21 July, 2026
2 mins read

Urubyiruko rw’u Rwanda rwahawe andi mahirwe yo kwiga muri BahAfrica Films Academy

BAHAFRICA FILMS ACADEMY: Ishuri ryigisha Sinema no gutunganya Ibikorwa by’ikoranabuganga mu Rwanda BahAfrica Films Academy ikomeje gufungura amarembo ku rubyiruko rufite inyota yo kwiga no kwinjira mu ruganda rwa sinema n’itangazamakuru mu Rwanda. Ni ishuri ryigisha ibijyanye no gufata amashusho, kuyatunganya, gukora filime n’ibindi bijyanye n’itangazamakuru n’imyidagaduro.Iyi Academy, ifite icyicaro mu Rwanda, imaze kubaka izina […]

3 mins read

Guceceka bishobora kukubuza umugisha umuramyi Janvier Mwalimu asobanura ubutumwa bwe

Janvier Mwalimu, Umuramyi mu indirimbo zihimbaza Imana ukomoka i Rubavu, akomeje kwagura umuziki weAmakuru dukesha people TV avuga ko Umuramyi w’indirimbo z’Imana Janvier Mwalimu akomeje kwandika izina mu muziki wa Gikristo mu Rwanda, nyuma y’imyaka myinshi abarizwa muri Chorale Impuhwe yo mu Itorero rya ADEPR Rubavu. Uyu muramyi, uzwiho umurava no gukunda umurimo w’Imana, yatangiye […]

2 mins read

Chorale UMUCYO EAR Kabuga irahamagarira abakristo bose kwibera mu mashimwe hamwe n’indirimbo shya yitwa Ebenezer

CHORALE UMUCYO EAR Kabuga yashyize hanze indirimbo nshya yitwa “Ebenezer”Chorale UMUCYO EAR Kabuga ikomeje kwigaragaza nk’intsinda ryihariye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, nyuma yo gushyira hanze indirimbo nshya bise “Ebenezer”. Iyi ndirimbo ifite ubutumwa bukomeye bwo gushimira Imana ku byo yakoze byose no gusaba ko yakomeza kuba hafi y’abizera mu rugendo […]

2 mins read

Alicia na Germaine basigiye abakunzi babo impamba mbere yo gusubira kwiga

Mu karere ka Rubavu havutse impano nshya mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, ari bo Ufitimana Alicia na Ufitimana Germaine bavukana ndetse bakaba basanzwe bakorera umuziki mu itsinda ryabo ryitwa Alicia & Germaine. Aba bana b’Imana bamaze igihe gito mu muziki, ariko bageze ku rwego rwo guhembwa nk’“Umuhanzi mwiza wa Gospel” mu bihembo bya […]

3 mins read

Songs of Hope and Messages of Renewal: Turning Point in Worship 2025

Worship Gathering in Louisville to Feature Pastor Charles Mwungura and Singer Tumaini ByinshiLouisville, Kentucky — A special worship event titled “Turning Point in Worship: Mind, Body & Soul”is set to take place on September 28, 2025, at 5:00 PM at 239 Breckenridge Lane, Louisville, KY. The gathering will bring together believers for a transformative evening […]

2 mins read

Soleil na Yves Rwagasore bahuje imbaraga mu gushimangira ubutumwa bwiza mu ndirimbo nshya

“Elohim”: Indirimbo nshya ya Yves Rwagasore na Soleil ikomeje kugarura ibyiringiro mu mitima ya benshi.Umuramyi ukunzwe mu muziki wa wo kuramya Imana, Yves Rwagasore, afatanyije na Soleil, bashyize hanze indirimbo nshya bise “Elohim”, indirimbo ifite ubutumwa bukomeye bwo kuramya Imana ikomeye no kuyishyira hejuru mu buzima bw’abayizera. Iyo ndirimbo ikomeje gufasha abantu benshi mu gusobanukirwa […]

2 mins read

Ntuzibagirwe ineza y’Imana” Ubutumwa bukomeye bwa Elina Niyegana mu ndirimbo nshya

Elina Niyegana yashyize hanze indirimbo nshya yise “Ushimwe”Umuramyi Elina Niyegana, uzwi cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Ushimwe”. Iyo ndirimbo nshya ikubiyemo ubutumwa bwo gushimira Imana ku byo yakoreye abantu, aho umuhanzi yibutsa umutima we kutibagirwa ineza y’Imana no gukomeza kuyishimira mu bihe byose.Mu butumwa buri mu ndirimbo […]

2 mins read

Album nshya ya Tonzi izagaragaramo ubutumwa bwihariye bwo kwiringira Imana

Tonzi Yongeye Gushimangira Umusanzu We mu Muziki wo kuramya no guhimbaza Imana Umuhanzikazi Tonzi, uzwi cyane mu ndirimbo z’Imana n’ubutumwa bw’ubuzima bufite intego, yongeye kugaragara mu bikorwa bishya byo gukomeza gusangiza abakunzi b’umuziki indirimbo zifite ubutumwa bukora ku mitima. Kuri iyi nshuro, yashyize hanze urutonde rw’indirimbo zizaba zigize Album nshya, harimo Nzakurinda, Urufunguzo, Urukundo, Mubwire,na […]

2 mins read

Ubutabazi bw’Imana mu ndirimbo nshya ya James Ngabo “N’ibyose”

Ubutabazi bw’Imana mu ndirimbo nshya ya James Ngabo “N’ibyose” James Ngabo yashyize hanze indirimbo nshya yitwa N’ibyoseUmuhanzi w’umunyarwanda James Ngaho yashyize hanze indirimbo nshya yise N’ibyose indirimbo ifite ubutumwa bwimbitse bwo guhamya imbaraga n’ubutabazi bw’Imana mu buzima bw’umuntu. Ni indirimbo yaturutse ku buzima bwabayeho hagati y’inshuti eshatu, buri wese afite ibibazo bye bikomeye ariko bakajya […]