11 September, 2026
2 mins read

Josh Ishimwe yakiriye Mimi Mutanu ashima Imana abinyujije mu njyana gakondo

Umunyamakuru akaba n’umuramyikazi w’umunyempano, Dushimimana Ernestine uzwi nka Mimi Mutanu, yasohoye indirimbo nshya yise “Uri Mwiza Yesu”, yuje ishimwe no guha icyubahiro Imana yamukijije urupfu. Iyi ndirimbo ye nshya “Uri Mwiza Yesu” yatekerejwe mu buryo bwimbitse, ikaba ikozwe mu njyana nyarwanda gakondo. Ifite umwimerere n’umwuka w’amasengesho, ikaba ishimangira ko ubuzima ari impano ikomeye y’Imana kandi […]

4 mins read

Imbarutso y’indirimbo yitwa “ku meza y’Umwami” na Uwimana Aimé

Aimé Uwimana ufatwa nka sekuru w’abaramyi bo mu Rwanda, yakoze mu ngazo azirikana ubuntu n’urukundo by’Umukiza. Ni mu ndirimbo yengetse yise “Ku Meza y’Umwami” yaryoheye benshi, bituma bamwe abakumbura gutaramana nawe mu gitaramo cye bwite. Ni indirimbo yanuriye benshi ndetse izamura cyane amarangamutima yabo nk’uko bigaragara kuri Youtube munsi y’iyi ndirimbo “Ku Meza y’Umwami” aho […]

3 mins read

Imwe mu mishanga yitezwe nyuma y’uko 5G igeze mu gihugu cy’u Rwanda

Hashize amezi atanu ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagejejwe internet yihuta ya 5G bikozwe na MTN Rwanda. Icyo gihe yatangiye kuboneka kuri site ya Kigali Heights na KCC [Kigali Convention Centre]. Internet ya 5G irihuta, bigafasha nko mu mirimo yo kubaga umuntu hifashishijwe iya kure, imodoka zitwara, imikino yo kuri internet no mu gukoresha […]

1 min read

Ibyasanzwe mu miti gakondo bivugwa ko yongera akanyabugabo nyuma y’isuzuma ryimbitse

Umuyobozi w’Ishami rishinzwe Ibiribwa muri Rwanda FDA, Dr. Nyirimigabo Eric, yatangaje ko amwe mu mavuriro gakondo avuga ko atanga imiti yongera akanyabugabo, akoresha uburyo butujuje ubuziranenge bwo kuyivanga n’ibinini bisanzwe, bakabyita umuti w’umwimerere. Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa 20 Ukwakira 2025, Dr. Nyirimigabo yavuze ko mu mitunganyirize y’ibikorwaremezo mu nganda harimo abantu badakurikiza […]

1 min read

Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 29 Ukwakira

Turi ku wa 29 Ukwakira 2025. Ni umunsi wa 302 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 63 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1922: Benito Mussolini yagizwe Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani.1923: Turukiya yabaye Repubulika nyuma y’iseswa ry’Ubwami bwa Ottoman.2004: Televiziyo y’Abarabu, Al Jazeera yerekanye amashusho y’Umuyobozi w’Umutwe w’Iterabwoba […]