Category: UMUCO N’AMATEKA
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 2 Nzeri
Turi ku wa 2 Nzeri 2026.Ni umunsi wa 245 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 120 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1998: Jean Paul Akayesu wayoboraga Komini ya Taba mu 1994, yahamwe n’ibyaha 9 bijyanye na Jenoside akatirwa na TPIR gufungwa burundu, ari na we muntu wa […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 1 Nzeri
Turi ku wa 1 Nzeri 2026.Ni umunsi wa 244 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 121 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi wizihizwa hirya no hino ku Isi nk’uwahariwe kwandikirana amabaruwa hakoreshejwe intoki.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1923: Imijyi ya Tokyo na Yokohama mu Buyapani yibasiwe n’umutingito wahitanye abantu ibihumbi 105. […]
Umunsi nk’uyu mu mateka : Tariki ya 31 Kanama
Turi ku wa 31 Kanama 2026.Ni umunsi wa 243 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 124 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1995: Pierre-Célestin Rwigema yagizwe Minisitiri w’Intebe. 2021: Dr Jean Damasccène Bizimana wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside, yagizwe Minisitiri wa mbere wa Minisiteri […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 30 Kanama
Turi ku wa 30 Kanama 2026.Ni umunsi wa 242 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 123 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni Umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana abantu baba baraburiwe irengero hirya no hino ku Isi.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2017: Edouard Ngirente yatangiye inshingano nka Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, imirimo yakoze kugeza […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 29 Kanama
Turi ku wa 29 Kanama 2026.Ni umunsi wa 241 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 124 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wo kurwanya igerageza ry’ikoreshwa ry’intwaro za kirimbuzi.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2021: Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriye mu Rwanda.1912: […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 23 Kanama
Turi ku wa 23 Kanama 2026.Ni umunsi wa 235 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 130 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni Umunsi Mpuzamahanga wo kwibuka aba abaguye mu bikorwa by’ubucakara hanazirikanwa abaharaniye ihagarikwa ryabwo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1990: Arménie yabonye ubwigenge yigobotora ubukoloni bwa Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyete.1990: U Budage […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 19 Kanama
Turi ku wa 19 Kanama 2026.Ni umunsi wa 231 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 134 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Ibikorwa by’Ubugiraneza ku Isi.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1934: Mu Budage hatowe referandumu yemerejwemo ko Adolf Hitler ari we mukuru w’igihugu.1978: Muri Iran, ahitwa Cinema Rex hafashwe […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 15 Kanama
Turi ku wa 16 Kanama 2026.Ni umunsi wa 226 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 138 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Umunsi Mwiza ku bizihiza Isubira mu Ijuru rya Bikiramariya.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1982: Bikiramariya yabonekeye abakobwa batatu i Kibeho.1947: U Buhinde bwabonye ubwigenge bwigobotoye ubukoloni bw’u Bwongereza bwari bumaze imyaka […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 14 Kanama
Turi ku wa 14 Kanama 2026.Ni umunsi wa 225 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 139 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Pakistan irizihiza ubwigenge yabonye yigobotoye ubukoloni bw’u Bwongereza mu 1947.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2004: Ingabo z’u Rwanda zatangiye kujya mu butumwa bwo kugarura no kubungabunga amahoro, aho zahereye i Darfur […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 13 Kanama
Turi ku wa 13 Kanama 2026.Ni umunsi wa 224 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 140 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni Umunsi Mpuzamahanga w’abantu bakoresha ukuboko kw’imoso.Ni n’Umunsi Mpuzamahanga wahariwe gutanga ingingo z’umubiri.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2004: I Burundi mu nkambi ya Gatumba yabagamo Abanyamulenge, hiciwemo abarenga 160 barimo abagore […]