10 September, 2026
1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 21 Gashyantare

Turi ku wa 21 Gashyantare 2026.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe ururimi gakondoIbi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1952: Guverinoma y’u Bwongereza ubwo yayoborwaga na Winston Churchill, yakuyeho itangwa ry’Indangamuntu mu rwego rwo kwimakaza ubwisanzure muri icyo gihugu.1974: Abasirikare ba nyuma ba Israel bavuye mu Bunigo bwa Suez nyuma yo kugirana amasezerano na Misiri batacanaga […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 20 Gashyantare

Turi ku wa 20 Gashyantare 2026.Ni umunsi mpuzamahanga witiriwe Ubutabera mu Mibereho harwanywa ubusumbane, bwaba ubushingiye ku gitsina, ku kazi n’ibindi.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1933: Mu ibanga rikomeye, Adolf Hitler yahuye n’abanyenganda bo mu Budage ngo batere inkunga y’amafaranga ishyaka ry’Aba-Nazi mu matora yendaga kuba.1998: Tara Lipinski wari ufite imyaka 15 […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 19 Gashyantare

Turi ku wa 19 Gashyantare 2026.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1962: Mu Rwanda hasohotse Iteka rya Perezida Kayibanda ryashyiragaho umusoro w’inka aho imwe yasoreshwaga 135 Frw buri mwaka.1995: Nyuma y’uko Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe n’Ingabo za RPA, ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi byakusanyije miliyoni 600 z’amadolari ya Amerika mu rwego rwo gufasha […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 18 Gashyantare

Turi ku wa 18 Gashyantare 2026. Gambia irizihiza ubwigenge yabonye mu 1965 yigobotoye ubukoloni bw’u BwongerezaIbi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2025: U Rwanda rwahagaritse ubufatanye bwose rwari rufitanye n’u Bubiligi mu mishinga y’iterambere kuva mu 2024-2029.1957: U bwongereza bwakolonizaga Kenya, bwishe Dedan Kimathi wari uyoboye abarwanyaga kugengwa n’abazungu mi cyiswe Mau Mau.2010: […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 17 Gashyantare

Turi ku wa 17 Gashyantare 2026.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1964: Léon M’ba wayoboraga Gabon, yahiritswe ku butegetsi na Jean-Hilaire Aubame.1979: Intambara y’u Bushinwa na Vietnam yaratangiye.2006: Inkangu ikomeye yishe abantu 1126 muri Philippines.2008: Kosovo yabonye ubwigenge yigobotoye ubukoloni bwa Serbie.2016: Imodoka za gisirikare zasandariye mu birindiro bya gisirikare mu murwa mukuru […]

2 mins read

“Imbuto mwera nizo zikwiye kugaragaza ko mukunda Bikira Mariya” Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa

Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa akaba Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yabwiye abanyeshuri biga mu Ishuri ryisumbuye rya ETG Gitumba rifite icyiciro rusange gusa kigamo abanyeshuri bagera kuri 400 ko kuvuga ko bakunda Bikira Mariya bigomba kugaragazwa n’imbuto bera. Yabigarutseho ku wa Gatandatu tariki ya 14 Gashyantare 2026, ubwo hahimbazwaga Umunsi Mukuru wa Bikira Mariya Nyina […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 14 Gashyantare

Turi ku wa 14 Gashyantare 2026.Umunsi mwiza w’abakundana “witiriwe” Mutagatifu Valantin ku bawizihiza.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1997: Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Kofi Annan yatoranyije abantu batanu mu kanama gashinzwe umutekano aho bahawe inshingano zo gukurikirana amakuru yavugaga ko igisirikare cya Leta ya Kinshansa giha inkunga y’intwaro abo muri FDLR basize bakoze […]

1 min read

Icyo Pasiteri Rutayisire avuga ku bagabo bakoresha Viagra batera akabariro

Pasiteri Dr. Antoine Rutayisire, yagaragaje ko bibabaje kubona abantu bayoboka umuti witwa ‘viagra’ wongerera imbaraga abagabo mu gutera akabariro, ndetse agaragaza ko n’abayicuruza baba bagamije indonke kurusha gutanga ubuvuzi. Mu kiganiro yagiranye na KT Radio, Dr. Antoine Rutayisire yagaragaje impungenge zitangirira ku kuba abantu batangira gukoresha ‘viagra’ bataranamenya niba bafite ikibazo gikeneye imiti y’inyunganizi. Ati […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 12 Gashyantare

Turi ku wa 12 Gashyantare 2026.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya ishyirwa ry’abana bari munsi y’imyaka 18 mu gisirikare.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2025: Indege yihariye y’Ikigo Abercrombie & Kent, kiri mu bya mbere mu Isi bitwara ba mukerarugendo bakomeye, yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali itwaye 45 bo ku rwego ruhanitse […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 11 Gashyantare

Turi ku wa 11 Gashyantare 2026.Ni Umunsi Mpuzamahanga wahariwe abagore n’abakobwa biyeguriye ibijyanye na Siyansi.Ibi ni bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka2025: Mu Karere ka Rulindo ko mu murenge wa Rusiga ho Ntara y’Amajyaruguru habereye impanuka y’imodoka ya bisi yari itwaye abagenzi bava i Kigali berekeza i Gisenyi, abantu 20 bahasiga ubuzima abandi […]