Umushumba wa Kiliziya Gatolika Yashimangiye Umabare Umuntu Agomba Gushyingiranwa na Bo_Iteka Rya Papa Léon XVI
Iteka rya Papa Léon XIV risaba Abakirisitu barenga miliyari 1.4 kubaho mu gushyingiranwa kudasangizwa abandi no kwirinda ibikorwa byo gucana inyuma Mu itangazo ryashyizwe hanze n’ibiro bya Vatican bishinzwe inyigisho z’ukwemera, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yibukije abakirisitu ko urushako rutagomba gushingira ku mubare munini w’abantu, ahubwo ko umuntu umwe ahagije kugira ngo habeho […]
Miss Universe 2025 Fátima Bosch Yagaragaje Ukwizera Kwe Nyuma yo Kwegukana Ikamba
Umwamikazi w’isi mu mwaka wa 2025 yashimye Imana ku mugaragaro, ahamya ko Kristo ari Umwami nubwo irushanwa ryari ryuzuyemo amakimbirane Nyuma yo kwegukana ikamba rya Miss Universe 2025 mu irushanwa ryaranzwe n’amakimbirane, Fátima Bosch ukomoka muri Mexique yagaragaje ukwizera kwe abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, aho yashyize ubutumwa buhamya ko Imana ari yo yatumye atsinda. Ku […]
“Oya, nta dini ngira. Buri wese ntakwiriye kugira idini.”_Hon Tito Rutaremara
Mu kiganiro cyihariye yagiranye n’Ikinyamakuru KP Media24 kuri YouTube, Tito Rutaremara yatangaje ko adashingiye ku idini runaka kandi ko atemera Imana ku buryo busanzwe abantu bayemeramo. Nka Gospel Today News, tugendeye uko inyandiko nyinshi z’iyobokamana n’amasomo ku myemerere y’abantu nka Durkheim, The Elementary Forms of Religious Life zibigaragaza, abantu basenga kubera impamvu nyinshi zitandukanye zishingiye […]
Abantu Amagana Bakiriye Agakiza mu Giterane “Hearts on Fire”
Abantu barenga 13,000 bitabiriye igiterane “Hearts on Fire Student Conference” (HOF), inama nini y’urubyiruko y’ububyutse n’ivugabutumwa, aho amagana bafashe icyemezo cyo kwakira Yesu Kristo nk’Umwami n’Umukiza wabo. Iyi nama yitabiriwe n’abaturutse mu ntara 20 zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, iba tariki ya 21–22 Ugushyingo, muri LeConte Center, inyubako yakira inama n’ibitaramo iherereye muri […]
Indirimbo ya Salomo, Urukundo rurenze Amagambo: Indirimbo yo Kuramya Cyangwa Iy’urukundo Rusanzwe?
Nubwo itavuga izina ry’Imana mu buryo bweruye, iki gitabo gikomeje kwibazwaho: ni ubuvanganzo bw’urukundo rw’abantu cyangwa ni ishusho y’urukundo rwa Yahwe na Isirayeli cyangwa rwa Kristo n’Itorero? “Indirimbo ya Salomo”, ni kimwe mu bitabo bya Bibiliya bitera abantu benshi kwibaza igikubiyemo nyacyo. Bamwe bibaza niba ari indirimbo yo kuramya no guhimbaza Imana, cyangwa niba ari […]
Ikimenyetso cy’Ubumwe: Abaramyi b’Icyubahiro Bitabiriye Ubutumire Bwa Mugenzi Wabo Mbere y’Igitaramo
Mu mugoroba w’ibiganiro, ubuhamya n’urukundo rw’abakorera Imana, ubusabane bw’abaramyi b’ibikomerezwa bwabereye Mövenpick Hotel bwahurije hamwe amazina akomeye muri Gospel, mu rwego rwo gushima Imana no gushyigikirana mbere y’igitaramo “Niwe Healing Live Concert”. Tariki ya 22 Ugushyingo 2025, Richard Nick Ngendahayo utegerejwe muri BK Arena yakiriye ku meza bagenzi be bafatanyije guharurira abandi baramyi inzira bazanyuzamo […]
“Agira umutima mwiza, yaje no kudusura muri gereza.” Jangwani Frank Yashimagije Israel Mbonyi
Umuvugizi wa APR FC yagaragaje icyubahiro gikomeye afitiye Israel Mbonyi, amuvuga nk’umugabo ufite impano n’umugisha udasanzwe yahawe n’Imana akivuka Mu kiganiro cyihariye kuri One on One ya Narababwiye TV, umuvugizi wa APR FC Jangwani Frank, uzwi cyane nka Sir Jangwanovic, yagarutse ku muramyi Israel Mbonyi mu magambo akomeye, avuga ko impano ze n’ubuhanga bwe bishobora […]
Indashyikirwa mu Muziki wa Gospel: Ni Ayahe Matsinda y’Abakobwa Bavukana mu Rwanda?_Amafoto
Alicia na Germaine, Bonte na Bonnet, Hygette na Cynthia, Vestine na Dorcas ndetse na Blessed Sisters bari mu matsinda y’abakobwa bavukana akomeje kwigaragaza mu muziki wa Gospel mu Rwanda. Amateka yabo, impano n’uburyo bakurana umuco w’ubufatanye bituma bubaka amatsinda akomeye, mu gihe abahungu bo usanga bahuzwe n’imitima y’ubwigenge, amarushanwa yo kwiyubakira izina n’igitutu cy’imibereho, ibyatije […]
Kuki Mu Rwanda Hari Amatsinda Menshi y’Abakobwa Bavukana muri Gospel, Ariko Nta Na Rimwe Ry’Abasore Rihari?
Mu myaka ya vuba aha, umuziki wa Gospel mu Rwanda wungutse amatsinda y’abakobwa bavukana akomeje kwigaragaza no kuba inkomoko y’impinduka nziza mu muziki no mu rusengero. Ariko se, kuki nta y’abasore bavukana dufite? Amatsinda nka Vestine & Dorcas, Alicia & Germaine, Hygette & Cynthia, Bonte & Bonnet ndetse na Peace, Rebecca na Dorcas yerekanye ko […]
Amateka Y’impeta Y’ubukwe: Uko Impeta Yabaye Ikimenyetso Cy’urukundo Rudashira
Mu myaka ibihumbi, abashakanye hirya no hino ku isi bahisemo impeta z’ubukwe cyangwa iz’isezerano kugira ngo bagaragaze urukundo n’ubudahemuka. Ibi ni umuco umaze imyaka ibarirwa mu bihumbi uvugururwa uko ibihe bihinduka, ariko ubutumwa bwawo bw’ingenzi buguma ari: impeta ihagarariye isezerano ridashira. Impeta za mbere z’ubukwe zabayeho imyaka irenga 3,000 ishize. Inyandiko z’Abanyegiputa zo kuri papyrus […]