Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 15 Ukwakira
Turi ku wa 15 Ukwakira 2025. Ni Umunsi wa 288 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 77 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore wo mu cyaro.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1970: Anouar el-Sadate yabaye perezida wa Misiri.1987: Thomas Sankara yahiritswe ku butegetsi bwa Burkina Faso n’uwari inshuti ye […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 14 Ukwakira
Turi ku wa 14 Ukwakira 2024. Ni umunsi wa 287 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 78 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe gukora ibintu bifite ubuziranenge.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1931: Umwami Yuhi V Musinga yirukanwe n’Ababiligi mu Rwanda, ahungira i Moba muri Congo. 2016: Perezida Kagame yatangije […]
Imbamutima za Tonzi na Bosco Nshuti nyuma yo gutaramira mu Bubiligi
Iki gikorwa cyabaye ku wa Gatandatu tariki 11 Ukwakira 2025, kibera mu rusengero rwa Zion Temple Brussels. Cyari kigizwe n’ibice bibiri: igice cya mbere cyari ibiganiro byahurijwemo abantu b’ingeri zinyuranye, naho icya kabiri cyari igitaramo cyaranzwe n’indirimbo zubaka umutima, urukundo n’ubusabane hagati y’abitabiriye n’abaramyi. Abaramyi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Uwitonze Clémentine uzwi cyane […]
Ibyishimo ni byose kuri Shiloh Choir y’i Musanze nyuma y’ibihe byiza yagiriye mu gitaramo yakoreye i Kigali
Abo nta bandi ni Shiloh Choir ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya Pantekote ry’u Rwanda (ADEPR), Ururembo rwa Muhoza, Paruwasi ya Muhoza, ku itorero rya Muhoza; ni mu karere ka Musanze. Yaririmbiye i Kigali, ikurirwa ingofero, inishyurira amafaranga y’ishuri abanyeshuri 13 mu gihe cw’umwaka wose. Tariki 12 Ukwakira 2025 izahora izirikanwa n’abakunzi b’umuziki wo kuramya […]
Ibyo ukwiye kumenya kuri Shield Tech Hub yinjirira abajura
Shield Tech Hub ni ikigo cyo mu Rwanda cyiyemeje guhangana n’abajura mu bijyanye n’ikoranabunga. Cyinjira mu mikorere yabo ya buri munsi, kikamenya imigambi bafite ku bigo byo mu Rwanda, hanyuma kikereka ibi bigo uko byakwitwara mu kubungabunga amakuru yabyo. Ni ikigo kimaze imyaka itatu gikora cyatangijwe n’umuhanga mu by’ikoranabuhanga witwa Joel Gashayija. Gikorera muri Norrsken […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 13 Ukwakira
Turi ku Itariki ya 13 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 286 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 79 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe gukumira ibiza ku Isi.I Burundi barizihiza ubuzima bwa Prince Louis Rwagasore ufatwa nk’uwaharaniye ubwigenge bw’icyo gihugu. Hashize imyaka 64 yishwe.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2020: […]
Umukino uzahuza Messi na Lamine Yamal Quatar ishaka kuwakira
Umurwa mukuru wa Qatar, Doha urashaka kwakira umukino ukomeye wa Finalissima uzahuza ikipe y’igihugu ya Espagne yegukanye Euro na Argentine yegukanye Copa Amerika ya 2024. Uyu ni umukino utegurwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’Iburayi,UEFA n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane wa Afurika,CONMEBOL, ugahuza ikipe yatwaye Euro n’iyatwaye Copa América. Nyuma y’uko Wembley yakiriye Finalissima ya 2022, […]
Ese wari uziko impumuro y’umubiri w’umusore ituma abakobwa bamenya niba ari mu rukundo cyangwa akiri ingaragu: Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko abakobwa bashobora gutahura niba umusore ari ingaragu cyangwa afite umukunzi binyuze mu mpumuro ye y’umubiri. Ibi byerekana ko impumuro y’umubiri atari ikintu cyoroheje, ahubwo ishobora gutanga amakuru ku buzima, imitekerereze n’uburyo umuntu ahuza n’abandi. Abashakashatsi bahawe abagabo 91 imyenda yo kwambara umunsi umwe, basabwa no gukora imyitozo yoroshye kugira ngo imyenda […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 10 Ukwakira
Turi ku ku wa 10 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 283 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 82 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kunywa igikoma.Ni n’umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bwo mu mutwe.Ukanaba umunsi mpuzamahanga wo kurwanya igihano cy’urupfu.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1868: Hatangiye intambara yamaze […]
Ese birashoboka ko umuhangayiko uterwa na telefoni warwanywa?
Ese mu buzima busanzwe waba ugira impungenge cyangwa umuhangiyiko mu gihe ubonye ubutumwa bumenyesha [notification] kuri telefoni yawe? Niba ari uko bimeze, nturi wenyine. Abahanga mu mitekerereze ya muntu bavuga ko hagaragara ibibazo by’umuhangayiko bitandukanye bishingiye ku ikoranabuhanga, ibizwi nka “notixiety”. ‘Notixiety’ ni ijambo rikomatanyije riri mu rurimi rw’Icyongereza rituruka ku magambo abiri ari yo […]