21 July, 2026
1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 6 Ugushyingo

Turi ku wa 6 Ugushyingo 2025,. Ni umunsi wa 310 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 55 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Muri Kenya bawizihiza nk’uwahariwe Barack Obama.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1961: Paul Kagame n’umuryango we batangiye inzira y’ubuhunzi yatunye bamara ibinyacumi by’imyaka muri Uganda.2020: U Rwanda rwakiriye inama ya 143 […]

8 mins read

Ese kuki abagabo aribo bari kwibasirwa n’indwara zo mu mutwe kurusha abagore mu Rwanda?

Indwara zo mu mutwe ni kimwe mu bibazo bihangayikishije Isi, byagera ku Banyarwanda zigasya zitanzitse kuko umwe mu bantu batanu aba yarahuye n’ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe. Ni ndwara zimaze igihe zivurirwa mu Bitaro bya Ndera bimaze hafi imyaka 57 bitangiye gutanga serivisi mu Rwanda, icyakora ababigana barenze ubushobozi bwarwo, ku buryo bagera ku 116%. […]

1 min read

“We for the Gospel” igitaramo kiri gutegurwa na Injili Bora n’imurikwa rya Album

Izina ry’iki gitaramo bise “We For the Gospel Live Concert” risobanuye neza icyerekezo cyabo, rishingiye ku ijambo ry’Intumwa Pawulo mu Abaroma 1:16, rivuga ko badatewe ipfunwe n’ubutumwa bwiza: “We are not ashamed of the Gospel.” Iki gitaramo cya Injili Bora gitegerejwe na benshi, kizaba tariki ya 16/11/2025 kuri Bethesda Holy Church, kwinjira akaba ari ubuntu. Ni igitaramo bazafatiramo […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 4 Ugushyingo

Turi ku wa 04 Ugushyingo 2024. Ni umunsi wa 308 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 57 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Mu Burusiya barizihiza umunsi wahariwe kwimakaza Ubumwe muri icyo gihugu.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1966: Kimwe cya gatatu cy’Intara ya Florence mu Butaliyani cyarengewe n’umwuzure watewe n’umugezi wa Arno n’uwa […]

2 mins read

Josh Ishimwe yakiriye Mimi Mutanu ashima Imana abinyujije mu njyana gakondo

Umunyamakuru akaba n’umuramyikazi w’umunyempano, Dushimimana Ernestine uzwi nka Mimi Mutanu, yasohoye indirimbo nshya yise “Uri Mwiza Yesu”, yuje ishimwe no guha icyubahiro Imana yamukijije urupfu. Iyi ndirimbo ye nshya “Uri Mwiza Yesu” yatekerejwe mu buryo bwimbitse, ikaba ikozwe mu njyana nyarwanda gakondo. Ifite umwimerere n’umwuka w’amasengesho, ikaba ishimangira ko ubuzima ari impano ikomeye y’Imana kandi […]

4 mins read

Imbarutso y’indirimbo yitwa “ku meza y’Umwami” na Uwimana Aimé

Aimé Uwimana ufatwa nka sekuru w’abaramyi bo mu Rwanda, yakoze mu ngazo azirikana ubuntu n’urukundo by’Umukiza. Ni mu ndirimbo yengetse yise “Ku Meza y’Umwami” yaryoheye benshi, bituma bamwe abakumbura gutaramana nawe mu gitaramo cye bwite. Ni indirimbo yanuriye benshi ndetse izamura cyane amarangamutima yabo nk’uko bigaragara kuri Youtube munsi y’iyi ndirimbo “Ku Meza y’Umwami” aho […]