11 September, 2026
2 mins read

“Ukorera neza abandi nawe azabigirirwa” mu bibazo bikomeye Theo Bosebabireba arimo yahawe miliyoni 1 n’Itorero rya Bishop Prof. Fidèle Masengesho

Uramutse  ukurikira ibitangazamakuru bitandukanye ntabwo wabura kuba uzi ko Theo Bosebabireba afite ikibazo kimukomereye aho umugore we Mushimyimana Marie Chantal arwaye uburwayi bw’impyiko kuva mu Ugushyingo 2024.  Amaze igihe akorerwa ‘Dialyse’ inshuro eshatu mu cyumweru, kugeza magingo aya. “Dialysis” ni uburyo bwo gusukura amaraso iyo impyiko z’umuntu zitagikora neza. Mu buryo busanzwe, impyiko zikora akazi ko gukura imyanda mu […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 22 Ukwakira

Turi ku wa 22 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 295 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 70 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1943: Laos yabonye ubwigenge, yigobotora ubukoloni bw’u Bufaransa.1960: Mali yabonye ubwigenge, yigobotora ubukoloni bw’u Bufaransa.2014: Michael Zehaf-Bibeau yagabye Igitero ku Nteko Ishinga Amategeko ya Canada, […]

7 mins read

Musenyeri Mbanda yavuze ku mvururu ziri mu itorero ry’Angilikani

Arikiyepisikopi w’Itorero Angilikani ry’u Rwanda, Dr. Mbanda Laurent, yatangaje ko nta byacitse kuba umuntu yabazwa inshingano, yongera kuvuga ko niba hari umukozi w’Imana ushaka gukora atabazwa inshingano igihe cye cyarangiye. Ibi yabigarutseho kubera umwuka mubi uri mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda, wadutse nyuma y’uko uwahoze ari umushumba wa Diyoseze ya Shyira, Dr. Mugisha Samuel, atawe […]

1 min read

Ibyago biterwa no gukoresha imbugankoranyambaga mu masaha y’ijoro: Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’abahanga bo muri Kaminuza ya Bristol mu Bwongereza bwagaragaje ko gukoresha imbuga nkoranyambaga nijoro, cyane cyane kwandika, bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima bwo mu mutwe. Ibyavuye muri ubu bushakashatsi byerekanye ko abantu bakoresha izo mbuga hagati ya Saa Tanu z’ijoro na Saa Kumi za mu gitondo baba bafite ibyago byinshi byo […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 20 Ukwakira

Turi ku wa 20 Ukwakira 2024. Ni umunsi wa 293 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 72 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe ibarurishamibare.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1996: Hashinzwe Umuryango w’Abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, AERG.1991: Abarenga 1000 bahitanywe n’umutingito mu Buhinde.2022: Liz Truss yeguye ku […]

3 mins read

Itangwa ry’indangamuntu y’ikoranabuhanga riregereje

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko mu gukora indangamuntu y’ikoranabuhanga hazifashishwa imashini zigera ku 1000 mu gukusanya amakuru azifashishwa kandi ko nyuma yo gufotora ibyo bikoresho bizaguma mu tugari kugira ngo bizajye byifashishwa bitandukanye n’uko byari bimeze ubu. Byagarutsweho na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, ubwo yari mu Nteko Ishinga Amategeko atanga ibisobanuro ku bibazo Abadepite […]

2 mins read

Imbamutima za Tonzi na Bosco Nshuti nyuma yo gutaramira mu Bubiligi

Iki gikorwa cyabaye ku wa Gatandatu tariki 11 Ukwakira 2025, kibera mu rusengero rwa Zion Temple Brussels. Cyari kigizwe n’ibice bibiri: igice cya mbere cyari ibiganiro byahurijwemo abantu b’ingeri zinyuranye, naho icya kabiri cyari igitaramo cyaranzwe n’indirimbo zubaka umutima, urukundo n’ubusabane hagati y’abitabiriye n’abaramyi. Abaramyi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Uwitonze Clémentine uzwi cyane […]