Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB rwafunguye ishami ryarwo rishya mu Karere ka Gasabo
Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, rwafunguye ishami ryarwo rishya mu Karere ka Gasabo mu rwego rwo gukomeza kwegereza abaturage serivisi zarwo no kuzihutisha. Ni ishami ryafunguwe kuri uyu wa Kane, tariki ya 9 Ukwakira 2025, mu Murenge wa Kacyiru, mu nyubako izwi nka KABC. Iri shami rigamije kurushaho kunoza serivisi abaturage bahabwa kuko rifite icyumba […]
OpenAI kuri ubu ihagaze miliyari 500 z’Amadolari
OpenAI ifite ikoranabuhanga rya ChatGPT yabaye sosiyete nshya ya mbere ifite agaciro kenshi ku Isi nyuma y’aho igurishije imigabane ifite agaciro ka miliyari 6,6 z’Amadolari. Mu ntangiriro z’uyu mwaka, OpenAI, yabarirwaga mu gaciro ka miliyari 300 z’Amadolari, mu gihe SpaceX y’umuherwe Elon Musk yo yari kuri miliyari 400 z’Amadolari. Nyuma yo kugurisha iyi migabane tariki […]
Korali izwi nka God’s Flock ya kaminuza SDA yateguye igitaramo cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka imaze ishinzwe
God’s Flock Choir yatangiye umurimo w’ivugabutumwa mu mwaka wa 1995 igizwe n’itsinda ry’abasore batanu (5) ari bo: Emmanuel Rukagana M, Ndizeye N Fredy, Kamanzi G Desire, Gisanabagabo M Jotham na Rutikanga M Louis. Yatangiye yitwa “Halleluiah”, nyuma iza kwitwa God’s Flock Choir. Emmanuel Rukagana M ni we wayoboye iyi Korali bwa mbere. Mu mwaka w’amashuri wa […]
Ibyo ukwiye kumenya kuri “parfum”
Gusa neza bijyana no guhumura neza ndetse gukaraba ukisiga, ukambara ntibihagije, ahubwo uba ukeneye no kwitera ’parfum’ bamwe bita imibavu, ku buryo byongerera agaciro uburyo usa imbere y’abakwegereye. Ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cyo muri Amerika cyita ku Buvuzi (NIH), bwagaragaje ko abantu bitera parfum, ifasha ubwonko gutanga imisemburo ituma bumva bamerewe neza ugereranyije n’abatayitera. Ubu bushakashatsi […]
Umuramyi Theo Bosebabireba yashimiye umwe mu bafana be wamufashije gukora indirimbo yitwa “ Nta joro ridacya”
Theo Bosebabireba amaze imyaka 19 mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, akaba abura amezi macye ngo yuzuze imyaka 20. Yatangiye kuba muri Korali kuva mu 1994 ubwo yaririmbaga muri Omega Choir. Ibi bisobanuye ko umuziki muri rusange awumazemo imyaka irenga 30. Theo Bosebabireba [Papa Eric] ukunzwe cyane mu Karere, amaze gukora indirimbo amagana zahinduye […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 3 Ukwakira
Turi ku wa 03 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 276 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 89 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1990: Repubulika Iharanira Demokarasi y’u Budage yakuweho ihinduka Repubulika y’Abaturage y’u Budage, uwo munsi unahindurwa uw’ubumwe bw’icyo gihugu.1993: Abasirikare 18 ba Amerika n’abanya-Somalia barenga 350 […]
Bakubiswe n’inkuba ubwo barebaga umukino wahuzaga ikipe ya APR FC na Pyramid Fc
Abaturage 16 bo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Kabarondo, barebaga umukino wa CAF Champions League wahuzaga APR FC na Pyramids FC, bakubiswe n’inkuba umunani barakomereka ndetse banajyanwa kwa muganga. Ibi byabaye ku wa Gatatu tariki ya 1 Ukwakira 2025 mu Mudugudu wa Kabuye mu Kagari ka Kabura mu Murenge wa Kabarondo mu Karere […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 2 Ukwakira
Turi ku wa 2 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 275 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 90 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wo kuzirikana ibikorwa byo kwigaragambya mu mutuzo, mu rwego rwo kwizihiza ubuzima bwa Mahatma Gandhi wayitangije.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1990: Fred Gisa Rwigema wari umaze umunsi […]
Amatike y’injira mu gitaramo cy’umuramyikazi Jesca Mucyowera yashyizwe hanze
Mucyowera Jesca ni umuririmbyi w’umuhanga akaba n’umwanditsi mwiza w’indirimbo za Gospel. Ni we wanditse ‘Shimwa’ ya Injili Bora yamamaye cyane. Avuga ko kuririmba abikora agamije kuramya no guhimbaza Imana ndetse no kwagura ubwami bwayo. Ni umubyeyi w’abana 4 yabyaranye n’umugabo we Dr Nkundabatware Gabin bashakanye mu 2015. Arasaba abakunzi be gukomeza kumushyigikira bakareba ibihangano bye […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 1 Ukwakira
Turi ku wa 1 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 274 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 91 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni Umunsi mpuzamahanga wahariwe abageze mu zabukuru.Ni n’umunsi mpuzamahanga wa kawa.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1990: Ingabo za RPA zari zishamikiye kuri FPR-Inkotanyi, zatangiye urugamba rwo kubohora igihugu ubwo isasu […]