Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 13 Werurwe
Turi ku wa 13 Werurwe 2026.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1781: William Herschel yavumbuye umubumbe wa Uranus.2013: Papa Francis yaratowe, aba umushumba wa 266 wa Kiliziya Gatolika.2016: Abagabo batatu bari bitwaje intwaro bateye hoteli ebyiri zo muri Côte d’Ivoire bica abantu 18 bakomeretsa 33.2020: Katerina Sakellaropoulou yarahiriye kuyobora u Bugereki.2020: Donald Trump […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya12 Werurwe
Turi ku wa 12 Werurwe 2026.Ni umunsi wahariwe ubwisanzure bw’abakoresha internet ntibakumirwe ku makuru runaka y’ibyo bashaka kureba.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1993: Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka rya IDC, André Louis, yanditse ashyigikira ijambo rya Léon Mugesera rihamagarira abantu kwica Abatutsi.1999: Mu Rwanda hashyizweho Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge.1992: Ibirwa bya Maurice byahindutse Repubulika.1993: Umujyi […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 10 Werurwe
Turi ku wa 10 Werurwe 2026.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1922: Mahatma Gandhi waharaniye ubwigenge bw’u Buhinde yakatiwe gufungwa imyaka itandatu, gusa nyuma y’imyaka ibiri yarafunguwe agiye kubagwa.1952: Fulgencio Batista yayoboye coup d’état yahiritse ubutegetsi bwa Cuba.1982: Imibumbe yose uko ari icyenda kuva kuri Mercure kugera kuri Pluto yagaragaye iri ku ruhande […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 9 Werurwe
Turi ku wa 9 Werurwe 2026.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka632: Intumwa Muhammad yavuze isengesho rya nyuma (Khutbatul Wada).1908: Hashinzwe ikipe y’umupira w’amaguru ya Inter Milan.1945: Mu gihe cy’Intambara ya Kabiri y’Isi, umurwa mukuru w’u Buyapani, Tokyo wagabweho ibitero bihitana abasivili barenga ibihumbi 100.2020: Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giuseppe Conte, yatangaje gahunda […]
Ababyeyi n’abarezi basabwe na Musenyeri Ntivuguruzwa gutoza abana umuco nyarwanda
Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yasabye ababyeyi n’abarezi gufasha abana barera kumenya umuco nyarwanda cyane cyane bakabigisha kunoza imivugire n’imyandikire y’ururimi rw’ikinyarwanda. Yabigarutseho ku wa Kane tariki ya 26 Gashyantare 2026 ubwo hizihizwaga Umunsi w’Umuco mu mashuri yo muri Diyosezi ya Kabgayi, wabereye mu kigo cy’ishuri cya Sainte Bernadette Kamonyi mu […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 27 Gashyantare
Turi ku wa 27 Gashyantare 2026.Ni umunsi mpuzamahanga w’imiryango itegamiye kuri leta.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2020: Urubuga rwa Google rwatangaje ko Ururimi rw’Ikinyarwanda rwongewe mu ndimi eshanu nshya muri Google Translate yifashishwa mu gusemura indimi z’amahanga.1991: Mu ntambara yo mu Kigobe cya Golf, George H. W. Bush wayoboraga Amerika yatangaje ko […]
Hatangajwe ibihugu Papa Leo XIV azasura muri Werurwe, Mata na Kamena 2026
Vatikani yatangaje ko Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi Papa Leo XIV ateganya gukora urugendo rwa gitumwa mu bihugu byo ku migabane y’Uburayi na Afurika muri aya mezi atandatu ya mbere ya 2026. Nk’uko bitangazwa n’Ibiro bya Vatikani bishinzwe Itangazamakuru, Papa Leo XIV arateganya gusura ibihugu bine bya Afurika ari byo; Algeria, Cameroon, Angola na […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 25 Gashyantare
Turi ku wa 25 Gashyantare 2026.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2010: Uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa Nicolas Sarkozy yasuye u Rwanda aho yasize avugiye ko abagize uruhare muri Jenoside bose bagomba kumenyekana kandi bakaryozwa ibyo bakoze bakabihanirwa.2011: Perezida Paul Kagame yatanze ikiganiro mu nama ya YPO Global Leadership yabereye i Denver muri […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 24 Gashyantare
Turi ku wa 24 Gashyantare 2026.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1920: Ishyaka ry’Aba-Nazi ryarashinzwe.2004: Maroc yibasiwe n’umutingito uri ku gipimo cya 6,3 uhitana abantu 628, 926 barakomereka mu gihe abagera ku bihumbi 15.000 wabasize badafite aho bakinga umusaya.2008: Fidel Castro yasezeye ku butegetsi bwa Cuba nyuma y’imyaka ikabakaba 50 ayobora icyo gihugu.2022: […]
Ku wa gatatu w’ivu abakirisitu Gatulika batangiye igisibo Papa abakangurira kwiyiriza no kwirinda amagambo akomeretsa
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 18 Gashyantare 2026, abakristu Gatolika ku isi hose batangiye Igihe cy’Igisibo cy’iminsi 40, kibategurira kwizihiza Pasika yibutsa ububabare, urupfu n’izuka rya Yezu Kristu. Papa Leo XIV yageneye ubutumwa bwihariye bw’Igisibo cya 2026 abakirisitu bose, abasaba gukora isengesho ryo kwiyiriza ubusa mu gisibo no gukomeza urugendo rw’ukwemera n’ukwizera binyuze mu […]