10 September, 2026
1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 28 Werurwe

Turi ku wa 28 Werurwe 2026. Ni umunsi wahariwe Mwarimu muri République Tchèque no muri Slovaquie.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1994: Uwari ushinzwe gucunga umutekano mu ishyaka rya ANC muri Afurika y’Epfo, yishe arashe abantu babarirwa mu binyacumi bo mu ishyaka riharanira kwibohora rya Inkatha bari bari mu myigaragambyo.2005: Indonésie yibasiwe n’umutingito […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 26 Werurwe

Turi ku wa 26 Werurwe 2025.Bangladesh irizihiza Ubwigenge yabonye yigobotoye ubukoloni bwa Pakistan mu 1971.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1854: Jean-Joseph Hirth watangije akaba n’Umushumba wa mbere wa Kiliziya Gatolika mu Rwanda ni bwo yavutse.1962: Abatutsi babarirwa hagati ya 1.000 na 2.000 barimo abana n’abagore, barishwe mu cyahoze ari Perefegitura ya Byumba […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 25 Werurwe

Turi ku wa 25 Werurwe 2026.Ni umunsi mpuzamahanga wo kwibuka no guha icyubahiro abacakara bakorerwaga iyicarubozo bambutswa inyanja ya Atalantique. Ni n’Umunsi Mpuzamahanga wo kwibuka abana bapfa bataravuka aho intego nyamukuru yawo ari ukurwanya ibikorwa byo gukuramo inda. Watangijwe na Papa Paul Yohana II mu 1993.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1918: Ni […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 24 Werurwe

Turi ku wa 24 Werurwe 2026. Ni Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Kurandura Igituntu.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2000: Perezida Paul Kagame yatangiye kuyobora u Rwanda mu buryo bw’inzibacyuho kugeza ku wa 25 Kanama 2003 ubwo binyuze mu matora rusange, yatorerwaga kuyobora u Rwanda mu gihe cya manda y’imyaka irindwi.2018: Abanyeshuri bo muri Amerika […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 23 Werurwe

Turi ku wa 23 Werurwe 2026.Ni Umunsi Mpuzamahanga w’Ubumenyi bw’Ikirere kuva mu 1950 ubwo hashyirwago Umuryango Ushinzwe Ubumenyi bw’Ikirere ku Isi (World Meteorological Organization).Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2000: Pasteur Bizimungu wayoboraga u Rwanda, yeguye ku mirimo ye nyuma y’imyaka itandatu ari ku butegetsi.2009: I Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 22 Werurwe

Turi ku wa 22 Werurwe 2026.Ni Umunsi Mpuzamahanga w’Amazi aho abantu bibutswa akamaro k’amazi meza.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1906: Hakinwe umukino wa mbere wa Rugby hagati y’u Bwongereza n’u Bufaransa, ubera kuri stade ya Parc des Princes iherereye i Paris.2019: Bisi ebyiri zaragonganiye ahitwa Kitampo, mu murwa mukuru wa Ghana, Accra, […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 21 Werurwe

Turi ku wa 21 Werurwe 2026.Ni Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Ubusizi. Muri Tunisia ho bawizihiza nk’uwahariwe urubyiruko.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1917: Mu Rwanda hashyizweho itegeko rigena ibihano by’ikiboko; bikozwe n’abakoloni.1990: Igihugu cya Namibie cyabonye ubwigenge nyuma y’imyaka 75 kigengwa na Afurika y’Epfo.2000: Papa Paul Yohana II yasuye Israel aba Umushumba wa mbere […]

2 mins read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 20 Werurwe

Turi ku wa 20 Werurwe 2026.Ni umunsi mpuzamahanga wo kurangwa n’ibyishimo ukanaba umunsi mpuzamahanga wahariwe Ururimi rw’Igifaransa ari na bwo hizihizwa Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa, (OIF) uyobowe n’Umunyarwandakazi, Louise Mushikiwabo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2009: Perezida Paul Kagame yahuriye na Nelson Mandela i Johannesburg, aho yahaye uyu mukambwe wahoze ayobora Afurika […]

1 min read

Umuramyi Parfait Kajugiro yashyize hanze indirimbo nshya yise “That’s Grace” yiganjemo amagambo y’ihumure

Uyu muramyi azwiho ijwi rinyura benshi n’uburyo aririmbamo burimo ituze n’ubunyamwete. Indirimbo ze zishingiye ku buhamya bw’ubuzima bwe, aho agaragaza urugendo rwe n’Imana rurimo ibihe byo kwegera Imana ndetse n’igihe yigeze kuyitandukaho, ariko nyuma akagaruka ku murongo. Mu gihe umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ukomeje gutera imbere, hari abahanzi batandukanye bagenda bagaragaza umwihariko wabo […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 14 Werurwe

Turi ku wa 14 Werurwe 2026.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2020: Mu Rwanda hagaragaye umurwayi wa mbere wa Coronavirus.1939: Slovakie yatangaje ubwigenge bwayo.1967: Umubiri w’uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, John F. Kennedy wajyanywe mu irimbi ry’aho wagombaga gushyingurwa ryitwa Arlington National Cemetery.1982: Leta ya Afurika y’Epfo yateye ibisasu […]