15 September, 2026
1 min read

Aline Sympaty yongeye guhumuriza abantu bahura n’ibigeragezo mu ndirimbo nshya “Ntidutsindwa”

Umuramyikazi Nyiranzabahimana Aline uzwi ku izina rya Aline Sympaty yongeye gutanga ubutumwa bw’ihumure mu ndirimbo yashyize hanze “Ntidutsindwa”, ikubiyemo ubutumwa bwo guhumuriza abantu, kwizera no kudacika intege kuko bafite Imana itajya ineshwa. Ni indirimbo uyu muramyikazi yashyize hanze tariki 12 Kanama 2025 kuri Youtube, aho ikomeje kurebwa n’abatari bake mu gihe imaze igiye hanze. Iyi […]

2 mins read

Wales: Itorero Angilikani nyuma yo kwemera kuyoborwa n’umwe mu baryamana bahuje ibitsina byababaje Musenyeri Laurent Mbanda

Umuryango ugamije gukomeza no guha imbaraga inyigisho z’ijambo ry’Imana, GAFCON, wamaganiye kure Itorero Angilikani rya Wales ryafashe icyemezo cyo kuyoborwa na Cherry Vann usanzwe ari umwe mu baryamana bahuje ibitsina. Ku wa 30 Nyakanga 2025 ni bwo Cherry Vann yatorewe kuba Umushumba Mukuru w’Itorero Angilikani rya Wales. Cherry Vann ni we mugore wa mbere uyoboye […]

1 min read

Kiliziya Gatolika yaburiye abantu mbere yuko hizihizwa Asomusiyo

Ubuyobozi bw’Ingoro ya Bikira Mariya i Kibeho, iherereye muri Diyosezi Gikongoro yaburiye abantu ibasaba kwirinda abatekamutwe bitwikira ko bavuye i Kibeho cyangwa bahakora bakabiba utwabo. Ni ibikubiye mu butumwa bwatanzwe n’Ubuyobozi bw’Ingoro ya Bikira Mariya i Kibeho, ku wa 10 Kanama 2025, mu itangazo ryagenewe abakirisitu n’abandi bose bagera i Kibeho mu gihe Isi yose […]

1 min read

Ese kuba umuntu uzwi muri gospel bisobanuye ko uri Malayika utakora icyaha?

Mu gihe abahanzi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana (gospel) baba bafite inshingano zo kugeza ubutumwa bwiza ku bantu, benshi bakunze gufatwa nk’abatagatifu/nk’abera/nk’intungane cyangwa nk’abantu badakora amakosa. Nyamara, kuba icyamamare muri gospel ntibisobanuye ko umuntu ari malayika cyangwa ko adakora ibyaha. Nubwo abahanzi ba Gospel baririmba iby’Imana, bakomeza kuba abantu basanzwe bafite intege nke […]

2 mins read

Florida: Nyuma yo kwigira Umuforomo akaba yari amaze kuvura abasaga 4,000 yatawe muri yombi

Muri Leta ya Florida muri Amerika, umugore yigize umuforomo, atabwa muri yombi amaze kuvura abarwayi basaga 4,000 kandi nta cyangombwa kimwemerera kuvura (licence médicale) agira. Uwo mugore ukurikiranyweho uburiganya bwashoboraga no guteza urupfu, yitwa Autumn Bardisa w’imyaka 29, yafashwe n’inzego z’umutekano zimusanze iwe mu rugo, kubera ko yigize umuforomo ubifitiye impamyabumenyi. Muri rusange yatanze serivisi […]

1 min read

Mbega agahinda I Shyorongi! Amarira ni yose nyuma yuko bongeye kuyitombora gatatu bikurikiranya

Mu marushanwa nyafurika ikipe ya Rayon Sports yatomboye kuzahura na Singida Black Stars, naho APR FC yongera gutombora Pylamid Fc imaze imyaka ibiri yikurikiranya iyisezerera. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu itariki 9 Kanama 2025, abakunzi ba APR FC bamenye inkuru y’uko batomboye kuzahura na Pyramids yo mu Misiri mu majonjora ya CAF Champions […]

1 min read

While Waiting to Know Their Opponents, Rayon sports and APR FC are not Among Africa’s Top Clubs

Rwanda’s Rayon Sports and APR FC, which will represent the country in African competitions, do not appear among the top 75 clubs on the African continent. It is expected that today in Dar es Salaam, Tanzania, there will be a draw to determine the fixtures for the preliminary rounds of the 2025–2026 CAF Champions League […]

1 min read

Yabaye iciro ry’imigani nyuma yo kuvuga ko asigaye akoresha ChartGPT mu gufata ibyemezo bya politiki

Minisitiri w’Intebe wa Suède, Ulf Kristersson, yabaye iciro ry’imigani nyuma yo gutangaza ko yifashisha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rya ChatGPT mu gufata ibyemezo bimwe na bimwe bya politiki. Minisitiri Kristersson yavuze ko akoresha uru rubuga nk’inyunganizi itanga ibitekerezo byihariye ariko ko adashyiramo amakuru y’ibanga cyangwa areba umutekano w’igihugu. Gusa ibi ntibyakiriwe neza na bamwe mu banyapolitiki […]

2 mins read

Ubushakashatsi: Abantu barota inzozi mbi bikanga bibatera ibyago birimo no gupfa imburagihe

Kurota inzozi mbi bituma umuntu yikanga cyangwa se ashigukira hejuru yari asinziriye kubera ubwoba atewe n’ibyo arose, bikaba kenshi ngo byagira ingaruka zirimo gupfa imburagihe. Abantu bakuru barota inzozi mbi zibateye ubwoba, bakaba bazirota nibura buri cyumweru, baba bafite ibyago byikubye gatatu (3) byo gupfa imburagihe ni ukuvuga bagapfa batageza no ku myaka 75, ugereranyije […]