Igitaramo cya Vestine na Dorcas muri Vancouver cyasubitswe ku munota wa nyuma
Vestine na Dorcas, abaramyi b’Abanyarwanda bazwi cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, batangaje ko batakibashije kwitabira igitaramo cya Vancouver Worship Encounter cyari gitegerejwe n’abakunzi babo muri Canada. Ubutumwa bwabo bwatangajwe binyuze mu itangazo rigaragaza ko igitaramo cyahagaritswe.Aba baramyi, amazina yabo nyakuri akaba ari Ishimwe Vestine na Kamikazi Dorcas, bakomoka mu Karere ka Musanze, […]
Elayono Worship Family yahishuye abaramyi bazitabira “Ndi Uwe Live Concert Edition 3” ihereye kuri Papi clever na Dorcas
Elayono Worship Family igiye kongera gusangiza abakirisitu umwanya w’ivugabutumwa mu ndirimboItsinda ry’abaramyi n’abaririmbyi rya Elayono Worship Family, rizwiho gukoresha umuziki mu kuyobora abantu mu kuramya no kwegera Imana, ryateguye igitaramo gikomeye cyiswe “Ndi Uwe Live Concert Edition 3”, kizaba ku wa 17 Ukwakira 2026, muri New Life Bible Church i Kigali.Iki gitaramo kizatangira saa 15:00, […]
Mbere ya Worship Legacy Season 7, Gisubizo Ministry yagaragaje umusanzu wa Channy Umurisa mu kwandika indirimbo nziza.
Umuramyi akaba n’umwanditsi w’umuhanga mu ndirimbo zo kuramya Channy Umurisa yashimiwe na Gisubizo Ministries ku ruhare rwe mu kwandika indirimbo n’ibindi byinshi.Gisubizo Ministry ikomeje gushyira ahagaragara abantu bagize uruhare rukomeye mu murimo wayo, mu gihe yitegura igitaramo gikomeye Worship Legacy Concert Season 7 giteganyijwe kubera muri Camp Kigali ku Cyumweru tariki ya 13 Nzeri 2026. […]
Family of Singers Choir yongeye Israel Mbonyi mu bazitabira Umuryango Mwiza Live Concert
Umuramyi w’icyamamare mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, agiye kwitabira ku nshuro ya mbere igitaramo cya Family of Singers Choir, kizaba ku wa 20 Nzeri 2026 muri Camp Kigali, cyiswe “Umuryango Mwiza Live Concert – Season 3. ”Iki gitaramo cyateguwe na Family of Singers Choir, kikaba gifite insanganyamatsiko igaruka ku murongo wo […]
Gisubizo Ministry igeze kuri Season ya 7 nyuma y’imyaka isaga 20 mu murimo wo kuramya
Gisubizo Ministry, umuryango w’abaririmbyi bakora umurimo wo kuramya no guhimbaza Imana, yatangaje ko igiye gukora igitaramo gikomeye cyiswe “Worship Legacy Concert Season 7”, kizaba ku Cyumweru tariki ya 13 Nzeri 2026, muri Camp Kigali (KCEV), guhera saa 16:00. Iki gitaramo kizategurwa ku bufatanye na Jambo Events, mu rwego rwo gukomeza urugendo rwa Gisubizo Ministry rwo […]
Israel Mbonyi Set to Grace the Stage at Nairobi’s Ultimate Worship Experience
Grace Arena Ministries Announces “Grace Encounter Nairobi 2026″Nairobi, Kenya – Grace Arena Ministries has officially announced its highly anticipated annual event, “Grace Encounter Nairobi 2026.” This year’s convocation is scheduled to take place over two days, bringing together a powerful lineup of internationally acclaimed ministers and gospel artists for a time of spiritual renewal, teaching, […]
Himbaza Family Choir yateguye igiterane cy’iminsi itatu itumira amakorali afite umwihariko mu kuramya Imana
Himbaza Family Choir na ADEPR KamuhOza Parish batangaje igitaramo gikomeye cyiswe Himbaza Gospel Fest, giteganyijwe kubera muri ADEPR Kamuhoza kuva ku itariki ya 21 kugeza ku ya 23 Kanama 2026. Ni igikorwa kigamije guhuriza hamwe abakristo, amakorali n’abaramyi mu bihe byamasengesho, kuramya no guhimbaza Imana. Iki gitaramo kizaba gifite insanganyamatsiko iri muri “Zaburi 132:2”, ikaba […]
Prosper Nkomezi akomeje kwagura ivugabutumwa rye, ategura ibitaramo muri Amerika
Umuramyi Prosper Nkomezi uri mu bakunzwe cyane mu muziki wa Gospel mu Rwanda no mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, akomeje kwagura umurimo we w’ivugabutumwa binyuze mu muziki. Mu mwaka wa 2026, uyu muramyi afite gahunda y’ibitaramo mpuzamahanga mu bice bitandukanye byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho ateganya gusangiza abakristo ubutumwa bwiza binyuze mu […]
Emeline Penzi na Victorious Team bazitabira NURU WAVE Festival izabamo ibihe bidasanzwe byo kuramya
Nuru wave festival NURU WAVE Festival igiye guhuriza hamwe abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana i Kigali, Emeline Penzi na Victorious Team batumiwe nk’abashyitsi b’imena. Igitaramo cyateguwe na RevHeart Presents ku bufatanye na See Muzik, kikazabera muri Mundi Center ku wa 20 Nzeri 2026 guhera saa cyenda z’amanywa (3:00 PM).Iki gitaramo kizaba kigamije guhuza […]