Abaririmba indirimbo zo kuramya no uhimbaza Imana mu nzira zo kunguka umuramyi mushya wifuza kuzaba Mpuzamahanga.
Uwamariya Elyse, umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, utuye mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Kabarore, akaba n’umukristo mu Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi, yahisemo gukoresha impano ye yo kuririmba mu gukomeza imitima ya benshi no kugeza ubutumwa bwiza ku bantu b’ingeri zose. Uyu muhanzi yatangiye urugendo rwe mu muziki mu 2005, aririmba […]
Umukobwa yabenze abasore cyane, biba igitekerezo k’indirimbo ku muraperi!
Umuhanzi w’umuraperi Gauchi amaze iminsi mike asohoye indirimbo yise “Bazanga” avagako yakomotse ku nkuru mpamo yabwiwe n’inshuti ye. Ni indirimbo yakoranye n’umuhanzi Sean Brizz, ikaba igaragaramo bamwwe mu byamamare mu gukina filime kandi bakunzwe hano mu Rwanda, barimo Inkindi Aisha wamenyekanye cyane ubwo yandikaga ku rumuga rwa X rwahoze ari Twitter ko abasore bose ari […]
ARI KUMINUZA UMUZIKI MURI KENYA! ESE NI NDE WEGUKANYE UMUTIMA WA CHRYSO NDASINGWA BAGIYE KURUSHINGA?
Sharon Gatete ni umukobwa uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, akaba ari umwe mu bahanzi bakizamuka bakomeje kwigarurira imitima y’abakunzi b’iyo njyana. Yavukiye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kacyiru, mu Mujyi wa Kigali. Sharon akomoka mu muryango wa Gikirisitu, akaba yaratangiye kumenya ko afite impano yo kuririmba afite imyaka icyenda gusa, ubwo yigaga […]
UNDI MUHANZI WA GOSPEL WAHOZE ARI UMUKIRSITO GATOLIKA AGIYE KURUSHINGA
Umuhanzi wamamaye mu muziki Nyarwanda wo kuramya no guhimbaza Imana, kuri ubu amakuru agezweho kuri uyu muhanzi utuye I Nyamirambo ni uko agiye gukora ubukwe agatera ishoti ubusiribateri. Ndasingwa Jean Chrysostome wamenyekanye nka Chryso Ndasingwa ni izina rikomeye mu muziki wa Gospel mu Rwanda akaba agiye gukora ubukwe mu minsi iri imbere. Uyu muhanzi yamamaye […]
“Uwiteka yakoze ibintu bidasanzwe kuri twe, natwe twuzuye ibyishimo.”
Aya ni amwe mu magambo yatangajwe n’umuhanzikazi umunyerewe cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, ubwo yasangizaga abamukurikira n’abakunzi be inkuru y’uko agiye kwibaruka Ubuheta. Ibi yabitangaje yifashishije amashusho, yashyize hanze ari kumwe n’umugabo we n’umwana wabo bise Kwanda. Umuhanzikazi Clarisse Karasira yagaragaje ko we n’umugabo we Ifashabayo Sylvain Dejoie, bagiye kwibaruka umwana wa […]
Volleyball: Imwe mu mishinga yatanzwe mu nama y’Inteko rusange yatangiye gushyirwa mu bikorwa.
Hari kuri uyu wa Kane tariki 26 Kamena 2025, ubwo ikipe ya Police Volleyball Club isanzwe ikina muri shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda yafunguraga ku mugaragaro irerero rizigisha abana bakiri bato gukina Volleyball. Uyu mushinga wakomotse ku gitekerezo cy’inama y’inteko rusange y’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball iheruka mu Rwanda, aho hifujwe ko nibura buri […]
Hari abumva indirimbo ze amarira akisuka!
Abakurikira ubuhanzi bwo mu Rwanda cyane mu gisata cyo kuramya no guhimbaza imana bavuga ko indirimbo ze kubera kunyura imitima yabo hari igihe bisanga basutse amarira. “Namenye ko byose bibeshwaho n’ijambo ryawe. Ibyo wavugiye ahera ntibihera mu maherere bidasohoye, nta wakwizeye ngo amaso ahere mu kirere. Ijambo ryawe rirarema, rifite imbaraga n’ubushobozi. Urankunda ibyo ndabizi […]