Kiriki akomeje kwitabira ibiterane bikomeye nk’umubwiriza butumwa birimo nibibera hanze y’u Rwanda
Igicaniro cy’Ubutumwa bwiza kigiye kubera muri Uganda Umukozi w’Imana, Missionary Kiriki, ategerejwe muri icyo giterane gikomeye cy’iminsi itatu kizabera muri Uganda, ahazwi nka Nakivale mu itorero Shiloh Revival Ministry, kuva ku itariki ya 26 kugeza ku ya 28 Nzeri. Iki giterane cyahawe izina Igicaniro with Missionary Kiriki, kikazaba gifite insanganyamatsiko igira iti: Impano n’Agakiza ishingiye […]
Abaramyi n’abavugabutumwa bakomeye Confi, ndutira na kabaganza berekeje muri kenya mu giterane kidasanzwe
Kuramya Bikora ku Mutima w’Imana: abakozi b’Imana mw’ivugabutumwa n’umuziki ku ruhimbi rumwe muri KenyaMu mezi ari imbere, kuva ku wa 12 kugeza ku wa 14 Nzeri 2025, Grace Tabernacle Ministry of Jesus Christ – Nyamavilla izakira igiterane gikomeye cyiswe Kuramya Bikora ku Mutima w’Imana kizabera muri Kenya guhera saa 9:00 z’amanywa (3PM). Iki giterane cyateguwe […]
Korali Jehovah jireh ya ULK yakubiye amashimwe mu ndirimbo Aho ugejeje ukora yakiranywe ubwuzu na benshi
JEHOVAH JIREH CHOIR ULK YASOHORANYE N’AMASHIMWE MENSHI MU NDIMBO NSHYA “AHO UGEJE UKORA ”Korali Jehovah Jireh Choir ULK, imaze igihe izamura izina ry’Imana mu ndirimbo zayo zifite ubutumwa bukomeye, yongeye gutera intambwe idasanzwe isohora indirimbo nshya yitwa “Aho Ugejeje Ukora” Iyi ndirimbo irimo amagambo yuzuye amashimwe n’icyizere, ishimangira ko Imana ikora ibikomeye mu buzima bw’abizera, […]
Umuhamagaro wa Himbaza Claude ukora ivugabutumwa mu buryo butangaje
Claude Himbaza yashyize hanze indirimbo nshya “Ndi Umunyamugisha”Claude Himbaza, umuramyi ukunzwe cyane muri ADEPR Kicukiro Shell, yongeye gushimangira umwanya afite mu muziki uhimbaza Imana, asohora indirimbo nshya yise Ndi Umunyamugisha. Iyi ndirimbo ikubiyemo ubutumwa bwo gushima Imana ku byo ikora mu buzima bw’abayizera, kandi yanditse mu buryo bworoshye bunoze, butuma buri wese ayumva neza. Uyu […]
Korali Elayo ADEPR Gatenga ikomeje kurangwa n’umurava n’ubutumwa bunyura mu ndirimbo
Korali Elayo ADEPR Gatenga Yasohoye Indirimbo Nshya “Mu Cyari”Korali Elayo ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR Gatenga imaze imyaka itari mike izwi mu ndirimbo zafashije imitima ya benshi mu Rwanda no hanze yarwo, harimo “Uri Mana”, “Nta Yindi Mana” ndetse n’“Isezerano”. Kuri ubu yongeye gushyira hanze indirimbo nshya yise “Mu Cyari”, ikorwa mu majwi n’amashusho yuje […]
Grace Encounter 2025, African Gospel Giants Set for Powerful Day of Worship at Nyayo Stadium
Rose Muhando and Moses Bliss to Share the Same Stage in Kenya at “Grace Encounter”An extraordinary moment in African gospel music history is set to take place in Nairobi, Kenya, as Grace Arena Ministries hosts the highly anticipated Grace Encounter on Saturday, 27th September 2025, at Nyayo Stadium. This free-entry event will bring together some […]
Umuhate n’umusanzu wa Byiringiro Zerubabel mu gushyira hanze indirimbo zifasha abakristo gukura
Byiringiro Zerubabel Yasohoye Indirimbo “Nyobora” Ishimangira Ubutumwa bwa Yohana 14:5-6 Umuramyi Byiringiro Zerubabel, wamenyekanye cyane mu ndirimbo “Ikimenyetso”, yongeye kugaragaza impano ye idasanzwe mu muziki uhimbaza Imana, asohora indirimbo nshya yise “Nyobora”. Iyi ndirimbo ikubiyemo ubutumwa bukomeye bushingiye ku magambo ya Bibiliya yo muri Yohana 14:5-6,aho Yesu ubwe avuga ko ari we nzira, ukuri n’ubugingo.“Nyobora” […]
Umuhanzi ufite ishyaka, Gad Byiringiro, yifuza kugeza ubutumwa bwa Gospel ku mfuruka zose z’isi binyuze mu ndirimbo “Nyizera”
Gad Byiringiro yashyize hanze indirimbo nshya yitwa “Nyizera”, agaragaza icyerekezo gishya mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana gad Byiringiro, umuramyi ukunzwe cyane mu muziki wa Gospel mu Rwanda, yongeye gushyira hanze indirimbo nshya yise Nyizera, igamije gukomeza kubaka umutima w’icyizere n’ukwizera ku bakunzi b’umuziki uhimbaza Imana. Uyu musore wamenyekanye cyane mu ndirimbo Uzibuke akomeje […]
Korali Holy Nation igabanyije amatsiko y’abakunzi b’indirimbo z’Imana, itanga Isezerano ry’Umunsi w’amateka
HOLY NATION CHOIR YATANGAJWE N’ITARIKI IDASANZWE YO KUWA 25 UKWAKIRA 2025 Korali Holy Nation ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR Gatenga yongeye gushimangira izina ryayo mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, itangaza ko tariki ya 25 Kanama 2025 izaba ari umunsi udasanzwe abantu bose bakwiye gutegereza n’amatsiko menshi. Iri tsinda ry’abaririmbyi n’abaririmbyi b’indirimbo z’Imana ryateguje […]
Fabrice Munyaneza, umuhanga mu kwandika no kuririmba indirimbo zihindura ubuzima yatangaje ikintu gishya mu ndirimbo ye
Minister Fabrice Munyaneza yashyize hanze indirimbo nshya yitwa Imirimo y’Imana (Jehovah)Minister Fabrice Munyaneza, umwanditsi w’indirimbo akaba n’umuramyi uzwi cyane mu muziki uhimbaza Imana, yashyize hanze indirimbo nshya yise Imirimo y’Imana (Jehovah). Iyi ndirimbo yaje yunganira izindi nyinshi amaze gukora zamuhesheje izina rikomeye mu gukorera Imana, zirimo nka Ni Muzima, Intebe n’izindi zagiye zikora ku mitima […]