11 September, 2026
1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 24 Ukuboza

Turi ku wa 24 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 358 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi irindwi ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Muri Libya barizihiza ubwigenge babonye mu 1951 bigobotoye ubukoroni bw’u Butaliyani.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1924: Albanie yahindutse Repubulika.1929: Muri Argentine habaye ubwicanyi bwahitanye umukuru w’igihugu.1978: Habyarimana wiyamamazaga wenyine, yatowe […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 23 Ukuboza

Turi ku wa 23 Ukuboza, 2025. Ni umunsi wa 357 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi umunani ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Muri Sudani zombi bawizihiza nk’uwahariwe abana muri ibyo bihugu.Ibi ni Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1954: Umuntu wa mbere yahawe insimburangingo y’impyiko birakunda, bikozwe na Hartwell Harrison hamwe na Joseph Murray.1970: Repubulika […]

2 mins read

Umuramyi Israel Mbonyi agiye gukomereza ibitaramo bye mu magororero yo mu Rwanda

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Mbonyi yavuze ko atari ubwa mbere akoreye ibitaramo mu magororero, ahubwo ko asanzwe abikora, gusa kuri iyi nshuro akaba yarafashe icyemezo cyo kubigira gahunda ihamye izajya iba buri mwaka, aho kubikora rimwe na rimwe. Yasobanuye ko igitekerezo cyo gusubira gutaramira mu magororero cyaturutse ku byiza n’umunezero yabonye ubwo yari yahataramiye mbere, […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 20 Ukuboza

Turi ku wa 20 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 354 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 11 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe gufasha abakene.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1978: Perezida Habyarimana yashyizeho Itegeko Nshinga rishya ryanditswe n’Umubiligi Filip Reyntjens, rishimangira umurongo wo gukumira Abatutsi.2012: Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 19 Ukuboza

Turi ku wa 19 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 353 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 12 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka.1983: Habyarimana wiyamamazaga wenyine, yongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda.1907: Abantu 239 biganjemo abimukira baguye ahacukurwaga nyiramugengeri muri Leta ya Pennsylvania.1932: Radiyo y’Abongereza, BBC, yatangiye gutanga […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 18 Ukuboza

Turi ku wa 18 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 352 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 13 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bw’abimukira.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka.1955: Aloys Bigirumwami yimitse umusuwisi André Perraudin wabaye umushumba wa Kiliziya Gatolika mu Rwanda, akanayobora by’umwihariko Diyosezi ya […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 17 Ukuboza

Turi ku wa 17 Ukuboza umwaka wa 2025. Ni umunsi wa 351 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 14 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga uzwi nka “D17” aho wahariwe kurwanya ihohotera rikorerwa abakora uburaya n’abakina filimi z’urukozasoni.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka.1978: Mu Rwanda Habaye amatora ya Referandumu, Itegeko […]