Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 3 Ukwakira
Turi ku wa 3 Ugushyingo 2024. Ni umunsi wa 307 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 58 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi w’ubwigenge mu bihugu bitandukanye nka Equateur, Micronesia, Dominica na Panama.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1990: Ingabo za RPA zafashe umuhanda wa Gatuna mu rugamba rwo kubohora igihugu.1982: Abarenga […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 2 Ukwakira
Turi ku wa 2 Ugushyingo 2025. Ni umunsi wa 306 mu minsi igize umwaka Hasigaye iminsi 59 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurandura umuco wo kudahana abakora ibyaha byibasira abanyamakuru.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1914: U Burusiya bwatangaje ko butangije intambara ku bwami bwa Ottoman.1964: Umwami wa Arabie […]
Josh Ishimwe yakiriye Mimi Mutanu ashima Imana abinyujije mu njyana gakondo
Umunyamakuru akaba n’umuramyikazi w’umunyempano, Dushimimana Ernestine uzwi nka Mimi Mutanu, yasohoye indirimbo nshya yise “Uri Mwiza Yesu”, yuje ishimwe no guha icyubahiro Imana yamukijije urupfu. Iyi ndirimbo ye nshya “Uri Mwiza Yesu” yatekerejwe mu buryo bwimbitse, ikaba ikozwe mu njyana nyarwanda gakondo. Ifite umwimerere n’umwuka w’amasengesho, ikaba ishimangira ko ubuzima ari impano ikomeye y’Imana kandi […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 1 Ugushyingo
Turi ku wa 1 Ugushyingo 2025. Ni umunsi wa 305 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 60 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi hirya no hino ku Isi hizihizwa abatagatifu bose.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1959: Mbonyumutwa wabaye perezida wa mbere w’ u Rwanda, yakubiswe urushyi n’abasore bari bamutegeye mu nzira […]
Imbarutso y’indirimbo yitwa “ku meza y’Umwami” na Uwimana Aimé
Aimé Uwimana ufatwa nka sekuru w’abaramyi bo mu Rwanda, yakoze mu ngazo azirikana ubuntu n’urukundo by’Umukiza. Ni mu ndirimbo yengetse yise “Ku Meza y’Umwami” yaryoheye benshi, bituma bamwe abakumbura gutaramana nawe mu gitaramo cye bwite. Ni indirimbo yanuriye benshi ndetse izamura cyane amarangamutima yabo nk’uko bigaragara kuri Youtube munsi y’iyi ndirimbo “Ku Meza y’Umwami” aho […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 31 Ukwakira
Turi ku wa 31 Ukwakira 2024. Ni umunsi wa 304 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 61 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1998: Ibihugu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Irak byaciye umubano aho iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwo hagati cyashinjwaga na Amerika gukora intwaro […]
Imwe mu mishanga yitezwe nyuma y’uko 5G igeze mu gihugu cy’u Rwanda
Hashize amezi atanu ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagejejwe internet yihuta ya 5G bikozwe na MTN Rwanda. Icyo gihe yatangiye kuboneka kuri site ya Kigali Heights na KCC [Kigali Convention Centre]. Internet ya 5G irihuta, bigafasha nko mu mirimo yo kubaga umuntu hifashishijwe iya kure, imodoka zitwara, imikino yo kuri internet no mu gukoresha […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 30 Ukwakira
Turi ku wa 30 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 303 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 62 ngo uyu mwaka urangire.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1973: Hatashywe ikiraro gihuza umugabane wa Aziya n’u Burayi. Iki kiraro kizwi ku izina rya Bosphorus Bridge, kiri muri Turikiya mu mujyi wa Istanbul.1974: Habaye umukino ukomeye […]
Ibyasanzwe mu miti gakondo bivugwa ko yongera akanyabugabo nyuma y’isuzuma ryimbitse
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe Ibiribwa muri Rwanda FDA, Dr. Nyirimigabo Eric, yatangaje ko amwe mu mavuriro gakondo avuga ko atanga imiti yongera akanyabugabo, akoresha uburyo butujuje ubuziranenge bwo kuyivanga n’ibinini bisanzwe, bakabyita umuti w’umwimerere. Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa 20 Ukwakira 2025, Dr. Nyirimigabo yavuze ko mu mitunganyirize y’ibikorwaremezo mu nganda harimo abantu badakurikiza […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 29 Ukwakira
Turi ku wa 29 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 302 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 63 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1922: Benito Mussolini yagizwe Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani.1923: Turukiya yabaye Repubulika nyuma y’iseswa ry’Ubwami bwa Ottoman.2004: Televiziyo y’Abarabu, Al Jazeera yerekanye amashusho y’Umuyobozi w’Umutwe w’Iterabwoba […]