13 September, 2026
1 min read

ADEPR Ikomeje Kugaragaza Imbaraga z’Ivugabutumwa n’Iterambere mu Rwanda

Raporo y’Itorero yerekana ibikorwa byagutse mu ivugabutumwa, imibereho myiza y’abaturage n’iterambere ry’abayoboke yagaragaje n’Itorero ADEPR. Nubwo mu mwaka wa 2025 hari insengero zimwe zafunzwe, Itorero ADEPR rikomeje gukora umurimo w’ivugabutumwa n’imishinga y’iterambere ku buryo bwagutse kandi bufatika. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku wa 2 Ukuboza 2025, Umushumba Mukuru wa ADEPR, Reverend Isaïe Ndayizeye, yatangaje ko […]

2 mins read

CeCe Winans Yateguye Ibitaramo Bya Noheli “Christmas With CeCe Winans” Bizazenguruka Leta Zunze Ubumwe za Amerika

CeCe Winans, afatanyije na bashiki be Angie na Debbie, agiye kuzenguruka Amerika mu bitaramo byo kwizihiza Noheli, birimo indirimbo za kera zishushanyije bundi bushya n’ibihangano bye biheruka. Umuhanzikazi w’icyamamare muri Gospel, CeCe Winans, yatangaje urugendo rwe rwihariye rwa Noheli rwiswe “Christmas With Cece Winans” ruzenguruka Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Ukuboza 2025. Ni ibitaramo […]

4 mins read

Nimuramuka Ntimugakore Icyaha, Izuba Ntirikarenge Mukirakaye_Inama Nziza Ku Bashyingiranywe

Inama zubaka urugo zikomoka ku Byanditswe: uko Abefeso 4:26 n’andi masomo ya Bibiliya ayobora abitegura gukora ubukwe kubana mu mahoro, kubabarirana no kubana mu rukundo. Iki gitekerezo gikomoka muri Bibiliya. Abefeso 4:26 haragira hati: “Nimurakara ntimugakore icyaha, izuba ntirikarenge mukirakaye” Iki cyanditswe ni urutonde ruha abizera bo hambere amabwiriza yo kubaho mu buzima bwa gikristo. […]

1 min read

 “Jesus Is Love” Indirimbo Nshya ya Terrian Yibutsa ko Urukundo rwa Yesu Rukiza

Indirimbo nshya “Jesus Is Love” ya Terrian ishingiye ku magambo yo mu buhanzi agaragaza ko Yesu atajya acogora kwita ku bamwizera, anakomeza abantu mu bigeragezo kandi akagira urukundo rutunganye iteka ryose. Umuririmbyi Terrian yasohoye indirimbo nshya yitwa “Jesus Is Love”, igaruka ku butumwa bwimbitse bw’urukundo rwa Yesu rutajya ruhinduka, kandi rufasha abantu mu bihe byose, […]

1 min read

Good Paul Agiye Gusohora Album Nshya Yibutsa Ko Imana Iri Kumwe Natwe “Call it Christmas”

Mu mushinga we mushya wa Noheli, Paul agaragaza Emmanuel, Imana yabaye umuntu muri Yesu kandi ikaba ituye mu mitima y’abemera, ubutumwa bwuzuyemo ibyishimo, ibyiringiro n’umunezero wa Noheli. Umuhanzi Paul yatangaje ko album ye nshya yiswe Call it Christmas, umushinga wa Noheli wibutsa abakunzi be igisobanuro cy’ukuri cy’amazina ya Yesu, cyane cyane Emmanuel, risobanurwa ngo “Imana […]

3 mins read

Papa Leo XIV Yahamagariye Abakristo Guhurira i Yeruzalemu mu 2033

Nyuma y’imyaka 1,700 y’Inama ya Nisea, Umushumba wa Kiliziya Gatolika asaba amatorero yose kugaruka ku nkomoko y’ukwemera, bakitegurira hamwe Yubile y’Agakiza ya 2033. Ubutumwa bw’Ubumwe, Amahoro n’Ukwiyunga Mu butumwa bwuje ukwicisha bugufi n’icyifuzo cy’ubumwe, Papa Leo XIV yongeye gusaba Abakristu bo mu madini atandukanye gukora urugendo ruhuriweho, bagasubira mu Mujyi wa Yeruzalemu mu rwego rwo […]

1 min read

Phil Wickham Gutaramira i Los Angeles Hakazafatirwa n’Amashusho y’Igitaramo Cya Noheli

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Phil Wickham, yatumiye abafana be mu nyubako ya Wiltern Theater ku wa 14 Ukuboza aho ari gutegura gufatira amashusho y’igitaramo cya Noheli. Phil Wickham yatangaje ko ku wa 14 Ukuboza 2025 azafata amashusho y’igitaramo cya Noheli kizaba kibaye mu buryo bwa bw’imbona nkubone, kikazabera muri Wiltern Theater i […]

2 mins read

Yakabaye Yinjiza Afaranga Menshi_ Apulikasiyo Ya Bibiliya kuki Ikomeje Kuba Ubuntu?

Nubwo ikoranabuhanga ry’isi rishingira ku nyungu z’ubucuruzi, YouVersion yo yahisemo inzira idasanzwe, ihitamo inzira yo kugeza ijambo ry’Imana ku bantu bose ku buntu, idashaka inyungu z’amafaranga. Ni mu gihe yakabaye yinjiza amamiliyari menshi. Mu gihe isi y’ikoranabuhanga ikomeje kwihuta ndetse ibigo byinshi bikarushanwa mu gushaka inyungu z’ubucuruzi, hari urubuga rumwe rwahisemo kutajya muri iyo nzira. […]

3 mins read

Ntawemerewe Kuba Umuhanzi Ku Giti Cye Ataruzuza Imyaka 18_Ibyo Wamenya Ku Mabwiriza Mashya Aherutse Gushyirwa Hanze na ADEPR

Pasiteri Ndayizeye Isaïe avuga ko kuyobora muri ADEPR atari umuhamagaro gusa, ahubwo bisaba n’ubumenyi bufasha mu nshingano z’imiyoborere n’ubwitabire bw’amategeko y’Itorero. Umushumba Mukuru w’Itorero ADEPR, Pasiteri Ndayizeye Isaïe, yasobanuye ko impamvu abayobozi ba korali n’amatsinda y’abaririmbyi basabwa kuba bararangije ibyiciro runaka by’amashuri yisumbuye ari uko kuyobora abandi atari impano y’umwuka wera yonyine, ahubwo hakenerwa n’ubumenyi […]

2 mins read

Aho Ziri Tuzazifunga Bajye Basengera mu Rugo Rwose_Ahazaza H’insengero Zafunzwe

Nyuma y’isesengura rya RGB ryagaragaje ko insengero zisaga ibihumbi 9 zitujuje amabwiriza, Perezida Kagame yavuze ko atabona impamvu z’ingenzi zo kuzifungura, asaba abaturage kwibanda ku mirimo ibyara inyungu no kwirinda ububandi buvugwa muri zimwe muri zo. Mu kiganiro yahaye abanyamakuru ku wa 27 Ugushyingo 2025, Perezida Paul Kagame yatangaje ko gufungura cyangwa gufunga insengero zitubahiriza […]