo indirimbo za kera zishushanyije bundi bushya n’ibihangano bye biheruka. Umuhanzikazi w’icyamamare muri Gospel, CeCe Winans, yatangaje urugendo rwe rwihariye rwa Noheli rwiswe “Christmas With Cece Winans” ruzenguruka Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Ukuboza 2025. Ni ibitaramo […]
Nimuramuka Ntimugakore Icyaha, Izuba Ntirikarenge Mukirakaye_Inama Nziza Ku Bashyingiranywe
Inama zubaka urugo zikomoka ku Byanditswe: uko Abefeso 4:26 n’andi masomo ya Bibiliya ayobora abitegura gukora ubukwe kubana mu mahoro, kubabarirana no kubana mu rukundo. Iki gitekerezo gikomoka muri Bibiliya. Abefeso 4:26 haragira hati: “Nimurakara ntimugakore icyaha, izuba ntirikarenge mukirakaye” Iki cyanditswe ni urutonde ruha abizera bo hambere amabwiriza yo kubaho mu buzima bwa gikristo. […]
“Jesus Is Love” Indirimbo Nshya ya Terrian Yibutsa ko Urukundo rwa Yesu Rukiza
Indirimbo nshya “Jesus Is Love” ya Terrian ishingiye ku magambo yo mu buhanzi agaragaza ko Yesu atajya acogora kwita ku bamwizera, anakomeza abantu mu bigeragezo kandi akagira urukundo rutunganye iteka ryose. Umuririmbyi Terrian yasohoye indirimbo nshya yitwa “Jesus Is Love”, igaruka ku butumwa bwimbitse bw’urukundo rwa Yesu rutajya ruhinduka, kandi rufasha abantu mu bihe byose, […]
Good Paul Agiye Gusohora Album Nshya Yibutsa Ko Imana Iri Kumwe Natwe “Call it Christmas”
Mu mushinga we mushya wa Noheli, Paul agaragaza Emmanuel, Imana yabaye umuntu muri Yesu kandi ikaba ituye mu mitima y’abemera, ubutumwa bwuzuyemo ibyishimo, ibyiringiro n’umunezero wa Noheli. Umuhanzi Paul yatangaje ko album ye nshya yiswe Call it Christmas, umushinga wa Noheli wibutsa abakunzi be igisobanuro cy’ukuri cy’amazina ya Yesu, cyane cyane Emmanuel, risobanurwa ngo “Imana […]
Papa Leo XIV Yahamagariye Abakristo Guhurira i Yeruzalemu mu 2033
Nyuma y’imyaka 1,700 y’Inama ya Nisea, Umushumba wa Kiliziya Gatolika asaba amatorero yose kugaruka ku nkomoko y’ukwemera, bakitegurira hamwe Yubile y’Agakiza ya 2033. Ubutumwa bw’Ubumwe, Amahoro n’Ukwiyunga Mu butumwa bwuje ukwicisha bugufi n’icyifuzo cy’ubumwe, Papa Leo XIV yongeye gusaba Abakristu bo mu madini atandukanye gukora urugendo ruhuriweho, bagasubira mu Mujyi wa Yeruzalemu mu rwego rwo […]
Phil Wickham Gutaramira i Los Angeles Hakazafatirwa n’Amashusho y’Igitaramo Cya Noheli
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Phil Wickham, yatumiye abafana be mu nyubako ya Wiltern Theater ku wa 14 Ukuboza aho ari gutegura gufatira amashusho y’igitaramo cya Noheli. Phil Wickham yatangaje ko ku wa 14 Ukuboza 2025 azafata amashusho y’igitaramo cya Noheli kizaba kibaye mu buryo bwa bw’imbona nkubone, kikazabera muri Wiltern Theater i […]
Yakabaye Yinjiza Afaranga Menshi_ Apulikasiyo Ya Bibiliya kuki Ikomeje Kuba Ubuntu?
Nubwo ikoranabuhanga ry’isi rishingira ku nyungu z’ubucuruzi, YouVersion yo yahisemo inzira idasanzwe, ihitamo inzira yo kugeza ijambo ry’Imana ku bantu bose ku buntu, idashaka inyungu z’amafaranga. Ni mu gihe yakabaye yinjiza amamiliyari menshi. Mu gihe isi y’ikoranabuhanga ikomeje kwihuta ndetse ibigo byinshi bikarushanwa mu gushaka inyungu z’ubucuruzi, hari urubuga rumwe rwahisemo kutajya muri iyo nzira. […]