10 September, 2026
3 mins read

Ese twitege kongera gutungurwa? Twiyibutse uko byari bimeze mu gitaramo “Unconditional Love Season 1” cya Bosco Nshuti

Hari ku Cyumweru tariki ya 30 Ukwakira, ubwo umuramyi Bosco Nshuti yakoraga igitaramo ‘Unconditional Love Live Worship Concert’ cyabereye muri Camp Kigali mu mujyi rwagati, anezeza byimazeyo imitima y’abakitabiriye ndetse yereka abamukunda umukunzi we Vanessa Tumushimwe biteguraga kurushinga. Baje gukora ubukwe kuwa 19 Ugushyingo 2022.  Uyu muramyi w’izina ryubashywe mu muziki wo kuramya no guhimbaza […]

4 mins read

Helicopter Parenting: Igihe umubyeyi arera umwana nk’indege ihora imuzengurutse

“Helicopter parenting” ni uburyo bwo kurera aho ababyeyi bagira uruhare rukabije bwo gukurikirana ubuzima bw’abana babo, kugeza aho binjira mu bintu byose na gahunda zose zireba umwana. Aba babyeyi baba bameze nk’indege ya kajugujugu ihora izenguruka hejuru y’umwana, aho umubyeyi agereranywa n’iyo ndege atamureka ngo agire ibice bimwe na bimwe by’ubuzima bwe yigengamo. Mu bihe […]

3 mins read

Hari imbuto nyinshi z’umwuka ziva kuri uwo musozi: Vatican yemeje Ahantu hashya nk’ahantu ho gusengera ugatungana ku Mana

Ibiro bya Vatican bishinzwe kwigisha ukwemera (Dicastery for the Doctrine of the Faith) byohereje ibaruwa ishimangira ko hari imbuto nyinshi z’umwuka ziva ku musozi wa Zvir muri Slovakia, aho bivugwa ko habereye ibonekerwa rya Bikira Mariya hagati y’umwaka wa 1990 na 1995 hafi y’umudugudu muto wa Litmanová. Bishingiye ku mabwiriza mashya yasohowe umwaka ushize, ibi […]

2 mins read

Ese Robots zishobora gusimbura abantu mu bushakashatsi bwo mu isanzure?

Tariki ya 24 Ukuboza 2024, mu isanzure hoherejweyo icyogajuru gikoresha ubwenge bw’ikoranabuhanga cyanyuze hafi y’izuba kurusha ikindi kintu cyose cyakozwe n’abantu. Iki cyogajuru cya NASA cyitwa Parker Solar Probe intego yacyo cyari kigamije kumenya byinshi ku Izuba, harimo uburyo rigira imyuka n’imirasire ishobora kugira ingaruka Ku Isi. Byari urugendo rutarimo umuntu n’umwe kuko icyo cyogajuru […]

1 min read

Iki ni cyo gihe ubumenyi bwandagaye kuva isi yaremwa kubera ikoranabuhanga

Mu gihe isi ikomeje gutera imbere, ikoranabuhanga ryagize uruhare runini mu guhindura ubuzima bw’abantu ku buryo bugaragara. Ubu, ubushobozi bw’ikoranabuhanga n’imiyoboro ya interineti byarushijeho kuba ingirakamaro kurusha uko byari byifashe mu bihe byashize. Impinduka zituruka ku ikoreshwa ry’ikoranabuhanga, aho amakuru aboneka byoroshye kandi mu buryo bwihuse, bigafasha abantu kubona ubumenyi n’amakuru bitabaye ngombwa guhura cyangwa […]

2 mins read

Ishimwe rye yarinyujije mu ndirimbo anagaragaza umuhanzi ukomeye yifuza gukorana na we indirimbo

Nyuma y’igihe kingana n’amezi atandatu adashyira hanze umushinga mushya, umuririmbyikazi Meek Rowland, ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yongeye kugaruka mu ruhando rw’umuziki. Kuri iyi nshuro, yagarukanye indirimbo nshya yise ‘Hallelujah’ igamije gushimira Imana ku byo yamukoreye mu buzima. Meek yavuze ko yahisemo kujya mu muziki buhoro buhoro kubera impamvu ze bwite, zirimo no […]

2 mins read

Ni kimwe mu birinda indwara zitandura! Menya impamvu ari byiza kubikora

Ubushakashatsi buvuga ko akenshi duhoberana twishimye, tubabaye, cyangwa dushaka gutuza. Guhobera, bishobora no gukoreshwa ari uburyo bwo guhumuriza umuntu igihe ababaye cyangwa se afite ibindi bibazo bitandukanye. Bidufasha kumva twishimye. Ikindi kandi ubushakashatsi bwemeza ko guhoberana bituma umuntu agira ubuzima bwiza kandi akabaho yishimye. Abahanga bavuga ko inyungu zo guhoberana zirenga gusa kuryoherwa ugira igihe […]

3 mins read

Amaze iminsi mike atorewe kuyobora Itorero ry’Abadiventisiti b’umunsi wa Karindwi ku isi. Ese ni muntu ki?

Erton C. Köhler yatorewe kuba Perezida w’Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi ku rwego rw’Isi (General Conference) ku wa 4 Nyakanga 2025, mu Nama Rusange ya 62 yateraniye i St. Louis, Missouri, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iyi ni inshuro ya mbere Köhler agiye kuyobora iri torero rifite abayoboke barenga miliyoni 23 mu bihugu birenga […]

2 mins read

Akamaro ka Radio Frequency (RF) mu bikorwa by’ikoranabuhanga

‘Radio Frequency’ (RF) ni ikoranabuhanga ry’ingenzi mu buryo bw’itumanaho n’ibindi bikorwa by’ikoranabuhanga. Ni amashanyarazi akwirakwira mu kirere mu buryo bw’imirasire yifitemo imbaraga rukuruzi “electromagnetic waves), aho iba ifite intera iri hagati ya gigahertz (GHz) 300 na kilohertz (kHz) 9. RF ifasha mu gutanga ubutumwa bw’amajwi, amashusho ndetse no mu bindi bikorwa bitandukanye. Uruhare rwa RF […]

3 mins read

Ntibimenyerewe henshi! Yikuye ikanzu y’ubukwe butarangiye agabirwa inka 

Mu Rwanda cyane mu bukwe ntibisanzwe ko umugeni akuramo ikanzu y’ubukwe butangiye! Mu birori by’ubukwe bwabaye amateka, umuhanzikazi Ishimwe Vestine ubwo yatangiraga paji nshya y’ubuzima bwe mu birori byuje ibyishimo, byabereye mu Intare Conference Arena ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki 5 Nyakanga 2025. Ibi birori byitabiriwe n’abantu amagana barimo abahanzi, abavandimwe, inshuti n’abaturutse […]