11 September, 2026
1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 15 Ukuboza

Turi ku wa 15 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 349 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 16 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe icyayi, wizihizwa mu bihugu bigihinga bikanagitunyanya.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1976: Hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’uwabaye Perezida w’u Rwanda, Kayibanda Gregoire bivugwa ko yaguye Kabgayi aho yari […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 14 Ukuboza

Turi ku wa 14 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 348 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 17 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe inkende.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka.2003: Uwari Perezida wa Pakistan Pervez Musharaf yarokotse igitero cyari kigamije kumuhitana.2004: Hatashywe ku mugaragaro ikiraro kirekire ku Isi, kibarizwa mu […]

2 mins read

Ababyeyi b’Intwaza bafashijwe na Unity Club Intwararumuri kwizihiza iminsi mikuru

Abanyamuryango ba Unity Club Intwararumuri basuye Urugo rw’Impinganzima rwa Bugesera, bifatanya n’ababyeyi b’Intwaza barubarizwamo kwizihiza iminsi mikuru babifuriza gusoza umwaka wa 2025 no gutangira neza umushya wa 2026. Ni igikorwa abanyamuryango ba Unity Club bakorera ababyeyi bagizwe incike na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, batujwe mu ngo z’Impinganzima za Huye, Nyanza, Bugesera na Rusizi buri […]

2 mins read

Umulisa Cynthia yongeye kugarukana imbaduko mu ruganda rwo gukora imiziki yo kuramya no guhimbaza Imana       

Cynthia Umulisa amaze gukora indirimbo zitandukanye zakunzwe na benshi zirimo “Ni Yesu” yamwinjije mu muziki mu buryo bweruye, “Amasambu”, “Ubutayu”, “Ushuhuda”, “Ananipenda”, “Ubutware”, ndetse na “Ajya Arema Inzira” aherutse gushyira hanze. Ni urugendo rugaragaramo gukura no gukomera mu muhamagaro we wo kuririmbira Imana. Uyu mukobwa w’impano ibyibushye n’umutima mugari wo gutambira Imana, aherukaga kumvikana cyane mu 2023, ubwo […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 12 Ukuboza

Turi ku itariki ya 12 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 346 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 19 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kutabogama hagamijwe kwimakaza amahoro n’umutekano.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1964: Kenya yabaye Repubulika iyobowe na Jomo Kenyatta nka Perezida wayo wa mbere.2015: Hasinywe amasezerano ya […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 11 Ukuboza

Turi ku wa 11 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 345 mu minsi igize umwaka. hasigaye iminsi 20 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kumenyekanisha akamaro k’imisozi.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1999: Sonia Rolland ufite inkomoko mu Rwanda yatorewe kuba Nyampinga w’u Bufaransa.2020: Divine Ingabire yahawe igihembo cya ‘Human Rights […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 9 Ukuboza

Turi ku wa 9 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 343 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 22 ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya ruswa.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1990: Lech Walesa yatorewe kuba perezida wa Pologne.1992: Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, John Major, yatangaje itandukana ry’Igikomangoma Charles na […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 7 Ukuboza

Turi ku ku wa 7 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 341 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 24 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe ibikorwa by’indege za gisivili.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2020: Muri Paruwasi ya Rwamagana, abagabo batandatu n’umugore umwe bireze bakemera icyaha, basabye imbabazi muri kiliziya imbere […]

4 mins read

Kiliziya Gatulika yizihije yubire y’imyaka 125 imaze mu murimo w’iyogeza butumwa inashimirwa n’umusanzu wayo itanga mu iterambere ry’Igihugu

Abakirisitu Gatolika, abayobozi mu nzego zitandukanye n’abandi bitabiriye misa yo kwizihiza Yubile y’impurirane irimo iy’imyaka 2025 y’Ubukirisitu ku Isi n’imyaka 125 ivanjiri igeze mu Rwanda, bishimira ibyo Kiliziya Gatolika imaze kugeraho. Ni ibirori byabereye muri Stade Amahoro, bihuriza hamwe abakirisitu ba Kiliziya Gatolika baturutse hirya no hino mu gihugu n’abandi batumiwe. Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin […]