Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 22 Ukwakira
Turi ku wa 22 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 295 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 70 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1943: Laos yabonye ubwigenge, yigobotora ubukoloni bw’u Bufaransa.1960: Mali yabonye ubwigenge, yigobotora ubukoloni bw’u Bufaransa.2014: Michael Zehaf-Bibeau yagabye Igitero ku Nteko Ishinga Amategeko ya Canada, […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 21 Ukwakira
Turi ku wa 21 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 294 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 71 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mu Burundi bizihiza ubuzima bwa Melchior Ndadaye wabaye perezida w’iki gihugu akicwa mu 1993 afite imyaka 40 y’amavuko.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2019: Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro […]
Musenyeri Mbanda yavuze ku mvururu ziri mu itorero ry’Angilikani
Arikiyepisikopi w’Itorero Angilikani ry’u Rwanda, Dr. Mbanda Laurent, yatangaje ko nta byacitse kuba umuntu yabazwa inshingano, yongera kuvuga ko niba hari umukozi w’Imana ushaka gukora atabazwa inshingano igihe cye cyarangiye. Ibi yabigarutseho kubera umwuka mubi uri mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda, wadutse nyuma y’uko uwahoze ari umushumba wa Diyoseze ya Shyira, Dr. Mugisha Samuel, atawe […]
Ibyago biterwa no gukoresha imbugankoranyambaga mu masaha y’ijoro: Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’abahanga bo muri Kaminuza ya Bristol mu Bwongereza bwagaragaje ko gukoresha imbuga nkoranyambaga nijoro, cyane cyane kwandika, bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima bwo mu mutwe. Ibyavuye muri ubu bushakashatsi byerekanye ko abantu bakoresha izo mbuga hagati ya Saa Tanu z’ijoro na Saa Kumi za mu gitondo baba bafite ibyago byinshi byo […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 20 Ukwakira
Turi ku wa 20 Ukwakira 2024. Ni umunsi wa 293 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 72 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe ibarurishamibare.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1996: Hashinzwe Umuryango w’Abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, AERG.1991: Abarenga 1000 bahitanywe n’umutingito mu Buhinde.2022: Liz Truss yeguye ku […]
Itangwa ry’indangamuntu y’ikoranabuhanga riregereje
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko mu gukora indangamuntu y’ikoranabuhanga hazifashishwa imashini zigera ku 1000 mu gukusanya amakuru azifashishwa kandi ko nyuma yo gufotora ibyo bikoresho bizaguma mu tugari kugira ngo bizajye byifashishwa bitandukanye n’uko byari bimeze ubu. Byagarutsweho na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, ubwo yari mu Nteko Ishinga Amategeko atanga ibisobanuro ku bibazo Abadepite […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 15 Ukwakira
Turi ku wa 15 Ukwakira 2025. Ni Umunsi wa 288 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 77 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore wo mu cyaro.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1970: Anouar el-Sadate yabaye perezida wa Misiri.1987: Thomas Sankara yahiritswe ku butegetsi bwa Burkina Faso n’uwari inshuti ye […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 14 Ukwakira
Turi ku wa 14 Ukwakira 2024. Ni umunsi wa 287 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 78 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe gukora ibintu bifite ubuziranenge.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1931: Umwami Yuhi V Musinga yirukanwe n’Ababiligi mu Rwanda, ahungira i Moba muri Congo. 2016: Perezida Kagame yatangije […]
Imbamutima za Tonzi na Bosco Nshuti nyuma yo gutaramira mu Bubiligi
Iki gikorwa cyabaye ku wa Gatandatu tariki 11 Ukwakira 2025, kibera mu rusengero rwa Zion Temple Brussels. Cyari kigizwe n’ibice bibiri: igice cya mbere cyari ibiganiro byahurijwemo abantu b’ingeri zinyuranye, naho icya kabiri cyari igitaramo cyaranzwe n’indirimbo zubaka umutima, urukundo n’ubusabane hagati y’abitabiriye n’abaramyi. Abaramyi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Uwitonze Clémentine uzwi cyane […]
Ibyishimo ni byose kuri Shiloh Choir y’i Musanze nyuma y’ibihe byiza yagiriye mu gitaramo yakoreye i Kigali
Abo nta bandi ni Shiloh Choir ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya Pantekote ry’u Rwanda (ADEPR), Ururembo rwa Muhoza, Paruwasi ya Muhoza, ku itorero rya Muhoza; ni mu karere ka Musanze. Yaririmbiye i Kigali, ikurirwa ingofero, inishyurira amafaranga y’ishuri abanyeshuri 13 mu gihe cw’umwaka wose. Tariki 12 Ukwakira 2025 izahora izirikanwa n’abakunzi b’umuziki wo kuramya […]