Nta muntu ushobora kwishimira ubwisanzure mu gihe yambuwe ubuzima – Papa Leon XIV
Mu gihe yekiraga ku mugaragaro umudari wa Liberty Medal 2026, umwe mu midari y’icyubahiro ikomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Papa Leo XIV yasabye iki gihugu gukomeza kurinda ubuzima bwa muntu, ashimangira ko uburenganzira bwo kubaho ari bwo shingiro ry’ubundi bwisanzure bwose. Papa Leo XIV yavuze ko nta muntu ushobora kwishimira ubwisanzure cyangwa ngo […]
Kiliziya Gatolika yatangije ubukangurambaga bushya bwo kubaka imiryango izira amakimbirane n’ihohoterwa
Kuri uyu wa 30 Kamena 2026, abasaga 60 bakorera ubutumwa muri Komisiyo y’Umuryango baturutse mu madiyosezi Gatolika atandukanye mu Rwanda bateraniye muri Centre Missionnaire Lavigerie i Kigali, mu mahugurwa ku Gitabo Ngenderwaho Gishyigikira Umuryango kiswe Tumurikiwe n’Ijambo ry’Imana/ Inyoborabiganiro y’umujyanama w’Imiryango nk’ inzira yo kwimakaza umuryango uzira amakimbirane n’Ihohoterwa Aya mahugurwa yateguwe na Komisiyo y’Ubutabera […]
Guhezwa kw’abana mu biganiro by’abakuru biri mu bituma ingo zisenyuka ku bwinshi_ Rev. Dr. Antoine Rutayisire
Rev. Past. Dr. Antoine Rutayisire yavuze ko imwe mu mpamvu zikomeye zituma ingo nyinshi zisenyuka ari uko abana bakurira mu miryango batigishwa ubuzima n’imibanire y’abashakanye, bitewe n’umuco wo kubirukana mu biganiro by’abakuru. Asanga gukemura iki kibazo bitangirira mu rugo, aho ababyeyi bakwiye gufata umwanya wo gutegura abana babo hakiri kare. Ibi yabitangaje mu gihe ikibazo […]
Ubutumwa bwa Bikira Mariya I Kibeho bwongeye kugarukwaho ubwo hizihizwaga Yubile y’’imyaka 25 amabonekerwa yemejwe na Kiliziya
Abakristu n’abayobozi ba Kiliziya bateraniye i Kibeho bashimira Imana imyaka 25 ishize Kiliziya Gatolika yemeye ku mugaragaro amabonekerwa ya Bikira Mariya, banongera kwibutswa ubutumwa bwo kwihana, gusenga no gukundana. Ku wa 29 Kamena 2026, Ingoro ya Bikira Mariya i Kibeho yakiriye imbaga y’abakristu n’abayobozi ba Kiliziya Gatolika bari bitabiriye Igitambo cya Misa cyabimburiye ibirori byo […]
Umugabo wanjye niwe nshuti magara mbitsa amabanga yanjye yose_ Ev. Eliane Niyonagira
Umuvugabutumwa akaba n’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ev. Eliane Niyonagira, yavuze ko urugendo rw’urushako rwamwigishije amasomo menshi, kugeza aho asigaye afata umugabo we nk’inshuti ye ya mbere ndetse n’umuntu afata nk’igice cy’ubuzima bwe. Ibi yabitangaje mu kiganiro cyatambutse ku muyoboro wa Youtube kuri shene ya ISIMBI, Eliane yasobanuye ko igihe yashyingirwaga nta cyizere […]
Papa wamaze iminsi mike ku ntebe ya Kiliziya Gatorika kugera n’ubu aracyibukwa kubera kwicisha bugufi byamurangaga
Pope John Paul I yabaye Papa igihe gito kurusha benshi mu mateka ya Kiliziya Gatolika, ariko ubworoherane bwe n’icyizere yahaye abakirisitu byatumye izina rye rikomeza kwibukwa kugeza n’ubu. Mu mateka ya Kiliziya Gatolika amaze imyaka isaga 2,000, habayemo Abapapa benshi bayoboye abakirisitu mu bihe bitandukanye. Muri abo, hari umwe wagize igihe gito cyane ku ntebe […]
Inama y’Abepesikopi Gatolika muri RDC yongeye kutishimira umugambi wo guhindura itegeko nshinga ry’iki gihugu
Mu gihe RDC ikomeje guhura n’ibibazo by’umutekano n’ubukungu, CENCO yasabye ibiganiro bihuza Abanyekongo bose aho gutangiza gahunda yo kuvugurura Itegeko Nshinga. Inama y’Abepisikopi Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CENCO) yongeye gutangaza ko idashyigikiye umugambi uwo ari wo wose wo guhindura cyangwa kuvugurura Itegeko Nshinga ry’Igihugu, isaba ko hashyirwa imbere ibiganiro bihuza impande zose […]
Sheila Cherop yatunguwe no kubona ubutumire bw’uwari umukunzi we agiye gukora ubukwe n’inshuti ye magara nyuma y’imyaka umunani bakundana
Umugore ukomoka muri Kenya, Sheila Cherop, yatangaje inkuru ibabaje y’urukundo rwe rwari rumaze imyaka umunani, ariko rukaza kurangira mu buryo atari yiteze nyuma y’uko umusore yakundanaga na we amusize agashyingiranwa n’inshuti ye magara. Mu kiganiro yagiranye na Edmac Media Studios, Sheila yavuze ko ubuzima bwe bwo mu bwana bwari bwararanzwe n’agahinda, kutitabwaho no kubura urukundo […]
Umugore yafashe umugabo we amuca inyuma ku mukozi bakorana ahitamo kumubabarira
Umugore wo muri Nairobi yavuze uburyo yavumbuye ubuhemu bw’umugabo we binyuze muri WhatsApp bwo kumuca inyuma, agahitamo kumubabarira kubera urukundo rw’abana babo n’icyizere cyo kongera kubaka urugo. Uyu mugore ukoresha amazina ya Akinyi Atieno, yavuze ko yamenye ayo makuru binyuze mu butumwa bwa WhatsApp yabonye kuri telefone y’umugabo we, ibintu byamugizeho ingaruka zikomeye ku mutima […]
Senga B na Ben&Chance bahurije imbaraga mu ndirimbo Amateka Mashya itanga ibyiringiro ishya
Umuramyi w’Umunyarwandakazi uba muri Canada, Senga B yifashishije abahanzi bakunzwe cyane Ben&Chance mu ndirimbo nshya yasohoye Amateka Mashya. Muri iyi ndirimbo, aba baramyi batambukije ubutumwa bugaragaza akamaro ko kuba muri Kristo, kurinda amazerano y’Imana ryo kurinda no kwakira ihumure ritangwa n’Imana binyuze mu buhanuzi. Bateruye bagira bati: “Nzakubakisha amabuye y’igiciro cyinshi, nta ntwaro bacuriye kukurwanya […]