10 September, 2026
2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 18 Mata

Turi ku wa 18 Mata 2026.Ni Umunsi Mpuzamahanga wa Radiyo zitari iza Kinyamwuga zikora hatagamijwe ubucuruzi.(Amateur)Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1994: Perefe Kayishema Clement yarimbuye Abatutsi kuri Stade Gatwaro ku Kibuye. Uyu yahamijwe icyaha cya Jenoside n’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda ahanishwa igifungo cya burundu.1994: Ingabo za RPA zari zishamikiye kuri […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 17 Mata

Turi ku wa 17 Mata 2026.Ni Umunsi Mpuzamahanga wo kumenyekanisha indwara ya Hemophilia itera kuva cyane kubera kutavura kw’amaraso.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1994: Leta yiyise iy’Abatabazi yashyizeho ba Perefe bashya bagombaga kwihutisha Jenoside muri za Perefegitura.1994: Abatutsi benshi biciwe ku cyobo cyo ku Muhima hafi y’Akagari ka Rugenge.2017: Hashinzwe Urwego rw’Ubugenzacyaha […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 16 Mata

Turi ku wa 16 Mata 2026. Ni Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Ijwi hazirikanwa akamaro karyo mu itumanaho. Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1994: Muri Rukumberi habaye igikorwa cyiswe icyo gukubura Abatutsi hagamijwe kumaraho abari bagiye barokoka nk’uko byigambwe na Depite Mutabaruka Sylvain nyuma y’uko uwo munsi hishwe abarenga ibihumbi 10 muri uwo murenge.1994: […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 10 Mata 2026Turi ku wa 10 Mata

Turi ku wa 10 Mata 2026. Ni Umunsi Mpuzamahanga w’Abavandimwe.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1994: Ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yari imaze iminsi itatu itangiye gukorwa, Abasenyeri gatolika banditse ibaruwa ivuga ko bababajwe n’urupfu rwa Habyarimana, ntibamagana Jenoside yarimo ikorerwa Abatutsi muri icyo gihe.1994: Jérôme Bicamumpaka wari Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga muri guverinoma yakoraga […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 6 Mata

Turi ku wa 6 Mata 2026.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe abantu badashamadukira ibyo gukora imibonano mpuzabitsina.Ni n’umunsi mpuzamahanga wa siporo igamije iterambere n’amahoro.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1994: Indege y’uwari Perezida w’u Rwanda, Général Major Juvénal Habyarimana yararashwe, apfana na Ntaryamira wayoboraga u Burundi.Nyuma y’ihanurwa ry’iyo ndege (Falcon 50) yari itwaye Perezida Habyarimana […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 2 Mata

Turi ku wa 2 Mata 2026. Ni Umunsi Mpuzamahanga wo kumenyekanisha indwara y’igwingira ry’ubwonko ya Autism.Ni n’Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Ibitabo byagenewe Abana. Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1990: Perezida Habyarimana Juvénal yagiriye uruzinduko rw’iminsi itatu mu Bufaransa aho yari agiye gusaba ubufasha mu bya gisirikare ngo abashe guhangana n’Ingabo za RPA zari […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 1 Mata

Turi ku wa 1 Mata 2026.Ni umunsi wamamaye hirya no hino ku Isi nk’uwo kubeshya.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1910: Rukara Rwa Bishingwe yivuganye Padiri w’Umufaransa, Paulin Loupias kuri Nyabungo mu Burera. ​1994: Mbere y’iminsi itandatu gusa ngo hatangire Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, Jenerali Majoro Déogratias Nsabimana wari Umugaba Mukuru w’Ingabo […]

2 mins read

PACIS TV yafunguye ishami i Kabgayi yasabye kuba umuyoboro w’amahoro n’iterambere

Ku Munsi Mukuru wa Mashami, muri Paruwasi Bazilika ya Kabgayi habereye ibirori byatangiwe n’Igitambo cya Misa, bikomereza ku muhango wo gufungura ku mugaragaro ishami rishya rya PACIS TV. Iri shami ryatashywe na Musenyeri wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa. Mu butumwa bwe, Musenyeri Ntivuguruzwa yagaragaje ko PACIS TV ari igikoresho gikomeye cyo kugeza […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 30 Werurwe

Turi ku wa 30 Werurwe 2026.Ni umunsi w’ubutaka muri Palestine, ukaba uwa muganga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe muri Espagne ho ari umunsi w’amahoro no kurwanya ihohoterwa mu mashuri.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1958: Umwami Mutara III Rudahigwa yashyizeho komisiyo idasanzwe igamije kunoza imibanire n’imibereho myiza mu Banyarwanda, mu […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 29 Werurwe

Turi ku wa 29 Werurwe 2026.Ni umunsi w’ikiruhuko muri Cenrafrique uzwi nka “Boganda Day” aho baba bizihiza ubuzima bwa Barthélemy Boganda ufatwa nk’uwahanze iki gihugu.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2004: Ibihugu birindwi ari byo Bulgarie, Estonie, Lettonie, Lituanie, Roumanie, Slovaquie na Slovénie byabaye ibinyamuryango bya NATO mu buryo bwuzuye.2013: Muri Tanzania hapfuye […]