BitChat: Porogaramu nshya yo kohererezanya ubutumwa bidasabye internet cyangwa Sim card
BitChat ni porogaramu nshya ituma abantu bohererezanya ubutumwa bidasabye internet, nimero za telefoni cyangwa sim card. Yakozwe n’itsinda riyobowe na Jack Dorsey, uri mu batangije Twitter. Ikoresha ikoranabuhanga rya Bluetooth, rituma ibikoresho biri hafi bishobora gutumanaho mu buryo bwihuse. BitChat yubakiye ku muyoboro utari umwe rusange (Decentralized network), kandi ubutumwa bwoherezwa mu ibanga rikomeye (encrypted), […]
Amakuru mashya: 11 ni abazungu indirimbo ya Uwizeyimana Sylivester “Wasili” yahimbiye Rayon Sports
Uwizeyimana Sylivester wamamaye ku izina rya Wasili usanzwe ari umukozi wa Rayon Sports mu kiganiro Rayon Time, yamaze gushyira hanze indirimbo “11 ni abazungu” yahimbiye Rayon Sports. Mu gihe cy’umwaka umwe gusa, Wasili akomeje gukora udushya dutandukanye agaragaza uburyo akunda ikipe ya Rayon Sports ndetse akagira uruhare rukomeye mu gutuma abakunzi ba Rayon Sports biyumvamo […]
Ni umuvandimwe akaba inshuti_ James Niyonkuru avuga impamvu yatumiye Umuramyi Theo Bosebabireba mu gitaramo “Senga Album Concert”
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Theo Bosebabireba yatumiwe mu gitaramo gikomeye kizabera mu Burundi, hagati muri Kanama 2025. Ni igitaramo yatumiwemo n’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana wo mu Burundi, James Niyonkuru. Ni igiterane cyo kumurika umuzingo ugizwe n’indirimbo 12 z’uyu muhanzi, yise ‘Senga’ kizaba tariki 16 Kanama 2025 i Bujumbura. Amakuru […]
Kwigomwa birenze urugero mu rukundo bitera imibanire idafite ireme
Mu rukundo, hari igihe umuntu yigomwa cyangwa yitanga ku nyungu z’uwo bakundana, abizi cyangwa atabizi. Nubwo byakumvwa nk’urukundo rudasanzwe, iyo bitangiye kurenga ku kwitanga bisanzwe bishobora kuba bibi, bikomoka ku bwoba no ku cyifuzo gikabije cyo gukundwa no kwemerwa. Uba wumva ko uko uri bidahagije, bityo ugahitamo kwihisha, ugashyira imbere iby’abandi, wowe ukisiga inyuma. Ibi […]
Police FC Yeretse APR FC ko igifite byinshi byo kwigaho mbere yuko shampiyona itangira
Police FC yatsinze APR FC ibitego 2-1 mu mukino wa gicuti maze imyiteguro ya APR FC iguma kugenda nabi. Ikipe ya Police FC yari yakiriye APR FC mu mukino wa Gicuti wo kwitegura umwaka w’imikino wa 2024-26. Ni umukino watangiye APR FC yatakana imbaraga zidasanzwe nyuma yo kubona Koruneli na Coup franc zikurikiranya kubera amakosa […]
Nimba nawe ufite ibi bimenyetso menya ko urwaye indwara y’agahinda gakabije
Bimwe mu bimenyetso bigaragazwa n’abahanga mu by’ubuvuzi biranga umuntu ufite ikibazo cy’agahinda gakabije. Hagendewe ku byo ikigo gishinzwe ubuzima ku isi (WHO:World Health Organsation) gitangaza, Indwara y’agahinda gakabije ikunze kubaho mu buzima bwa benshi. Iyi ndwara ifite ibimenyetso by’uko umuntu aba afite agahinda kenshi cyangwa atishimira gukora ibikorwa byishimisha ku gihe kirekire. Bakomeza bavuga ko […]
U Rwanda mu bufatanye bugamije guteza imbere ikoranabuhanga ry’ubwenge bukorano ‘AI’
U Rwanda rwinjiye mu bufatanye na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) na Malaysia hagamijwe guteza imbere ikoreshwa rya AI mu bihugu bikiri mu nzira y’iterambere, nk’intambwe ikomeye mu kwimakaza iterambere ry’ikoranabuhanga muri Afurika. Aya masezerano yashyizweho umukono ku wa 31 Nyakanga 2025 i Dubai, ari mu mujyo wo kwimakaza amahame y’Urwego Rushinzwe Impinduramatwara ya Kane […]
Abantu benshi bakunda kubikora iyo bari mu bwogero kandi bikurura ibyago byinshi bikomeye
Nubwo kujya koga ari kimwe mu bikorwa biruhura umubiri bikanawugirira isuku iwurinda indwara, hari ibintu abantu bakunda gukora mu bwogero bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima. Abahanga mu by’ubuzima bagaragaza ko mu gihe umuntu agiye muri icyo gikorwa cy’isuku bakwiriye kwitwararika cyane bitaba ibyo ukwari ukugirira neza umubiri bikawukururira ibibazo. Bimwe mu bintu bishobora kugira […]
Kiliziya Gatolika isanga inama ya SECAM Ibafasha mu gukomeza umurage w’ukwemera, ukwizera no kudacika intege
Ni bimwe mu byagarutsweho mu Ihuriro ry’Inama ya 20 y’Abepisikopi muri Afurika na Madagascar (SECAM), yitabiriwe n’abakaridinali, abasenyeri ndetse n’abapadiri baturutse mu bihugu bitandukanye muri Afurika. Nyiricyubahiro Cardinal Peter Kodwo Appiah Turkson, Umunya-Ghana ukorera ubutumwa i Roma, ni we watuye igitambo cya Misa itangiza inama ya SCEAM, muri Paruwasi ya Regina Pacis. Uretse Minisitri w’Intebe, […]
“Hambere baganuraga ibijyanye n’imbuto gakondo ariko ubu byaragutse” Uwiringiyimana Jean Claude agaruka k’Umuganura
Intebe y’Inteko yungirije ushinzwe kubungabunga no guteza imbere ururimi n’umuco, Uwiringiyimana Jean Claude agaragaza ko Umuganura urenze kuba ari umuhango gusa ahubwo ari ukuzirikanana nk’Abanyarwanda, bafashanya, bishimira ibyo bagezeho n’aho bitagenze neza hakabaho kwigaya ugamije kubikosora mu mwaka ukurikiyeho. Ibi Uwiringiyimana arabigarukaho mu gihe kuri uyu wa 01 Kanama 2025, Abanyarwanda, inshuti z’u Rwanda, baba […]