Louange & Leah: Itsinda rishya ry’umugabo n’umugore ryinjiye mu muziki wa Gospel
Umuramyi Louange Mukunzi n’umugore we Leah Mukunzi batangije urugendo rushya mu muziki wa gospel binyuze mu ndirimbo yabo ya mbere “El-Shaddai” yibutsa abantu ko Imana ishobora byose, biyongera ku bandi bafatanya kuririmba ndetse banabana nk’umugabo n’umugore. Umuramyi wamenyekanye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Louange Mukunzi, akaba n’umuyobozi w’itsinda Kingdom Elevation, yatangiye kuririmbana n’umugore […]
Facebook Yashyizeho amavugurura mashya ngo ihangane na TikTok
Amavugurura mashya mu ikoranabuhanga rigenzura ibyo abantu bakunda (recommendations engine) yitezweho gufasha abayikoresha kubona video nshya vuba kandi zibanyura. Sosiyete ya Meta ikomeje kuvugurura uburyo bwo kugaragaza Video ngufi(Reels) kuri Facebook, aho yatangaje ko yakoze amavugurura akomeye mu ikoranabuhanga rikurikirana ibyo umuntu akunda, kugira ngo rimenye vuba ibyo akurikirana bityo rimwereke video nyinshi zijyanye n’ibyo […]
Pope Leo XIV to Make His First International Trip, Continuing Pope Francis’ Unfinished Journey
Four months after assuming leadership of the Catholic Church, Pope Leo XIV is set to embark on his first international visit, beginning with a historic trip to Turkey and Lebanon this November, a journey originally planned by Pope Francis before his passing. According to the Vatican Annauncement, Pope Leo XIV will visit Turkey from 27th […]
Abakene Ni Ishingiro Y’ivanjili: Papa Leo wa XIV Yibutsa Abakristu Gukunda Abakene
VATICAN, Mu nyandiko ye ya mbere y’inyigisho za gishumba (Apostolic Exhortation) yise Dilexi te, Papa Leo wa XIV yashyize imbere ubutumwa bwimbitse ku rukundo rwa Kristo n’ubusabane bwe n’abakene, agaragaza ko gukunda abakene ari rwo rufatiro rw’ivanjiri n’ukwemera kwa gikristu. Ibi yabitangaje ubwo yasangiraga n’abakene bo muri Diyosezi ya Albano Laziale (ANSA) ho mu Butaliyani […]
Abaramyi Naomi Raine na Chandler Moore Batandukanye na Maverick City Music
Nyuma y’imyaka myinshi baririmbana mu itsinda ryamamaye ku isi mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Naomi Raine na Chandler Moore, batangaje ko bagiye gukomeza umurimo wabo wo kuririmba ariko babikora ku giti cyabo, bavuga ko iki atari iherezo ahubwo ari itangiriro ry’igice gishya cy’ubuzima bwabo. Aba bahanzi bakomeye ba gospel bakomoka muri Leta Zunze […]
Uwahoze ari Umubikira Shako Annastacia Amaze Kwakira Ubutumwa 1,000 Bumusaba Urukundo Nyuma yo Kwirukanwa
Uwahoze ari umubikira wa Kiliziya Gatolika, Umunya_Nigeriya, Umubikira Shako Annastacia, nyuma yo kwirukanwa kubera ubutumwa yanditse ku mbuga nkoranyambaga, Shako Annastacia yabaye icyamamare kuri internet ubwo yagaragazaga ubutumwa bwinshi yohererejwe n’abagabo bamusaba barenga 1,000 bamusaba ko barushinga. Ibi byabaye nyuma y’uko uyu mubikira wahoze ari umukozi w’Imana yirukanwe mu muryango wa w’Ababikira kubera amagambo yanditse […]
Couple Y’abaramyi Iri Gutegura Honeymoon Yo Gusangira N’abakobwa Batwaye Inda Imburagihe
Abaramyi bakunzwe mu muziki wa Gospel, Brian Blessed na Dinah Uwera, batangaje ko bagiye gukora igikorwa cy’urukundo bazasangiriramo n’abakobwa batwaye inda z’imburagihe bakabyara bakiri bato. Ni igikorwa bavuze ko kizaba ari nk’ukwezi kwa buki ariko mu buryo bwihariye. Ibi Brian Blessed yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 07 Ukwakira, ubwo uyu muryango wizihizaga isabukuru y’imyaka […]
Jamaica: Unity Singers Bafite Akanyamuneza Nyuma Yo Gutoranywa mu Bihembo bya “Sterling Gospel Music Awards”
Itsinda ry’abaririmbyi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana “Unity Singers”, rimaze imyaka 18 ritangaza ubutumwa bwiza mu ndirimbo, ryishimiye kuba ryatoranyijwe bwa kabiri mu cyiciro cy’Itsinda ryiza ry’Umwaka mu bihembo bya Sterling Gospel Music Awards 2025. Shane Haslam, umuyobozi wa Unity Singers Ministry, yabwiye Ikinyamakuru Observer Online ko gutoranywa muri iki gihembo byerekana ko […]
Abepisikopi ba Kiliziya Gatolika Bamaganye Icyemezo Cy’urukiko
Kinshasa, RDC, Abepisikopi ba Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) bamaganye icyemezo cy’urukiko rwa gisirikare rwo gukatira igihano cy’urupfu Joseph Kabila, wahoze ari Perezida w’iki gihugu, bashimangira ko iki cyemezo kidashingiye ku mahoro ahubwo ari uburyo bwo kwihorera. Mu butumwa bw’amashusho bwasomwe kuri uyu wa Mbere n’Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’Abepisikopi Gatolika muri […]
Wari uzi ko hariho indwara yo gutinya kugira ibyishimo?
Cherophobia’ ni indwara y’ubwoba ituma umuntu atinya kwishima, kuko aba atekereza ko ibyo byishimo birakurikirwa n’akaga cyangwa umubabaro mwinshi. Urubuga rw’Abanyamerika rushyirwaho inkuru z’ubuzima, Healthline Media, rutangaza ko impamvu nyamukuru zitera Cherophobia zishobora gutandukana, ariko ko akenshi zituruka ku kuba umuntu afite ihahamuka ryaturutse ku kuba mu gihe cyahise yarigeze kugira ibyishimo byinshi bigakurikirwa n’agahinda. […]