Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 23 Ugushingo
Turi ku tariki ya 23 Ugushyingo 2025. Ni umunsi wa 327 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 38 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi wahariwe abavandimwe n’inshuti babuze ababo bapfuye biyahuye, aho bahurira mu biganiro by’isanamitima no komorana.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1996: Indege ya Ethiopian Airlines yaguye mu Nyanja y’u […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 22 Ugushyingo
Turi ku wa 22 Ugushyingo 2025. Ni umunsi wa 326 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 39 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Libani irizihiza ubwigenge yabonye mu 1943 yigobotoye ubukoloni bw’u Bufaransa.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1992: Dr. Léon Mugesera yavugiye muri mitingi ku Kabaya ko Abatutsi bazasubizwa muri Ethiopia banyujijwe muri […]
Igihe Imana ikigutije ubuzima kuva ku myaka 30 ni iki wakora ngo uzagere mu zabukuru ugitemba itoto?
Mu myaka yawe 30 y’amavuko, hari ibintu byoroshye ushobora kujya ukora buri munsi bigufasha kuguma ufite imbaraga no kubaho ubuzima bwiza kuzageza ku myaka 70. Kugenda byihuse iminota 15 nyuma yo kurya, kuryama igihe gihagije buri joro cyangwa gukora siporo, byose ni ingenzi mu kurinda umubiri no kuwongerera ubushobozi. Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko iyo […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 21 Ugushyingo
Turi ku wa 21 Ugushyingo 2025. Ni umunsi wa 325 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 40 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Kuva mu 1996, uyu munsi wizihizwa nk’Umunsi Mpuzamahanga wa Televiziyo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka2009: Mine yaturikanye abantu ahitwa Heilongjiang mu Bushinwa, ihitana abagera ku 108.2013: Abantu 54 bagwiriwe n’igisenge […]
Drones zigiye kujya zifashishwa mu gukwirakwiza inkingo mu gihugu hose
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyagaragaje ko hari umushinga wanatangiye gukorerwa igeragezwa ugamije gushyiraho uburyo bwo gutwara inkingo hifashishijwe drones mu gihugu hose mu rwego rwo kugabanya izangirika bitewe n’uburyo zibikwamo busaba kwitwararika cyane. Ibi byatangarijwe mu nama yabereye i Kigali mu Kigo Nyafurika cy’Icyitegererezo mu bijyanye no gukonjesha imiti, inkingo n’ibiribwa, ACES (Africa Center […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 18 Ugushyingo
Turi ku tariki ya 18 Ugushyingo 2025. Ni umunsi wa 322 mu minsi igize umwaka Hasigaye iminsi 43 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Maroc barizihiza ubwigenge babonye bigobotoye ubukoloni bwa Espagne n’ubw’u Bufaransa mu gihe Lativia ho bizihiza ubwo babonye bigobotoye ubukoloni bw’u Burusiya.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1905: U Buyapani bwatangiye […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 17 Ugushyingo
Turi ku Wa 17 Ugushyingo 2025. Ni umunsi wa 321 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 44 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ni umunsi wahariwe kwita ku buzima bw’abana bavuka badashyitse.Ni umunsi wahariwe abanyeshuri ku isi yose aho haba hibukwa abahitanwe n’aba-Nazi ubwo kaminuza zo muri Repubulika ya Czech zaterwagamo ibisasu.Ibi ni bimwe mu byaranze […]
Ikipe y’Igihugu Amavubi yaguye miswi n’ikipe ya Al-Hilal S.C
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yaguye miswi na Al Hilal Sports Club yo muri Sudani mu mukino wa gicuti. Ni mu mukino wakinwe kuri iki Cyumweru saa Cyenda kuri Stade Amahoro. Uyu mukino wakinwe nta munyamakuru ndetse nta n’Umufana n’umwe uhari. Ni umukino wakinwe nyuma y’uko Amavubi yari ari mu mwiherero kuva ku wa Gatatu […]
Hagaragajwe umuti wagaragaje ubushobozi bwo guhangana na malaria ku kigero cya 97%
Umuti uzwi nka ‘ganaplacide/lumefantrine’ cyangwa ’GanLum’ wakozwe n’Ikigo Novartis cyo mu Busuwisi ku bufatanye na Medicines for Malaria Venture, byatangajwe ko ufite ubushobozi bwo guhangana na malaria ku kigero cya 97%. Ni intambwe yatewe nyuma y’uko uyu muti ugeragejwe ku bantu 1.688 barimo abakuru n’abana, mu cyiciro cya gatatu. Ubu bushakashatsi bwakorewe mu bigo 34 […]
Umunsi nk’uyu mu mateka: Tariki ya 15 Ugushyingo
Turi ku wa 15 Ugushyingo 2025. Ni umunsi wa 319 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 46 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka1884: Mu nama izwi nk’iya “Berlin”, ibihugu by’i Burayi byigabagabanyije ibya Afurika maze uwo munsi u Budage buhabwa u Rwanda kugeza bukubiswe inshuro n’u Bubiligi […]