22 July, 2026
2 mins read

Ikoranabuhanga rya AI ryatangiye kwegurirwa zimwe mu nshingano zakorwaga n’abantu, aho AI yagizwe minisitiri muri Albania

Albania ni cyo gihugu cya mbere ku Isi, kigiye gushyiraho uburyo bw’ikoranabuhanga bw’ubwenge buhangano (AI chatbot) nka minisitiri, mu buryo bwo kurwanya ruswa. Byakozwe mu buryo bwo gushyiraho umukozi utagira amarangamutima ngo abe yarya ruswa mu kuzuza inshingano ashinzwe. Iki gihugu cyo mu Majyepfo y’Uburasirazuba bw’u Burayi, ni kimwe mu birangwamo ruswa cyane. Muri raporo […]

4 mins read

Byinshi utamenye kuri Shiloh Choir y’i Musanze itegerejwe mu gitaramo “The Spirt of Revival 2025” giteganyijwe kuzabera i Kigali

Shiloh Choir itegerejwe muri Kigali mu gitaramo cyayo bwite ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya Pantekote ry’u Rwanda (ADEPR), Ururembo rwa Muhoza, Paruwasi ya Muhoza, ku itorero rya Muhoza; ni mu karere ka Musanze. Yavutse tariki 3 Nzeri-2017, ikaba imaze imyaka 8 mu murimo w’ivugabutumwa mu ndirimbo. Bijyanye n’uko ari Korali yavutse iturutse mu ishuri […]

6 mins read

Umuramyi Bikem wa Yesu abinyujije mu nganzo yunamiye Se na Gogo yafataga nka Malayika

Bikorimana Emmanuel uzwi nka Bikem wa Yesu, akaba amaze iminsi avugwa cyane mu itangazamakuru kubera urupfu rwa Gogo [Gloriose Musabyimana] yafashaga cyane mu rugendo rwe rw’umuziki, yakoze mu nganzo yunamira umubyeyi we Rev. Past Nzabonimpa Canisius umaze imyaka itatu yitabye Imana, ndetse na Gogo witabye Imana mu minsi ishize. Bikem wa Yesu ni umusore ukora […]

3 mins read

Ubushakashatsi: Ese ubuzima bwahozeho ku mubumbe wa Mars?

Icyogajuru cya ’Perseverance’ cyoherejwe gukora ubushakashatsi bugamije kumenya niba Umubumbe wa Mars warahozeho ubuzima, giherutse gufata amafoto yakangaranyije abahanga mu by’Isanzure, nyuma yo kubona ibimenyetso byerekana ko kuri Mars hahoze ubuzima. Zimwe mu nshingano za ’Perseverance’ yarimo no gufata bimwe mu bimenyetso byerekana ko kuri Mars hahoze ubuzima, bimwe bikaba byazanwa ku Isi kugira ngo […]

1 min read

“Special Sunday” ni igitaramo cyateguwe n’umuramyi Eric Niyonkuru azahuriramo n’abandi baramyi batatu bo muri FinLand

Kuri iki Cyumweru tariki 21 Nzeli 2025, umuhanzi mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Eric Niyonkuru, arakora igitaramo cy’imbaturamugabo azahuriramo n’abaramyi batatu bo muri Finland. Iki gitaramo ’Special Sunday’ kibaye ku nshuro ya kabiri. Uyu mwaka gifite umwihariko kuko cyatumiwemo Ev. Elissa Rutaganira uzaturuka mu gihugu cya Sweden. Abazitabira bazumva ubuhamya n’indirimbo nshya zizashyirwa […]

2 mins read

MINISANTE igiye guha abajyanama b’ubuzima bo mu Ntara y’amajyepfo y’igihugu cy’u Rwanda amagare ndetse na telephone

Minisiteri y’Ubuzima yasezeranyije abajyanama b’ubuzima bo mu Ntara y’Amajyepfo ko muri uku kwezi kwa Nzeri n’Ukwakira 2025 bazahabwa telefone ziborohereza itumanahaho, ndetse nyuma bahabwe n’amagare yo kubafasha mu ngendo. Ibyo ni bimwe mu byagarustweho na Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, ubwo yasozaga uruzinduko rw’iminsi ibiri muri iyo ntara. Ni uruzinduko yasuyemo inzego zitandukanye z’ubuvuzi mu […]

8 mins read

Dorcas n’umugabo we Papi Clever bahishuye byinshi ku buzima bwabo

Ni imwe muri ‘Couple’ zimaze guhamya ibigwi mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, ndetse ibihangano byabo byambukiranyije imipaka birenga imbibi z’u Rwanda. Abo ni umuhanzi Tuyizere Papi Clever na Ingabire Dorcas bamaze imyaka itandatu babana nk’umugabo n’umugore. Aba bombi bafitanye abana batatu barimo abakobwa babiri n’umuhungu umwe bibarutse umwaka ushize. Papi Clever yasezeranye imbere […]

2 mins read

Umukinnyi witwa Bingi Belo avuga ko yazinutswe ikipe ya Rayon Sport bitewe n’agahinda yamuteye

Mucyo Antha wifuzaga kugurisha rutahizamu Chadrak Bingi Belo muri Rayon Sports, yagaragaje ko uyu mukinnyi yasubiraye iwabo afite agahinda kubera kudahabwa agaciro na Rayon Sports, ashimangira ko nta kizayimugaruramo. Muri Nyakanga 2025 ubwo amakipe menshi yari arimbanyije ibikorwa byo gushaka abakinnyi azakoresha mu mwaka w’imikino wa 2025/26 uri hafi gutangira, ni bwo Rayon Sports yatangaje […]