13 September, 2026
2 mins read

Ubwenge buhangano ntibushobora gukiza abantu icyaha_Papa Leo XIV agira inama Abepiskopi bashya

Papa Leo XIV yasabye Abepiskopi bashya gukomeza kwamamaza Ivanjili no kuyobora abakristu mu gihe ikoranabuhanga n’ubwenge buhangano bikomeje guhindura isi. Yabasabye gukunda abantu bashinzwe, bakamenya ibyishimo n’agahinda byabo, bakumva inzozi zabo kandi bakishimira iterambere ry’imiryango ya Kiliziya. Yanabasabye kujya bamenya amazina y’abo bashinzwe ndetse bakamenya amateka yabo, bakabasura aho bishoboka kandi bakabasengera. Ati: “Umwepiskopi agomba […]

2 mins read

Papa Leo XIV yasabye Abepiskopi bashya kugira umutima w’Umushumba Mwiza bakamenya abo bashinzwe kuyobora

Umushumba wa Kiliziya Gatolika yabasabye gushyira imbere umubano wabo na Yezu, gukunda no kumenya abakristu babo, by’umwihariko abapadiri, mu gihe isi iri kunyura mu mpinduka zihuse zirimo iziterwa n’ubwenge buhangano. Papa Leo XIV yasabye Abepiskopi bashya bafite inshingano nshya muri Kiliziya Gatolika kugira umutima usa n’uwa Yezu Kristu, Umushumba Mwiza, bakagira buri muntu mu mitima […]

2 mins read

Abakirisitu basabye Perezida Ruto kubafasha kugaruza miliyoni 7 bishyuye ku butaka bwagombaga kubakwaho urusengero

Abakirisitu bo mu itorero Gospel Embassy Chapel rikorera i Kisii muri Kenya, basabye Perezida William Ruto kubafasha kugaruza miliyoni 7 z’amashilingi ya Kenya bavuga ko bishyuye umunyapolitiki kugira ngo babone ubutaka bwo kubakaho urusengero runini. Aba bakirisitu batangaje ibi ku wa Gatandatu tariki ya 5 Nzeri 2026, ubwo bagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru i Kisii, bagaragaza ko […]

2 mins read

Igitaramo cya Vestine na Dorcas muri Vancouver cyasubitswe ku munota wa nyuma

Vestine na Dorcas, abaramyi b’Abanyarwanda bazwi cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, batangaje ko batakibashije kwitabira igitaramo cya Vancouver Worship Encounter cyari gitegerejwe n’abakunzi babo muri Canada. Ubutumwa bwabo bwatangajwe binyuze mu itangazo rigaragaza ko igitaramo cyahagaritswe.Aba baramyi, amazina yabo nyakuri akaba ari Ishimwe Vestine na Kamikazi Dorcas, bakomoka mu Karere ka Musanze, […]

1 min read

Umuhanzi Bernice Offei yabonetse nyuma yo kuburirwa irengero bigatera bagenzi be impungenge

Umuhanzi w’icyamamare mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana muri Ghana, Bernice Offei, yabonetse amahoro nyuma y’amasaha atarenga 24 yari amaze yatangajwe ko yaburiwe irengero. Kuba yongeye kuboneka byahumurije umuryango we, inshuti, abafana ndetse n’abagize umuryango w’abahanzi ba Gospel bari bahangayikishijwe n’aho aherereye. Bernice Offei, ufite imyaka 63, yari aheruka kuboneka ku wa Kabiri tariki […]

3 mins read

Ibihumbi by’Abakristo bateraniye i Nairobi mu isengesho n’ivugabutumwa muri Rhema Feast 2026

Ibihumbi by’Abakristo baturutse muri Kenya no mu bindi bice bya Afurika bateraniye muri Uhuru Park i Nairobi, aho kuva ku wa 31 Kanama kugeza ku wa 4 Nzeri 2026 hateraniye Rhema Feast 2026, igikorwa cy’iminsi itanu kizibanda ku isengesho, kuramya, kwigishwa Ijambo ry’Imana no kuvugurura ukwizera. Rhema Feast 2026, iteraniye kuri Uhuru Park, yatangiye ku […]

1 min read

Pastor Ojo yasabye Abanyanijeriya gukomeza gusenga no kugira ibyiringiro

Umushumba wa Christ Apostolic Church (CAC) Harvest Centre, Bethel Land, Prophet Wale Ojo David, yasabye Abanyanijeriya gukomeza gusenga, kugaragaza urukundo no kwimakaza ubumwe, avuga ko ibyo ari ingenzi mu gihe igihugu gihanganye n’ibibazo bitandukanye. Ojo yatanze ubu butumwa mu gihe yasabaga Abanyanijeriya kudacika intege, ahubwo bagakomeza kugira ibyiringiro ku hazaza h’igihugu cyabo. Yagaragaje ko urukundo, […]

1 min read

Papa Leo XIV yihanganishije ababuze ababo mu myuzure ikomeye yibasiye Nepal

Papa Leo XIV yagaragaje agahinda gakomeye nyuma y’ibiza bikomeye by’imyuzure n’inkangu byibasiye Nepal, bisiga abantu benshi bapfuye abandi baburirwa irengero. Mu butumwa bwo ku wa 27 Kanama 2026, bwashyizweho umukono na Karidinali Pietro Parolin, Umunyamabanga wa Leta ya Vatican, Papa Leo XIV yihanganishije imiryango yabuze ababo ndetse asabira abahuye n’ingaruka z’ibi biza. Inkuru dukesha Vatican […]

1 min read

Urubyiruko rwakabaye rwigira kuri korali Ambassadors of Christ – Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora umuziki. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X , Minisitiri Utumatwishima yavuze ko urugendo rw’iri tsinda rwigisha urubyiruko gukorera hamwe, guhozaho no kudaheranwa n’ibibazo. Ati: “Hari isomo ku rubyiruko: […]

3 mins read

Nta muntu ntinya_ Cardinal Onaiyekan yanze kwisubiraho ku byo yavuze kuri Guverinoma ya Nigeria

Cardinal John Onaiyekan, wahoze ari Arikiyepisikopi wa Abuja muri Nigeria, yavuze ko adatinya Guverinoma cyangwa kunengwa na Perezida Bola Tinubu, ashimangira ko ibyo yatangaje ku bibazo byugarije Abanya-Nigeria yabivuze agamije kuvuga ukuri, aho gushimisha abayobozi. Onaiyekan yabivuze ku wa Gatatu, tariki ya 19 Kanama 2026, asubiza ku kunengwa n’Ibiro bya Perezida nyuma y’ibitekerezo yatanze ku […]