Guverinoma y’u Rwanda yatangaje itegeko rigenga serivisi yo gutwitira undi rikubiyemo ibihano bikakaye
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje itegeko rigenga serivisi z’ubuvuzi rikubiyemo ingingo zitandukanye, ryagennye n’ibihano bigera ku gifungo cy’imyaka 25 n’ihazabu igera kuri miliyoni 50 Frw, mu kwirinda ko hazabamo uburiganya. Ni itegeko ririmo ingingo zitari zisanzweho, nko gutwitira undi no guha uburenganzira abafite kuva ku myaka 15 bwo gusaba serivisi z’ubuvuzi zose batagombye guherekezwa. Icyaha gikakaye […]
Nicyo gihe ngo amafunguro twafataga twongeremo ku bwinshi ibikomoka k’umatungo: Ubushakashatsi
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) yagaragaje ko 98% by’ibiribwa Abanyarwanda barya ari ibikomoka ku buhinzi, mu gihe ibikomoka ku matungo ari 2% mu mwaka. Iyi mibare igaragaza ko mu 2024 ingufu zikomoka ku biribwa (calories) Umunyarwanda umwe arya ku munsi zageze ku 2.239, zivuye ku 2.290 zariho mu mwaka 2023, muri zo 40,3 akaba ari […]
Ese wari uziko Radiyo Salus igiye kumara hafi ukwezi itumvikana? Dore ikibyihishe inyuma
Radio Salus ya Kaminuza y’u Rwanda (UR) igiye kumara hafi ukwezi itumavikana ku mirongo ibiri yombi yumvikaniragaho, uretse gusa ibyo inyuza ku mbuga nkoranyambaga. Amakuru twamenye dukesha ikinyamakuru IGIHE ni uko Radio Salus igiye kumara ukwezi itumvikana dore iko iheruka kuvuga mu ntangiriro za Nzeri uyu mwaka. Icyo kibazo cyatangiye mu mpera za Kanama 2025 […]
Umuramyi Uwizera Benjamin na Divine Muntu bagiye kuba bamwe mu bagize umuryango mugari wa Gospel w’abarushinze
Ku Cyumweru, tariki 28 Nzeri 2025, Divine na Benjamin bombi berekanwe mu rusengero rwa ADEPR Gatenga mu muhango wari wuzuyemo ibyishimo, witabiriwe n’inshuti, imiryango n’abakristo. Ubukwe bwabo buteganyijwe kuba mu kwezi kwa Mbere 2026. Umuramyi wa Gospel Divine Nyinawumuntu, uzwi nka Divine Muntu, w’imyaka 22, agiye kurushinga na Uwizera Benjamin, umuririmbyi wa Holy Nation Choir akaba n’umushoramari. Ibi bibaye nyuma y’uko […]
Kunyonga igare biri mu bifasha mu kurwanya indwara zo kwibagirwa: Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bwamuritswe mu Kinyamakuru JAMA Network Open bwagaragaje ko kunyonga igare bishobora kugabanya ibyago byo kurwara indwara zishobora gutuma umuntu yibagirwa. Ubu bushakashatsi bwakorewe ku barenga 480.000 bo mu Bwongereza bwagaragaje ko kunyonga igare bigabanya ibyago byo kurwara indwara ya ‘dementia’ ku kigero cya 19%, ndetse 22% ku ndwara ya Alzheimer. Dementia ni uruhurirane rw’indwara […]
Umuramyikazi Senga Byuzuye uzwi nka Senga B avuga ko ari umuhamya wo guhamya ko Imana ikora kandi mu gihe gikwiriye
Umuramyikazi Senga Byuzuye uzwi cyane nka Senga B yashyize hanze indirimbo nshya “Ihanagura amarira” irimo ubutumwa bw’ihumure bugaragaza ko “dufite Imana ihanagura amarira ikayahindura ibitwenge.” Senga B yinjijwe mu muziki na Adrien Misigaro binyuze mu ndirimbo bakoranye yitwa “Ndabizi”. Ni umubyeyi wubatse, ufite abana babiri, akaba aririmba indirimbo zo guhimbaza Imana. Atuye ndetse akorera umurimo […]
Natangiye umuziki mu bihe bigoye aho ntawumvaga ko nshoboye: Aimé Uwimana
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aimé Uwimana, yahishuye ko mu ntangiriro z’urugendo rwe rwa muzika yahuye n’imbogamizi zikomeye ziturutse ku myumvire y’abantu, aho batumvaga uburyo ashobora gukora indirimbo z’ivugabutumwa akazishyira kuri CD na Cassette akazigurisha. Uyu muramyi, wamamaye mu ndirimbo nka “Muririmbire Uwiteka”, kuri ubu wizihiza imyaka 32 amaze mu muziki, yabitangaje mu […]
Umuramyi Ndasingwa Chryso yatangaje itariki nshya y’igitaramo cye afite i Burayi
Igitaramo cya Chryso Ndasingwa mu Bubiligi cyateguwe na Divine Grace Entertainment, cyagombaga kuzaba kuwa 08 Ugushyingo 2025, ariko magingo aya amakuru mashya ahari ni uko itariki yacyo yamaze guhinduka. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, Chryso Ndasingwa yatangaje ko iki gitaramo kizaba mu mpera z’ukwezi k’Ugushyingo. Yanditse ku mbuga nkoranyambaga akoresha ati: “Mwibuke ko amatariki […]
Igiciro cy’umuti urinda kwandura SIDA cyashyizwe hanze: Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yagaragaje ko yanyuzwe n’igiciro cy’umuti wa Lenacapavir uherutse kwemezwa, nyuma yo kugaragaza ko ufite ubushobozi bwo kurinda abantu kwandura Virusi itera SIDA. Ku wa 24 Nzeri 2025, kubera ubufatanye bw’imiryango irimo Unitaid, Clinton Health Access Initiative na Wits RHI, byatangajwe ko umuti wa Lenacapavir utangwa mu nshinge ebyiri buri mezi […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 26 Nzeri
Turi ku wa 26 Nzeri 2025. Ni umunsi wa 269 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 96 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wo kurandura burundu ikorwa n’ikoreshwa ry’intwaro kirimbuzi.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1905 : Umuhanga mu by’Ubugenge, Albert Einstein, yashyize ahagaragara isano rya za rukuruzi (théorie de la […]