11 September, 2026
2 mins read

Vitamin D ishobora kwifashishwa mu guhashya kanseri ya prostate: Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Vitamin D izwi cyane nk’ifasha mu gukomeza amagufwa, ifite n’uruhare rukomeye mu kurinda no kugabanya ubukana bwa kanseri ya prostate, imwe mu ndwara zikunze kugaragara ku bagabo bageze mu gihe cy’izabukuru. Prostate mu busanzwe ni urugingo ruboneka ku bantu b’igitsina gabo gusa, rukaba ruri munsi y’uruhago aho rukikije umuheha usohora inkari n’amasohoro. […]

2 mins read

ADEPR Gatenga iri kubaka urusengero ruhambaye  ruhagaze agaciro k’amafaranga menshi

Igishushanyo mbonera cy’uru rusengero, kigaragaza ko ari inyubako nini cyane kandi igeretse gatatu, ikagira ubusitani buteye amabengeza ndetse na parkingi nini. Iyi nyubako izuzura itwaye Miliyari 2 Frw kandi ari gutangwa n’abakristo ndetse hari n’abiyemeje kuzakoresha amaboko yabo mu gushyira itafari kuri iyi nyubako y’agatangaza.  ADEPR Gatenga, iwabo w’amakorali akunzwe cyane nka Korali Ukuboko kw’Iburyo, […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 26 Ukwakira

Turi ku wa 26 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 299 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 66 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.1960: Mu Rwanda habaye amatora yarangiye hashyizweho inteko na Leta y’agateganyo, Gregoire Kayibanda aba Minisitiri w’Intebe na ho Habyarimana Joseph ’Gitera’ ayobora Inteko.1961: Kayibanda yagiye ku butegetsi, ayobora manda ye ya mbere kugeza […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 25 Ukwakira

Turi ku wa 25 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 298 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 67 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2020: Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yazamuye mu ntera Arkiyepiskopi wa Kigali, Musenyeri Antoine Kambanda amugira Cardinal.1945: Repubulika y’u Bushinwa yatangiye kugenzura […]

2 mins read

Ubushakashatsi bwagaragaje ko urubyiruko ruri gukundana rugamije kubona ibiryo by’ubuntu

Bivugwa ko hafi umwe mu bantu batatu bo muri Gen Z [Abavutse hagati ya 1997 na 2012] asohokana n’umusore/umukobwa atari ku bw’urukundo, ahubwo yishakira amafunguro y’ubuntu, nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi bushya bwa Intuit bwiswe “The Cuffing Economy.” USA Today ducyesha iyi nkuru, ivuga ko impamvu nyamukuru iri inyuma y’iyi myitwarire ni ubukene n’ihungabana ry’ubukungu, aho ibiciro […]

3 mins read

Imiti ivura indwara z’amaso yemewe n’ikigo cya Rwanda FDA yashyizwe ku giciro gito

Rwanda FDA yemeje ko imiti izwi nka BioUcenta™ izwiho kuvura indwara z’amaso, igurishirizwa mu Rwanda. Ni ubwa mbere iyi miti izaba igeze muri Afurika. Izajya izanwa n’Ikigo cyifashisha ikoranabuhanga mu gukora imiti cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bio Usawa. Ikigo cya Bioeq AG cyo mu Busuwisi ni cyo cyahaye Bio Usawa uruhushya rwo […]

2 mins read

“Ukorera neza abandi nawe azabigirirwa” mu bibazo bikomeye Theo Bosebabireba arimo yahawe miliyoni 1 n’Itorero rya Bishop Prof. Fidèle Masengesho

Uramutse  ukurikira ibitangazamakuru bitandukanye ntabwo wabura kuba uzi ko Theo Bosebabireba afite ikibazo kimukomereye aho umugore we Mushimyimana Marie Chantal arwaye uburwayi bw’impyiko kuva mu Ugushyingo 2024.  Amaze igihe akorerwa ‘Dialyse’ inshuro eshatu mu cyumweru, kugeza magingo aya. “Dialysis” ni uburyo bwo gusukura amaraso iyo impyiko z’umuntu zitagikora neza. Mu buryo busanzwe, impyiko zikora akazi ko gukura imyanda mu […]