Shalom Choir yambariye kuzafatanya na Shiloh Choir muri Expo Ground
Urukundo rwa Chorale Shiloh na Chorale Shalom rukomeje kwiyongere cyane kubwi bikorwa bakorana bamamaza ubutumwa bwiza Chorale Shiloh ya ADEPR Muhoza ikomeje kugaragaza umusaruro ukomeye mu murimo w’Imana, aho ubu yateguye igitaramo gikomeye cyiswe The Spirit of Revival Concert Edition 7 giteganyijwe kubera kuri Expo Ground i Gikondo, tariki ya 12 Ukwakira 2025, guhera saa […]
Ben na Chance bakomeje gukoreshwa n’Imana ibidasanzwe mu kwandika indirimbo nziza
Mu Rwanda, abakunzi b’umuziki bategereje ibihangano by’umwihariko bya Ben na Chance abahanzi bazwi cyane ku isi mu gukora indirimbo zihindura ubuzima. Aba bombi bafite umwihariko utandukanye mu muziki wa gospel, barangwa no gushyira umutima mu nyandiko zabo, bagatanga ubutumwa bufite ishusho y’ukuri kandi bufite imbaraga zikomeye. Ben na Chance ni couple yamenyekanye cyane kubera ubuhanga […]
Igitaramo gikomeye cya chorale baraka ADEPR nyarugenge Kizaba cyirimo indirimbo shya yitwa “Inyabushobozi”
Amashusho y’inkuru: Chorale Baraka ADEPR Nyarugenge yashyize hanze indirimbo nshya yitwa “Inyabushobozi” iri kwitegura igitaramo gikomeye kizwi nka “Ibisingizo Live Concert”. Ibi birori byitezweho kuzaba ku itariki ya 4 na 5 Ukwakira 2025, mu mujyi wa Nyarugenge, ahazwi nka ADEPR Nyarugenge. Iyi chorale izwiho gukora indirimbo zihimbaza Imana zirimo “Urukundo”, “Amateka”, “Yesu Abwira Abigishwa Be”, […]
Amatike y’igitaramo cya Ambassadors of Christ i Kampala arimo gushira vuba
AMABASSADORS OF CHRIST CHOIR IGIYE GUKORERA IGITARAMO CY’AMATEKA I KAMPALA Korari ikomeye yo mu Itorero rya Adventiste b’Umunsi wa Karindwi, Ambassadors of Christ Choir imenyerewe mu ndirimbo zakunzwe cyane nka Mariya, Reka dukore, Ibyo unyuramo n’izindi nyinshi, igiye gukorera igitaramo gikomeye mu mujyi wa Kampala muri Uganda. Iki gitaramo cyiswe “This Far By Grace Concert” […]
Jado Sinza na Esther bashyize hanze indirimbo shya yitwa Ni nziza mu byishimo byo kwibaruka imfura
Jado Sinza na Esther bashyize hanze indirimbo nshya bise Ninziza ,Mu gihe umuryango w’umuramyi Jado Sinza n’umugore we Esther ukiri mu byishimo byo kwibaruka imfura yabo, aba bombi bashyize hanze indirimbo nshya bise Ninziza. Ni indirimbo yuzuyemo ubutumwa bw’ishimwe no gushimira Imana ku rukundo n’imigisha yabahaye muri iki gihe cyihariye mu buzima bwabo.Jado Sinza na […]
Hatangajwe itsinzi ya Dorcas kamikazi ubarizwa mu tsinda ryitwa “Vestine and Dorcas”
Dorcas wo muri Vestine & Dorcas Yasoje Amasomo Yisumbuye Anatsinda Neza, Umuramyi Kamikazi Dorcas umwe mu bagize itsinda rya Vestine & Dorcas yasoje amasomo yisumbuye muri uyu mwaka ndetse byatangajwe ko yatsinze neza mu bizamini bya Leta. Ni intambwe ikomeye yerekana ko ari umunyempano utagarukira gusa mu muziki, ahubwo anakora cyane kugira ngo agere ku […]
Pasiteri B. David yasobanuye impinduka ku giterane cya ADEPR Gatenga Nyota ya Alfajiri
Itangazo ryaturutse muri ADEPR Gatenga rimenyesha abakristo bose n’abandi bari bategereje igiterane cyagombaga kuba kuva ku wa 5 kugeza ku wa 7 Ukwakira 2025, ko habaye impinduka bitewe n’ibihe by’akababaro byabaye mu muryango wa Korali Nyota ya Alfajiri. Umubyeyi wa Perezida w’iyo korali yitabye Imana ku Cyumweru, tariki ya 31 Kanama 2025.Kubera ibyo byago bikomeye, […]
New melody choir na Jonathan nish bemeye gukoreshwa n’Imana mu buryo budasanzwe muri “THE UPPER ROOM WORSHIP EXPERIENCE”
Voice of Angels Family yatangaje igitaramo gikomeye cyo kuramya no guhimbaza ImanaUmuryango wa Voice of Angels Family watangaje igitaramo gikomeye bise “The Upper Room Worship Experience” kizaba ku Cyumweru tariki ya 7 Nzeri 2025, kikabera mu rusengero rwa UEBR Kigali guhera saa munani z’amanywa (14:00). Ni igiterane cyitezweho guhuriza hamwe abakunzi b’indirimbo z’Imana mu rwego […]
Umuramyi Ghad Kwizera na Moise bahurije hamwe impano ikomeye no kwamamaza Yesu
Umuramyi Ghad Kwizera yashyize hanze indirimbo nshya afatanyije na Ishema Moïse, indirimbo iri mu rwego rwo gukomeza kwamamaza ubutumwa bwiza no guhamagarira abantu benshi kwizera Yesu Kristo. Ghad Kwizera ni izina ryamaze kumenyekana cyane mu muziki wa gospel mu Rwanda no hanze yarwo, binyuze mu ndirimbo ze zakunzwe cyane nka Aracyatemba, Urukundo n’izindi nyinshi zakomeje […]
Korali Nyota ya Alfajiri yatumiye ama Korali n’ababwiriza butumwa batandukanye
Korali Nyota ya Alfajiri ibarizwa muri ADEPR Gatenga yateguye igitaramo gikomeye cyiswe IBIHAMYA Live Concert Edition ya 3, kizabera kuri ADEPR Gatenga kuva ku itariki ya 5 kugeza ku ya 7 Nzeri 2025. Iki gitaramo kitezweho guhuriza hamwe abaririmbyi, abashumba n’abakirisitu mu kuramya no guhimbaza Imana mu buryo budasanzwe.Iki gitaramo kizatangira ku wa Gatanu tariki […]