21 July, 2026
2 mins read

Inkera y’Abahizi: Nyuma y’imvugo “Batashye uw’AbaRayon”, haba hagiye kwaduka indi igira iti: “Batashye uw’Abahizi?”

Nyuma yuko ikipe y’ingabo z’igihugu iteguye irushanwa ikarisoza ntamukino n’umwe itsinze n’amanota zero, bikomeje gutera impungenge abakunzi bayo ndetse n’abakurikira Football mu Rwanda bakemanga ubushobozi bw’amakipe yo mu Rwanda. Muri iri rushanwa ryitswe “Inkera y’Abahizi”, ikipe by APR FC yariteguye yarisoje itsindwa na Azam FC yo muri Tanzania naho Police FC yegukana igikombe. Kuri iki […]

3 mins read

“Rwanda is A Nation Close to God, A Nation Full of Love” – The Message of Apostle Dr. M. Rueal McCoy

Apostle Dr. M. Rueal McCoy from the United States of America, who has visited Rwanda twice (in 2024 and 2025), declared that Rwanda is “the land of a thousand hills, full of peace and love.” He last came to Rwanda during the “Thanks Giving Conference” at Revival Palace Community Church in Bugesera, held from August […]

1 min read

FEASSA2025: U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri mu mikino y’amashuri

Amashuri ya International Technical School Kigali na APE Rugunga amwe mu yari ahagarariye u Rwanda, yegukanye ibikombe mu mukino wa Basketball mu mikino ihuza amashuri yo muri Afurika y’Iburasirazuba yaberaga muri Kenya. Izi ntsinzi zagezweho nyuma y’uko ku wa Gatanu ITS Kigali ku mukino wa nyuma wa Basketball ikinwa n’abakinnyi batanu, itsinze ishuri rya AMUS […]

2 mins read

Holidays in Museum: Imwe muri gahunda y’Inteko y’Umuco mu mu kurinda umurage ndangamuco w’u Rwanda

Inteko y’Umuco iri gutoza inahugura abana mu bice bitandukanye by’Igihugu aho batozwa imbyino gakondo Nyarwanda, ubuvanganzo, imyuga gakondo ndetse n’indangagaciro na kirazira z’umuco Nyarwanda. Bahabwa kandi ibiganiro byerekeye uburenganzira bw’umwana, kurwanya igwingira n’indwara zibasira abana, n’ubumenyi bw’ibanze mu gukumira inkongi n’impanuka zabera mu rugo. Ni muri gahunda yiswe Ibiruhuko ku Ngoro z’Umurage w’u Rwanda ( […]

1 min read

Inkera y’Abahizi: AS Kigali mu nzira yo Guhiga andi makipe bahanganye

Nyuma yo gutsinda umukino wa Kabiri mu irushanwa “Inkera y’Abahizi” ryateguwe na APR FC yo yatsinzwe uwa Kabiri, AS Kigali ishobora kwegukana igikombe cy’iri rushanwa rizasozwa mu mpera z’iki cyumweru Kuri uyu wa Kane, tariki ya 21 Kanama 2025, ni bwo hakomeje irushanwa “Inkera y’Abahizi”, hakinwa imikino y’umunsi wa Kabiri w’irushanwa. AS Kigali yaje itumiwe […]

1 min read

Kwayura kimwe mu bimenyetso byo kudasinzira neza

Hari abantu usanga mu masaha y’akazi cyangwa se igihe bari gukora ibindi bintu by’ingenzi bibasaba gutuza, bagira ikibazo cyo kwayura bya buri kanya ku buryo bagerageza no kubirwanya ariko bikanga. Iyo ibi bibaye, benshi batekereza ko ari umunaniro, bagatangira gushaka ibintu bituma badasinzira, nko kunywa ikawa, guhekenya shikarete n’ibindi, yarekera kwayura akumva ko ubwo birangiye. […]

2 mins read

U Buhinde: Umugore yasamye inda aho kujya muri nyababyeyi ijya mu mwijima

Mu Buhinde, abaganga batunguwe cyane no kubona umugore utwite inda y’ibyumweru 12 irimo ikurira mu mwijima we (intrahepatic ectopic pregnancy), aho kuba muri nyababyeyi nk’uko bisanzwe. Uwo mugore uri mu kigero cy’imyaka 30, ngo yari amaze iminsi afite ububabare bukabije mu nda, bikajyana no kuruka. Bwa mbere ajya kureba abaganga ngo bamufashe, ngo bamunyujije mu […]

2 mins read

Philadelphia: Hatashywe ahubatswe ishusho ya Bikira Mariya wabonekeye I Kibeho

Ku wa 17 Kanama 2025, hatashywe ku mugaragaro agace kubatswemo ishusho yitiriwe umubyeyi Bikira Mariya w’i Kibeho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iyo shusho yashyizwe i Philadelphia, muri Basilica Shrine of Our Lady of the Miraculous Medal, ahantu hazwi cyane nko mu Rugendo rwa Rozari rwa Mutagatifu Vincent (St. Vincent’s Rosary Walk). Ibirori byo […]

2 mins read

Ubushakashatsi: Ingaruka zo kuryama utinze zishobora kugera ku marangamutima no kongera ibyago ku ndwara zo mu mutwe

Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’impuguke za Stanford Medicine bwerekanye ko kuryama utinze cyane, cyane cyane nyuma ya saa saba z’ijoro, byongera hagati ya 20% na 40% ibyago byo kurwara indwara zo mu mutwe zirimo agahinda gakabije (depression) n’umunaniro ukabije (anxiety). Ubwo bushakashatsi bugaragaza ko guhindura gahunda yo kuryama ukaryama isaha imwe mbere y’igihe usanzwe uryamiraho bishobora […]

1 min read

Igikorwa ngarukamwaka cyo gushima Imana “Rwanda Shima Imana” kigiye kubera mu Gihugu hose

Igiterane ngarukamwaka cya Rwanda Shima Imana, kigiye kuba mu buryo bw’umwihariko aho kizabera mu gihugu hose binyuze mu matorero n’amadini yose yo mu Rwanda. Biteganjijwe ko kizaba mu mpera z’icyumweru gitaha hagati yo ku wa 29 na 31 Kanama 2025. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Mbere tariki 18 Kanama 2025 na Komite Mpuzabikorwa y’iki gitaramo, […]