Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 29 Ukwakira
Turi ku wa 29 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 302 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 63 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1922: Benito Mussolini yagizwe Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani.1923: Turukiya yabaye Repubulika nyuma y’iseswa ry’Ubwami bwa Ottoman.2004: Televiziyo y’Abarabu, Al Jazeera yerekanye amashusho y’Umuyobozi w’Umutwe w’Iterabwoba […]
Vitamin D ishobora kwifashishwa mu guhashya kanseri ya prostate: Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Vitamin D izwi cyane nk’ifasha mu gukomeza amagufwa, ifite n’uruhare rukomeye mu kurinda no kugabanya ubukana bwa kanseri ya prostate, imwe mu ndwara zikunze kugaragara ku bagabo bageze mu gihe cy’izabukuru. Prostate mu busanzwe ni urugingo ruboneka ku bantu b’igitsina gabo gusa, rukaba ruri munsi y’uruhago aho rukikije umuheha usohora inkari n’amasohoro. […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 28 Ukwakira
Turi ku wa 28 Ukwakira 2024. Ni umunsi wa 301 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 64 ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Ni umunsi wahariwe abakunzi ba Chocolat muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uzwi ku izina rya “National Chocolate Day.”Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2017: Perezida Kagame yatashye ku mugaragaro […]
Real Madrid yongeye kwigarurira icyubahiro imbere ya Barcelona
Ikipe ya Real Madrid yatsinze FC Barcelona mu mukino wo ku munsi wa 10 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Espagne nyuma y’imikino itanu itazi uko kuyitsinda bimera. Ni mu mukino wakinwe kuri iki Cyumweru saa kumi Nimwe n’iminota 15 kuri Santiago Bernabeu. Watangiye wihuta cyane impande zombi zisatira. Ku munota wa mbere FC Barcelona […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 27 Ukwakira
Turi ku wa 27 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 300 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 65 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1946: Umwami Mutara III Rudahigwa yihesheje Krisitu na Bikira Mariya, we hamwe n’ubwami bwe n’u Rwanda muri rusange, isengesho yasengeye mu birori byabereye i Nyanza.1948: […]
ADEPR Gatenga iri kubaka urusengero ruhambaye ruhagaze agaciro k’amafaranga menshi
Igishushanyo mbonera cy’uru rusengero, kigaragaza ko ari inyubako nini cyane kandi igeretse gatatu, ikagira ubusitani buteye amabengeza ndetse na parkingi nini. Iyi nyubako izuzura itwaye Miliyari 2 Frw kandi ari gutangwa n’abakristo ndetse hari n’abiyemeje kuzakoresha amaboko yabo mu gushyira itafari kuri iyi nyubako y’agatangaza. ADEPR Gatenga, iwabo w’amakorali akunzwe cyane nka Korali Ukuboko kw’Iburyo, […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 26 Ukwakira
Turi ku wa 26 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 299 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 66 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.1960: Mu Rwanda habaye amatora yarangiye hashyizweho inteko na Leta y’agateganyo, Gregoire Kayibanda aba Minisitiri w’Intebe na ho Habyarimana Joseph ’Gitera’ ayobora Inteko.1961: Kayibanda yagiye ku butegetsi, ayobora manda ye ya mbere kugeza […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 25 Ukwakira
Turi ku wa 25 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 298 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 67 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2020: Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yazamuye mu ntera Arkiyepiskopi wa Kigali, Musenyeri Antoine Kambanda amugira Cardinal.1945: Repubulika y’u Bushinwa yatangiye kugenzura […]
Ubushakashatsi bwagaragaje ko urubyiruko ruri gukundana rugamije kubona ibiryo by’ubuntu
Bivugwa ko hafi umwe mu bantu batatu bo muri Gen Z [Abavutse hagati ya 1997 na 2012] asohokana n’umusore/umukobwa atari ku bw’urukundo, ahubwo yishakira amafunguro y’ubuntu, nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi bushya bwa Intuit bwiswe “The Cuffing Economy.” USA Today ducyesha iyi nkuru, ivuga ko impamvu nyamukuru iri inyuma y’iyi myitwarire ni ubukene n’ihungabana ry’ubukungu, aho ibiciro […]
Imiti ivura indwara z’amaso yemewe n’ikigo cya Rwanda FDA yashyizwe ku giciro gito
Rwanda FDA yemeje ko imiti izwi nka BioUcenta™ izwiho kuvura indwara z’amaso, igurishirizwa mu Rwanda. Ni ubwa mbere iyi miti izaba igeze muri Afurika. Izajya izanwa n’Ikigo cyifashisha ikoranabuhanga mu gukora imiti cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bio Usawa. Ikigo cya Bioeq AG cyo mu Busuwisi ni cyo cyahaye Bio Usawa uruhushya rwo […]