Abakoresha Gmail bibwe amakuru na ba rushimusi bayifashisha mu nyungu zabo
Muri Kamena 2025, sosiyete ya Google yarinjiriwe, bitera impungenge ku mutekano wa konti za Gmail zisaga miliyoni 2,5. Itsinda rya ba rushimusi bo ku ikoranabuhanga ryitwa ShinyHunters ryabigezeho nyuma yo kwinjira mu bubiko bw’amakuru bwa Google, nyuma yo kubeshya umukozi w’iyi sosiyete agatanga amakuru ye [login details]. Google yemeje ko iki kibazo cyabaye muri Kanama […]
Hakozwe imashini izajya yuhagira umuntu ikanamuhanagura mu minota 15 gusa
Mu isi yihuta cyane aho buri munota ufite agaciro, isuku y’umuntu iri kurenga uburyo busanzwe bumenyerewe bwo kujya koga mu bwogero. Ubuyapani, igihugu kizwiho udushya n’ubuhanga buhanitse, cyongeye kugaragaza ubushobozi bwacyo mu guhanga igikoresho gishobora guhindura uburyo abantu basukura imibiri yabo buri munsi mu gihe gito cyane. Iyo mashini yiswe Mirai Ningen Sentakuki, yakozwe na […]
Jehovah Jireh Choir yatumiwe mu gitaramo kizihirizwamo Yubile y’imyaka 25 ya Korali Umusamariya Mwiza ya Remera
Korali Umusamariya Mwiza ikorera umurimo w’Imana muri EAR Remera – Giporoso, igiye kwizihiza Yubile y’imyaka 25 imaze ikorera ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no mu bikorwa by’urukundo. Iki gitaramo kizabera kuri EAR Remera Giporoso ku Cyumweru tariki ya 31 Kanama 2025, kuva Saa Yine za mu gitondo (10:00 AM) kugeza Saa Kumi n’Ebyiri z’umugoroba (6:00 PM). […]
Inkera y’Abahizi: Nyuma y’imvugo “Batashye uw’AbaRayon”, haba hagiye kwaduka indi igira iti: “Batashye uw’Abahizi?”
Nyuma yuko ikipe y’ingabo z’igihugu iteguye irushanwa ikarisoza ntamukino n’umwe itsinze n’amanota zero, bikomeje gutera impungenge abakunzi bayo ndetse n’abakurikira Football mu Rwanda bakemanga ubushobozi bw’amakipe yo mu Rwanda. Muri iri rushanwa ryitswe “Inkera y’Abahizi”, ikipe by APR FC yariteguye yarisoje itsindwa na Azam FC yo muri Tanzania naho Police FC yegukana igikombe. Kuri iki […]
“Rwanda is A Nation Close to God, A Nation Full of Love” – The Message of Apostle Dr. M. Rueal McCoy
Apostle Dr. M. Rueal McCoy from the United States of America, who has visited Rwanda twice (in 2024 and 2025), declared that Rwanda is “the land of a thousand hills, full of peace and love.” He last came to Rwanda during the “Thanks Giving Conference” at Revival Palace Community Church in Bugesera, held from August […]
FEASSA2025: U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri mu mikino y’amashuri
Amashuri ya International Technical School Kigali na APE Rugunga amwe mu yari ahagarariye u Rwanda, yegukanye ibikombe mu mukino wa Basketball mu mikino ihuza amashuri yo muri Afurika y’Iburasirazuba yaberaga muri Kenya. Izi ntsinzi zagezweho nyuma y’uko ku wa Gatanu ITS Kigali ku mukino wa nyuma wa Basketball ikinwa n’abakinnyi batanu, itsinze ishuri rya AMUS […]
Holidays in Museum: Imwe muri gahunda y’Inteko y’Umuco mu mu kurinda umurage ndangamuco w’u Rwanda
Inteko y’Umuco iri gutoza inahugura abana mu bice bitandukanye by’Igihugu aho batozwa imbyino gakondo Nyarwanda, ubuvanganzo, imyuga gakondo ndetse n’indangagaciro na kirazira z’umuco Nyarwanda. Bahabwa kandi ibiganiro byerekeye uburenganzira bw’umwana, kurwanya igwingira n’indwara zibasira abana, n’ubumenyi bw’ibanze mu gukumira inkongi n’impanuka zabera mu rugo. Ni muri gahunda yiswe Ibiruhuko ku Ngoro z’Umurage w’u Rwanda ( […]
Inkera y’Abahizi: AS Kigali mu nzira yo Guhiga andi makipe bahanganye
Nyuma yo gutsinda umukino wa Kabiri mu irushanwa “Inkera y’Abahizi” ryateguwe na APR FC yo yatsinzwe uwa Kabiri, AS Kigali ishobora kwegukana igikombe cy’iri rushanwa rizasozwa mu mpera z’iki cyumweru Kuri uyu wa Kane, tariki ya 21 Kanama 2025, ni bwo hakomeje irushanwa “Inkera y’Abahizi”, hakinwa imikino y’umunsi wa Kabiri w’irushanwa. AS Kigali yaje itumiwe […]
Kwayura kimwe mu bimenyetso byo kudasinzira neza
Hari abantu usanga mu masaha y’akazi cyangwa se igihe bari gukora ibindi bintu by’ingenzi bibasaba gutuza, bagira ikibazo cyo kwayura bya buri kanya ku buryo bagerageza no kubirwanya ariko bikanga. Iyo ibi bibaye, benshi batekereza ko ari umunaniro, bagatangira gushaka ibintu bituma badasinzira, nko kunywa ikawa, guhekenya shikarete n’ibindi, yarekera kwayura akumva ko ubwo birangiye. […]
U Buhinde: Umugore yasamye inda aho kujya muri nyababyeyi ijya mu mwijima
Mu Buhinde, abaganga batunguwe cyane no kubona umugore utwite inda y’ibyumweru 12 irimo ikurira mu mwijima we (intrahepatic ectopic pregnancy), aho kuba muri nyababyeyi nk’uko bisanzwe. Uwo mugore uri mu kigero cy’imyaka 30, ngo yari amaze iminsi afite ububabare bukabije mu nda, bikajyana no kuruka. Bwa mbere ajya kureba abaganga ngo bamufashe, ngo bamunyujije mu […]