Ibyo ukwiye kumenya kuri Shield Tech Hub yinjirira abajura
Shield Tech Hub ni ikigo cyo mu Rwanda cyiyemeje guhangana n’abajura mu bijyanye n’ikoranabunga. Cyinjira mu mikorere yabo ya buri munsi, kikamenya imigambi bafite ku bigo byo mu Rwanda, hanyuma kikereka ibi bigo uko byakwitwara mu kubungabunga amakuru yabyo. Ni ikigo kimaze imyaka itatu gikora cyatangijwe n’umuhanga mu by’ikoranabuhanga witwa Joel Gashayija. Gikorera muri Norrsken […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 13 Ukwakira
Turi ku Itariki ya 13 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 286 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 79 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe gukumira ibiza ku Isi.I Burundi barizihiza ubuzima bwa Prince Louis Rwagasore ufatwa nk’uwaharaniye ubwigenge bw’icyo gihugu. Hashize imyaka 64 yishwe.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2020: […]
Umukino uzahuza Messi na Lamine Yamal Quatar ishaka kuwakira
Umurwa mukuru wa Qatar, Doha urashaka kwakira umukino ukomeye wa Finalissima uzahuza ikipe y’igihugu ya Espagne yegukanye Euro na Argentine yegukanye Copa Amerika ya 2024. Uyu ni umukino utegurwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’Iburayi,UEFA n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane wa Afurika,CONMEBOL, ugahuza ikipe yatwaye Euro n’iyatwaye Copa América. Nyuma y’uko Wembley yakiriye Finalissima ya 2022, […]
Ese wari uziko impumuro y’umubiri w’umusore ituma abakobwa bamenya niba ari mu rukundo cyangwa akiri ingaragu: Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko abakobwa bashobora gutahura niba umusore ari ingaragu cyangwa afite umukunzi binyuze mu mpumuro ye y’umubiri. Ibi byerekana ko impumuro y’umubiri atari ikintu cyoroheje, ahubwo ishobora gutanga amakuru ku buzima, imitekerereze n’uburyo umuntu ahuza n’abandi. Abashakashatsi bahawe abagabo 91 imyenda yo kwambara umunsi umwe, basabwa no gukora imyitozo yoroshye kugira ngo imyenda […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 10 Ukwakira
Turi ku ku wa 10 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 283 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 82 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kunywa igikoma.Ni n’umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bwo mu mutwe.Ukanaba umunsi mpuzamahanga wo kurwanya igihano cy’urupfu.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1868: Hatangiye intambara yamaze […]
Ese birashoboka ko umuhangayiko uterwa na telefoni warwanywa?
Ese mu buzima busanzwe waba ugira impungenge cyangwa umuhangiyiko mu gihe ubonye ubutumwa bumenyesha [notification] kuri telefoni yawe? Niba ari uko bimeze, nturi wenyine. Abahanga mu mitekerereze ya muntu bavuga ko hagaragara ibibazo by’umuhangayiko bitandukanye bishingiye ku ikoranabuhanga, ibizwi nka “notixiety”. ‘Notixiety’ ni ijambo rikomatanyije riri mu rurimi rw’Icyongereza rituruka ku magambo abiri ari yo […]
Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB rwafunguye ishami ryarwo rishya mu Karere ka Gasabo
Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, rwafunguye ishami ryarwo rishya mu Karere ka Gasabo mu rwego rwo gukomeza kwegereza abaturage serivisi zarwo no kuzihutisha. Ni ishami ryafunguwe kuri uyu wa Kane, tariki ya 9 Ukwakira 2025, mu Murenge wa Kacyiru, mu nyubako izwi nka KABC. Iri shami rigamije kurushaho kunoza serivisi abaturage bahabwa kuko rifite icyumba […]
OpenAI kuri ubu ihagaze miliyari 500 z’Amadolari
OpenAI ifite ikoranabuhanga rya ChatGPT yabaye sosiyete nshya ya mbere ifite agaciro kenshi ku Isi nyuma y’aho igurishije imigabane ifite agaciro ka miliyari 6,6 z’Amadolari. Mu ntangiriro z’uyu mwaka, OpenAI, yabarirwaga mu gaciro ka miliyari 300 z’Amadolari, mu gihe SpaceX y’umuherwe Elon Musk yo yari kuri miliyari 400 z’Amadolari. Nyuma yo kugurisha iyi migabane tariki […]
Korali izwi nka God’s Flock ya kaminuza SDA yateguye igitaramo cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka imaze ishinzwe
God’s Flock Choir yatangiye umurimo w’ivugabutumwa mu mwaka wa 1995 igizwe n’itsinda ry’abasore batanu (5) ari bo: Emmanuel Rukagana M, Ndizeye N Fredy, Kamanzi G Desire, Gisanabagabo M Jotham na Rutikanga M Louis. Yatangiye yitwa “Halleluiah”, nyuma iza kwitwa God’s Flock Choir. Emmanuel Rukagana M ni we wayoboye iyi Korali bwa mbere. Mu mwaka w’amashuri wa […]
Ibyo ukwiye kumenya kuri “parfum”
Gusa neza bijyana no guhumura neza ndetse gukaraba ukisiga, ukambara ntibihagije, ahubwo uba ukeneye no kwitera ’parfum’ bamwe bita imibavu, ku buryo byongerera agaciro uburyo usa imbere y’abakwegereye. Ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cyo muri Amerika cyita ku Buvuzi (NIH), bwagaragaje ko abantu bitera parfum, ifasha ubwonko gutanga imisemburo ituma bumva bamerewe neza ugereranyije n’abatayitera. Ubu bushakashatsi […]