13 September, 2026
2 mins read

Menya byinshi ku ndwara ya PCOS ishobora gutera ubugumba

PCOS (Polycystic ovary syndrome) ni uburwayi bukunzwe kwibasira abagore n’abakobwa butuma ibihe byabo by’ukwezi bihindagurika cyane ndetse bikaba byabaviramo kubura urubyaro. Umukobwa wese ugeze mu gihe cy’ubwangavu atangira kubona impinduka zidasanzwe kuri we ndetse ni bwo atangira kwigishwa byinshi ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere kugira ngo asobanukirwe imvano y’impinduka yibonaho. Icyo gihe mu byo yigishwa harimo […]

2 mins read

Ni ikihe gihe cyiza cyo kwiyuhagira, mu gitondo cyangwa nimugoroba? Ubushakashatsi buvuga iki?

Hari abantu bamenyereye gukaraba mu gitondo, abandi bakabikorera nijoro. Ariko se, ni bande baba bari mu kuri? Mu buzima bwa buri munsi, koga umubiri wose ni kimwe mu bidufasha kugira isuku, gukuraho umwanda, ibyuya, amavuta asohorwa n’umubiri ndetse n’ibindi biva mu mwuka n’ikirere bigera ku ruhu. Gusa ikibazo gikunze kubazwa ni iki: “koga mu gitondo ni […]

1 min read

“Mbona Ijuru” Indirimbo nshya ubumbatiye ubutumwa bushingiye kuri Bibiliya

Basalel Choir ni Korale ikorera umurimo w’Imana mu Itorero rya ADEPR, ikaba imaze igihe kitari gito muri uyu murimo wo kogeza inkuru nziza biciye mu ndirimbo ndetse imenyerewe ku ndirimbo zifasha abatari bake. Ubu yasohoye indirimbo nshya “Mbona Ijuru”. Ni indirimbo iyi Korale yashyize hanze ku muyoboro wa Youtube isanzwe ishyiraho indirimbo ari wo “Baselel […]

1 min read

Umupadiri Guilherme Peixoto ubifatanya no kuvanga umuziki (DJ)

Guilherme Peixoto ni umupadiri wo mu gace ka Laundos mu Majyaruguru ya Portugal, umaze kubaka izina rikomeye ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gukora ibitamenyerewe, ubupadiri akabufatanya n’umwuga wo kuvanga imiziki (DJ).  Peixoto yatangiye gukunda ibyo kuvanga umuziki ubwo yari mu butumwa bwa gisirikare muri Afghanistan mu 2010. Icyo gihe ni we wateguraga ibirori byahuzaga abasirikare […]

1 min read

Mbere yuko ikina na Singida Bigirimana Abedi arashidikanywaho akaba yiyongera kubemejwe ko badahari

Byamaze kwemezwa ko Rayon Sports irakina na Singida Black Stars idafite myugariro Emery Bayisenge wiyongera kuri Fall Ngagne umaze igihe afite ikibazo cy’imvune. Rayon Sports kuri uyu wa Gatandatu saa moya biteganyijwe ko yakira Singida Black Stars mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Confederation Cup uzabera kuri Kigali Pele Stadium. Umutoza wa Rayon Sports, […]

2 mins read

AI mu nzira zo gutangira gukoreshwa mu kumenya ahazaza ha muntu: Ubushakashatsi

Abashakashatsi bavuze ko ubwenge bw’ubukorano (AI) bushobora kumenya ibibazo ubuzima bw’umuntu bushobora guhura nabyo mu myaka icumi iri imbere. Ubu buryo bushya bwitezweho gutahura imiterere y’ubuvuzi bw’abantu kugira ngo bugaragaze ibyago byo kurwara indwara zirenga 1,231. Abashakashatsi bavuga ko ubu buryo bwagereranywa n’uko iteganyagihe ritangaza amaherezo, aho bashyiraho amahirwe yo kugwa kw’imvura ku kigero cya […]

3 mins read

Good News Choir ikomeje gusakaza urukundo rw’Imana mu ndirimbo “Shimwa”

Good News Choir ni Korali ikorera ubutumwa muri Paruwase St Dominique-Huye, ibinyujije mu ndirimbo cyane cyane izo mu ndimi z’amahanga, ikaba ikomeje gusakaza ubutumwa bwiza bw’Imana binyuze mu kuririmba urukundo rwayo mu ndirimbo bamaze iminsi basohoye “Shimwa”. Iyi Korale imaze igihe kitari gito kuko yatangiye mu mwaka wa 1997 igizwe n’abaririmbyi umunani, ubu ikaba ikomeje […]

2 mins read

Abagakwiye gusigasira Ururimi rw’Ikinyarwanda nibo barangaje imbere abarwica

Abenshi mu bakurirwa n’abandi barimo abahanzi, abanyamakuru, abarimu n’abavuga rikijyana, barashinjwa kuba intandaro yo kuvaga nabi no kwica ururimi rw’Ikinyarwanda ku rubyiruko. Ni bimwe mu byavuye mu bushakashatsi bwakozwe n’Inteko y’Umuco bwiswe: “Isuzumabipimo ku Murage Ndangamuco w’u Rwanda 2025, bwakorewe mu Turere twose tugize Igihugu. Bugaragaza ko urubyiruko ruri hagati y’imyaka 15-25 rungana na 20.5% […]

1 min read

“Imana iguhe umugisha kandi ikomeze ingabire binyuze mu kukugira iruhande rwanjye”. Nyuma yo gutangira kuririmba indirimbo zihimbaza Imana yateye indi ntambwe

Umuhanzi usigaye yariyeguriye indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Niyo Bosco yambitse impeta y’urukundo Umukamisha Irene bamaze igihe bakundana. Uyu muhanzi afashe icyemezo cyo gushimangura urwo akunda Mukamisha nyuma y’uko yari amaze iminsi mike ahishuriye abakunzi be ko uwo mukobwa yamutwaye uruhu n’uruhande. Ni ibyo yatangaje tariki 9 Nzeri 2025, ubwo yifurizaga uyu mukobwa kugira […]

1 min read

“Mfite Ibyiringiro” indirimbo nshya ya Korale Faradja irimo guhembura no Gukumbuza ijuru benshi

Mu majwi anogeye amatwi, Korale Faradja yongeye gukora mu nganzo maze igaragaza ubuhanga bwayo no gukomeza umurimo w’Imana, ishyira hanze indirimbo yayo nshya bise “Mfite Ibyiringiro”, ikaba ikomeje guhembura no gutanga ubutumwa bwiza ku bayumva. Ni indirimbo iyi Korale yashyize hanze kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Nzeri. Kuri ubu ikaba yageze ku rubuga […]