Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 15 Ukuboza
Turi ku wa 15 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 349 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 16 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe icyayi, wizihizwa mu bihugu bigihinga bikanagitunyanya.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1976: Hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’uwabaye Perezida w’u Rwanda, Kayibanda Gregoire bivugwa ko yaguye Kabgayi aho yari […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 14 Ukuboza
Turi ku wa 14 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 348 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 17 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe inkende.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka.2003: Uwari Perezida wa Pakistan Pervez Musharaf yarokotse igitero cyari kigamije kumuhitana.2004: Hatashywe ku mugaragaro ikiraro kirekire ku Isi, kibarizwa mu […]
Ababyeyi b’Intwaza bafashijwe na Unity Club Intwararumuri kwizihiza iminsi mikuru
Abanyamuryango ba Unity Club Intwararumuri basuye Urugo rw’Impinganzima rwa Bugesera, bifatanya n’ababyeyi b’Intwaza barubarizwamo kwizihiza iminsi mikuru babifuriza gusoza umwaka wa 2025 no gutangira neza umushya wa 2026. Ni igikorwa abanyamuryango ba Unity Club bakorera ababyeyi bagizwe incike na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, batujwe mu ngo z’Impinganzima za Huye, Nyanza, Bugesera na Rusizi buri […]
Umulisa Cynthia yongeye kugarukana imbaduko mu ruganda rwo gukora imiziki yo kuramya no guhimbaza Imana
Cynthia Umulisa amaze gukora indirimbo zitandukanye zakunzwe na benshi zirimo “Ni Yesu” yamwinjije mu muziki mu buryo bweruye, “Amasambu”, “Ubutayu”, “Ushuhuda”, “Ananipenda”, “Ubutware”, ndetse na “Ajya Arema Inzira” aherutse gushyira hanze. Ni urugendo rugaragaramo gukura no gukomera mu muhamagaro we wo kuririmbira Imana. Uyu mukobwa w’impano ibyibushye n’umutima mugari wo gutambira Imana, aherukaga kumvikana cyane mu 2023, ubwo […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 12 Ukuboza
Turi ku itariki ya 12 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 346 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 19 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kutabogama hagamijwe kwimakaza amahoro n’umutekano.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1964: Kenya yabaye Repubulika iyobowe na Jomo Kenyatta nka Perezida wayo wa mbere.2015: Hasinywe amasezerano ya […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 11 Ukuboza
Turi ku wa 11 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 345 mu minsi igize umwaka. hasigaye iminsi 20 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kumenyekanisha akamaro k’imisozi.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1999: Sonia Rolland ufite inkomoko mu Rwanda yatorewe kuba Nyampinga w’u Bufaransa.2020: Divine Ingabire yahawe igihembo cya ‘Human Rights […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 10 Ukuboza
Turi ku wa 10 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 344 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 21 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe uburenganzira bwa muntu.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1994: Maurice Baril wari umujyanama w’Umunyamabanga Mukuru wa Loni mu bya gisirikare, yasabye ko ingabo za UNAMIR zari zashyiriweho […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 9 Ukuboza
Turi ku wa 9 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 343 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 22 ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya ruswa.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1990: Lech Walesa yatorewe kuba perezida wa Pologne.1992: Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, John Major, yatangaje itandukana ry’Igikomangoma Charles na […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 7 Ukuboza
Turi ku ku wa 7 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 341 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 24 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe ibikorwa by’indege za gisivili.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2020: Muri Paruwasi ya Rwamagana, abagabo batandatu n’umugore umwe bireze bakemera icyaha, basabye imbabazi muri kiliziya imbere […]
Kiliziya Gatulika yizihije yubire y’imyaka 125 imaze mu murimo w’iyogeza butumwa inashimirwa n’umusanzu wayo itanga mu iterambere ry’Igihugu
Abakirisitu Gatolika, abayobozi mu nzego zitandukanye n’abandi bitabiriye misa yo kwizihiza Yubile y’impurirane irimo iy’imyaka 2025 y’Ubukirisitu ku Isi n’imyaka 125 ivanjiri igeze mu Rwanda, bishimira ibyo Kiliziya Gatolika imaze kugeraho. Ni ibirori byabereye muri Stade Amahoro, bihuriza hamwe abakirisitu ba Kiliziya Gatolika baturutse hirya no hino mu gihugu n’abandi batumiwe. Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin […]