20 July, 2026
1 min read

Icyo Pasiteri Rutayisire avuga ku bagabo bakoresha Viagra batera akabariro

Pasiteri Dr. Antoine Rutayisire, yagaragaje ko bibabaje kubona abantu bayoboka umuti witwa ‘viagra’ wongerera imbaraga abagabo mu gutera akabariro, ndetse agaragaza ko n’abayicuruza baba bagamije indonke kurusha gutanga ubuvuzi. Mu kiganiro yagiranye na KT Radio, Dr. Antoine Rutayisire yagaragaje impungenge zitangirira ku kuba abantu batangira gukoresha ‘viagra’ bataranamenya niba bafite ikibazo gikeneye imiti y’inyunganizi. Ati […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 12 Gashyantare

Turi ku wa 12 Gashyantare 2026.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya ishyirwa ry’abana bari munsi y’imyaka 18 mu gisirikare.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2025: Indege yihariye y’Ikigo Abercrombie & Kent, kiri mu bya mbere mu Isi bitwara ba mukerarugendo bakomeye, yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali itwaye 45 bo ku rwego ruhanitse […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 11 Gashyantare

Turi ku wa 11 Gashyantare 2026.Ni Umunsi Mpuzamahanga wahariwe abagore n’abakobwa biyeguriye ibijyanye na Siyansi.Ibi ni bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka2025: Mu Karere ka Rulindo ko mu murenge wa Rusiga ho Ntara y’Amajyaruguru habereye impanuka y’imodoka ya bisi yari itwaye abagenzi bava i Kigali berekeza i Gisenyi, abantu 20 bahasiga ubuzima abandi […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 10 Gashyantare

Turi ku wa 10 Gashyantare 2026.Ni Umunsi Mpuzamahanga wahariwe ibiribwa by’ibinyamisogwe ku Isi.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2023: Papa Francis yakiriye Abepiskopi bo mu Rwanda, bari mu ruzinduko rw’akazi i Roma.2025: Umunyamakuru Sam Karenzi yatangije ku mugaragaro Radio yise SK FM.1984: Abasirikare ba Kenya bishe abantu babarirwa mu bihumbi bitanu b’icyo gihugu […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 9 Gashyantare

Turi ku wa 9 Gashyantare 2026.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1993: Nyuma yo kubona ko ingabo za RPA zikomeje gutsintsura abasirikare ba Habyarimana, u Bufaransa bwoherereje abandi basirikare babwo 150 biyongera kuri benshi bari baroherejwe mu Rwanda mu bihe bitandukanye ngo barwane ku ruhande rwa FAR ari na ko babaha imyitozo.1825: Inteko […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 8 Gashyantare

Turi ku wa 8 Gashyantare 2026.Ni umunsi mu Buhinde bizihiza abantu babwira abo bihebeye ko babakunda, bikarangwa n’igikorwa cyo guhana indabo z’iroza by’umwihariko mu rubyiruko.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1993: Mu rugamba rwo kubohora igihugu, ingabo za RPA zigaruriye igice kinini cy’igihugu, icyakora nyuma bahitamo gusubira inyuma, mu rwego rwo kumvisha amahanga […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 7 Gashyantare

Turi ku wa 7 Gashyantare 2026.Grenade irizihiza ubwigenge yabonye yigobotoye ubukoroni bw’u Bwongereza mu 1974.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2025: Imirambo y’abasirikare 14 ba Afurika y’Epfo bapfiriyee muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu ntambara yabahuzaga n’Umutwe wa M23, yanyujijwe mu Rwanda icyuwe.1990: Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyete, zarasheshwe.1991: Muri Haiti batoye bwa […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 6 Gashyantare

Turi ku wa 6 Gashyantare 2026.Ni Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kurandura ibikorwa bitandukanye byo gukata bimwe mu bice bigize imyanya y’ibanga y’abagore hagendewe ku muco w’ibiguhu.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1963: Hasohotse urutonde rw’abagize Guverinoma rutagaragaragaho umuntu n’umwe wo muri UNAR nubwo bari barasezeranyijwe ko bazahabwa Minisiteri ebyiri bakanagira Abaperefe babiri bayobora za […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 5 Gashyantare

Turi ku wa 5 Gashyantare 2026.Uyu munsi abanya-Pakistan bawuhariye kujya bifatanya n’abatuye muri Kashimir mu rwego rwo gushaka uko iki gice cyakwiyomora ku Buhinde bukigenzura, kikaba igihugu cyigenga.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1988: Hashyizweho komite ku rwego rwa minisiteri ihuriweho n’u Rwanda na Uganda ngo yige ku kibazo cy’impunzi z’Abanyarwanda bari muri […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 2 Gashyantare

Turi ku wa 2 Gashyantare 2026.Ni umunsi wahariwe urubyiruko muri Azerbaijan.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1900: Abapadiri bera basabye uruhushya rwo gukorera mu Rwanda, ibwami babanza kubyanga ariko baza kwemeranya kuhakorera, gusa basabwa kutivanga mu mikorere y’umwami.1994: U Bubiligi bwirukanye Umwamikazi Rosalie Gicanda wari uri kwivuriza muri icyo gihugu.1971: Perezida Idi Amin […]