“Mukoreho” indirimbo nshya ya Chorale Esperance Vivante yibutsa abakristu gukomeza kugira ukwizera
Chorale Espérance Vivante mu mashusho no mu majwi anogeye abayumva, bashyize hanze indirimbo nshya “Mukoreho” ikomeza gutera imbaraga abemera inabibutsa gusanga Yesu bafite umutima wizera bagakira, ko ibintu bidasanzwe bizaba mu buzima bwabo bugahinduka bukaba bushya. Iyi ndirimbo bayishyize hanze tariki 26 Nzeri 2025, ikaba imaze kurebwa inakomeje no kurebwa na benshi, aho kugeza ubu […]
Intara y’Amajyaruguru ikibazo cy’igwingira cyugarije abana giteye inkeke
Ikibazo cy’igwingira kiri mu bihangayikishije mu Ntara y’Amajyaruguru, kuko umwana 1 muri 4 aba afite ikibazo cy’igwigingira. Abayobozi bakaba biyemeje ko bagiye kucyitaho byihariye. Byakomojweho ubwo Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Habimana Dominique n’abayobozi batandukanye muri iyo Ntara, bahuriye mu nama mpuzabikorwa y’Intara y’Amajyaruguru yabereye mu Karere ka Musanze, biyemeza ko bagiye gukora uko bashoboye ikibazo cy’igwingira […]
El Elyon Worship Team yongeye gukora mu nganzo mu Ndirimbo nshya “Yesu Turakwizeye” ihamagarira abantu kwizera Umucunguzi
El Elyon Worship Team mu majwi meza bongeye gukora mu nganzo bahamagarira abantu kwizera umucunguzi babinyujije mu ndirimbo nshya basohoye yitwa “Yesu Turakwizeye”, ikaba yibutsa urukundo rwa Kristo no kwiringira agakiza ke. Iyi ndirimbo bayishyize hanze tariki 25 Nzeri 2025, ikaba imazekurebwa inakomeje no kurebwa na benshi. Kuri ubu abakunzi b’indirimbo zo kuramya Imana bayisanga […]
“Akayubi” Indirimbo Nshya Korale Ijwi ry’Ihumure Muhima SDA Church Iburira abantu Mu Minsi y’Imperuka
Korale igambiriye kuvuga ubutumwa bw’Imana mu ijwi rirenga, binyuze mu ndirimbo zaririmbiwe Imana, Ijwi Ry’Ihumure Muhima SDA Chuch yashyize hanze indirimbo yo gikirisitu”Akayubi”, ihamagarira abizera kwihana no gukomeza kwizera, yibutsa imbabazi z’Imana mbere y’urubanza rwa nyuma Ni indirimbo iyi Korale yashyize hanze kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nzeri ku muyoboro wayo wa Youtube isanzwe ishyiraho […]
Umuhanzi Darius yifashishije ubunararibonye bwe mu guhindura uburyo abantu bakira Ijambo ry’Imana no kumva Kumva Indirimbo Zihimbaza Imana
Umushumba, umuhanzi akaba n’umutunganya umuziki yasangije urugendo rwe rw’ukwizera binyuze mu alubumu ye ya mbere “Live By Faith” n’indirimbo nshya “Greater” yakoranye na Vanessa Bell Armstrong Umuhanzi, umutunganyirizamuziki ndetse n’umushumba Darius, ari gukoresha ubunararibonye amaze kugira mu buzima bwe mu guhindura uburyo abantu bumva Ijambo ry’Imana no kwishimira indirimbo z’ihimbaza Imana muri iki gihe. Uyu […]
Igitaramo “Ebenezer Concert” kizizihirizwamo Isabukuru y’imyaka 30 God’s Flock Choir imaze ikora umurimo w’ivugabutumwa
God’s Flock Choir ni korale yatangiye mu mwaka wa 1995 igizwe n’abasore gusa ariko nyuma iza kujyamo n’abakobwa. Kuri ubu ikaba igiye gukora igitaramo kizizihirizwamo isabukuru y’imyaka 30 imaze mu murimo w’Imana, aho izifatanya n’amakorale atandukanye. Ni igitaramo kizaba tariki 08 Ugushyingo 2025, kikazabera I Kigali kuri Kigali Bilingual Church. Iyi korale izifatanya n’andi makorale […]
“Jesus, have your way” new Melody by Heavenly Melodies a heartfelt gospel song of surrender, worship, and prayer
Heavenly Melodies has released new song “Jesus, Have your way”, which comprises great message of drawing people closer to God as they declare His lordship over their life. It is a song released today in Heavenly Melodies’ YouTube Channel. It last few hours and it’s going to be viewed by many. This worship song is […]
Enoch Thomas Umuhanzi ukiri muto yateguje Alubum ye ya mbere anatanga ubutumwa
Enoch Thomas, umwana w’imyaka 11 wo muri Antigua uririmba indirimbo za zo kuramya no guhimbaza Imana muri reggae, aho mu mwaka washize yafatanyije na Carlene Davis, umuririmbyi n’umubwiriza w’Umunyajamaika, bashyira hanze verisiyo nshya y’indirimbo ya Noheri O Holy Night. Uyu mwana ukiri muto ubu ari kwitegura gushyira hanze alubumu ye ya mbere, akaba yanateguje ko […]
Abahanzi b’Indirimbo zo Kuramya no Guhimbaza Imana Basabwe Gushyira Imbaraga ku Ndangagaciro za Gikristo
Guverineri Wungirije w’Intara ya Edo, Dennis Idahosa, yasabye abaha b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana gushyira imbaraga ku mahame n’indangagaciro bya Gikristo mu murimo wabo w’ubuhanzi. Yabitangarije muri Benin ubwo yakiraga itsinda ry’abaririmbyi b’indirimbo za gikirisitu bo muri Nijeriya (FOGMMON). Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umunyamabanga we wihariye ushinzwe itangazamakuru, Bwana Friday Aghedo, Guverineri wungirije yavuze […]
Huye Business Mall imaze gutwara asaga Miliyari 4.7Frw iri mu zasuwe
Igishushanyo mbonera cya Huye Business Mall