Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 5 Ukuboza
Turi ku wa 5 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 339 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 26 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe abakorerabushake.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1945: Indege eshanu z’intambara zarimo abasirikare ba Amerika 14 bari mu myitozo, zazimiriye muri Mpandeshatu ya Bermuda, agace ko mu Nyanja […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 4 Ukuboza
Turi ku wa 4 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 338 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 27 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe Amabanki.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2010: Perezida Paul Kagame ubwo yari mu Bubiligi, yatanze imbwirwaruhame yamamaye nka “Barabashuka”.2010: Louise Mushikiwabo yatangiye inshingano nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 3 Ukuboza
Turi ku wa 3 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 337 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 28 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe abafite ubumuga.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka.1989: Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, George Washington n’Uwayoboraga Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyete, Mikhail Gorbachev, batangaje ko intambara […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 2 Ukuboza
Turi ku wa kabiri Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 336 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 29 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya ubucakara.Ni umunsi kandi wahariwe abakunzi b’umukino wa basket.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1804: Napoleon yabaye umwami w’u Bufaransa yiyimitse imbere y’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 1 Ukuboza
Turi ku wa 1 Ukuboza 2025. Ni umunsi wa 334 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 30 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya Sida. Uyu munsi washyizweho mu 1988.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1923: Abantu ibihumbi 140 bishwe n’umutingito mu Buyapani.1963: Muri iki gihe cy’impera z’umwaka, mu Rwanda […]
Ibyumweru bitatu adakina: Bigirimana Abedi
Umukinnyi wo mu kibuga hagati wa Rayon Sports, Bigirimana Abedi, agiye kumara ibyumweru bitatu adakina yitabwaho n’abaganga kubera imvune y’agatsinsino. Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Ugushyingo 2025, ni bwo Rayon Sports yatangaje ko uyu mukinnyi wayo asigaje ibyumweru bitatu hanze y’ikibuga nyuma yo kubagwa. Bigirimana yinjiye muri Rayon Sports muri Nyakanga 2025, avuye […]
Umukinnyi Jean Claude Girumugisha yahagaritswe imikino itatu n’ihazabu ry’ibihumbi 5$
Rutahizamu w’Umurundi uca ku mpande wa Al Hilal Omdurman yahagaritswe imikino itatu adakina n’ihazabu ry’ibihumbi 5$ kubera imyitwarire mibi yamuranze nyuma y’umukino batsinzemo MC Alger muri CAF Champions League. Impuzamashyirahamwe y’umupira w’Amaguru muri Afurika, yahagaritse Rutahizamu Jean Claude Girumugisha nyuma yuko bigaragaye yagize imyitwarire mibi mu kibuga ku mukino batsinzemo MC Alger ibitego 2-1 muri […]
Cristiano Ronaldo nyuma yo guhabwa ikarita itukura mu ikipe y’igihugu yafatiwe umwanzuro na FIFA gusa ntabwo uvugwaho rumwe
Umwanzuro impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, yafashe kuri rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo, wo guhanishwa gusiba umukino umwe kubera ikarita y’umutuku yabonye, ntabwo uvugwaho rumwe. Ni ikarita y’umutuku yabonye mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 Portugal yatsinzwemo na Ireland ibitego 2-0. Uku guhanishwa gusiba umukino umwe byahise bituma Cristiano Ronaldo […]
“Kwigisha abafite ubumuga ntabwo ari impuhwe ahubwo ni inshingano” Nsengimana Joseph
Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yagaragaje ko kwigisha abantu bafite ubumuga atari impuhwe igihugu kiba kibagiriye, ahubwo ari inshingano kuko uburezi budaheza bukubiyemo ibyiciro byose. Ni ubutumwa yatanze ku wa 27 Ugushyingo 2025 ubwo hatangizwaga ibiganiro by’iminsi ibiri ku byerekeye politiki y’uburezi budaheza by’umwihariko ku bafite ubumuga. Ni ibiganiro byabereye i Kigali ku nshuro ya kabiri, […]
Muri Champions League ikipe ya Arsenal yihanije ikipe ya Bayern Munich: Haribazwa uzahagarika iyi kipe?
Arsenal yatsinze Bayern Munich ibitego 3-1 mu mikino w’Umunsi wa Gatanu wa UEFA Champions League wabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 26 Ugushyingo 2025 kuri Emirates Stadium. Uyu mukino wari utegerejwe cyane watangiye wihuta amakipe yombi asatirana agerageza uburyo bw’ibitego. Ku munota wa 22, Arsenal yafunguye amazamu ku gitego cyatsinzwe na Julian […]