10 September, 2026
1 min read

Ubutumwa bwa Bibiliya Bwakwirakwiye mu Kibuga cya baseball

CLEVELAND, USA – Umukinnyi w’umupira wa Baseball ukinira ikipe ya Cleveland Guardians yatunguye abafana ubwo yabasangizaga ijambo ry’Imana ndetse n’umurongo wo muri Bibiliya yanditse ku gikapu cy’ukuboko (glove) cye, ibintu byahise bikwira ku mbuga nkoranyambaga bigakora ku mitima ya benshi. Uyu mukinnyi, ufatwa nk’umwe mu bakinnyi bakomeye muri Major League Baseball (MLB), yagaragaye abaza abana […]

2 mins read

TOP7 y’Indirimbo zigiye Kugufasha Kuryoherwa na Weekend Yawe!!

Mu muziki wa Gospel nyarwanda, buri cyumweru tugira indirimbo nshya zihembura imitima, zihumuriza, kandi zikanatanga ubutumwa bukomeye ku bakirisitu n’abakunzi b’umuziki muri rusange. Muri iki cyumweru, Gospel Today twaguteguriye indirimbo 7 zikunzwe cyane n’abatari bake, zikaba zishobora kuba imbarutso muguhindura imitima y’abazumva. 1.“Inkuru y’Urukundo” – Emmy Vox ft Junior RumagaIyi ndirimbo izana ubutumwa bw’urukundo rw’Imana […]

2 mins read

TOP7 y’Indirimbo ziyoboye izindi zagufasha kuryoherwa na weekend yawe

Mu gihe abakunzi b’indirimbo zihimbaza Imana bakomeza kugaragaza inyota yo kumva ubutumwa bwiza biciye mundirimbo z’ihumure n’umwuka, icyicyumweru turimo cyaranzwe n’indirimbo nshya kandi zikomeje guhembura imitima yabatari bake. Dore urutonde rw’indirimbo 7 ziri kwigarurira imitima ya benshi muri iki cyumweru: 1. Zaburi 150 – Hyssop Choir Hyssop Choir yagarukanye amavuta binyuze mu ndirimbo “Zaburi 150”, […]

1 min read

Musinga n’umugore we Vanessa bibarutse imfura: umunezero mu muryango w’abakunzi bu bwami bw’Imana

Umuseke w’umunezero mu muryango wa Musinga na Vanessa: babyaye umwana wa mbere mu byishimo bidasanzwe, musinga uzwi cyane mugukora mundirimbo z’Imana uzwi cyane mu muziki wa gospel mu Rwanda, Musinga, hamwe n’umugore we Vanessa, bibarutse imfura yabo, inkuru yishimiwe cyane n’abakunzi b’ivugabutumwa n’abakurikira ibikorwa byabo. Musinga, uzwi nk’umwe mu bayobozi b’amajwi n’amashusho bafasha abakirisitu mu […]

1 min read

Igihembo gikomeye cyatashye muri Uganda – Menya byinshi kuri Impact FM

Dar es Salaam, Tanzania – Nyakanga 2025Mu muhango ukomeye wabereye i Dar es Salaam muri Tanzania, Impact FM yo muri Uganda yegukanye igihembo gikomeye cya “Best Gospel Radio Station in East Africa” ku nshuro ya mbere, mu mwaka wa 2024-2025. Ni igihembo gitangwa mu rwego rwo guhemba no guha icyubahiro ibitangazamakuru byagize uruhare rufatika mu […]

2 mins read

Cristiano Ronaldo: Uko Imana Yahinduye Ubuzima bwe n’Isoko y’Imbaraga ze

Turin, Ubutaliyani — Umunyabigwi mu mupira w’amaguru ku rwego mpuzamahanga, Cristiano Ronaldo, yongeye kugaragaza ishingiro ry’ubuzima bwe mu buryo butari bumenyerewe cyane mu ruhame. Nubwo azwi cyane kubera imikinire ye idasanzwe, intsinzi zidasanzwe, imidali myinshi ndetse n’ibihembo bikomeye mu mupira w’amaguru, Ronaldo yemeza ko ibanga rikomeye ritari mu mashuri y’imyitozo cyangwa mu mibereho y’igitangaza, ahubwo […]

3 mins read

TO 7 y’indirimbo nshya zikomeje kwigarurira imitima y’abakunzi ba gospel muri iki cyumweru mu Rwanda

Mu Rwanda n’ahandi muri Afrika, umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ukomeje gufata indi ntera, abantu benshi bagasanga indirimbo zisingiza Imana zibafasha kwegera Umuremyi, gukomera ku kwizera no kongera icyizere mu buzima bwa buri munsi. Kuri iyi nshuro, twabahitiyemo indirimbo zirindwi ziyoboye izindi, zikomeje guhembura imitima y’abantu benshi , zigaragaza ubutumwa bukomeye bw’umukiro, imbabazi, no […]

2 mins read

Ishimwe rye yarinyujije mu ndirimbo anagaragaza umuhanzi ukomeye yifuza gukorana na we indirimbo

Nyuma y’igihe kingana n’amezi atandatu adashyira hanze umushinga mushya, umuririmbyikazi Meek Rowland, ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yongeye kugaruka mu ruhando rw’umuziki. Kuri iyi nshuro, yagarukanye indirimbo nshya yise ‘Hallelujah’ igamije gushimira Imana ku byo yamukoreye mu buzima. Meek yavuze ko yahisemo kujya mu muziki buhoro buhoro kubera impamvu ze bwite, zirimo no […]

1 min read

Papa Leo wa XIV ahawe imodoka ebyiri nshya z’amashanyarazi

Papa Leo wa XIV yakiriye imodoka ebyiri z’amashanyarazi zakozwe byihariye ngo zimufashe mu rugendo rw’iyogezabutumwa mu mahanga. Izi modoka zateguwe n’Ikigo cy’Abataliyani Exelentia ku bufatanye n’Ishami ry’Umutekano wa Vatikani. Zakozwe ku buryo ari nto, zoroshye gutwarwa. Zikoresha amashanyarazi gusa, ntizisakuza kandi ntizangiza ibidukikije. Zifite umutekano uhagije kuko zubatse ku buryo Papa ashobora kwinjira no gusohoka […]

2 mins read

“Kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Ntibishingira ku ijwi ryiza gusa n’amafaranga”.

Uwahoze ari umuramyi w’Umunya-Nigeria Ric Hassani wahoze aririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yavuze ko kuba bamwe mu bahanzi batangiriye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bakaza kubivamo bakinjira mu muziki usanzwe, bidaterwa n’amafaranga nk’uko benshi babitekereza, ahubwo bishingiye ku kumva bashaka gusohoza umuhamagaro wabo mu buryo bwimbitse. Uyu muhanzi wamenyekanye mu ndirimbo […]