Uburyohe bw’indirimbo nshya ya gisubizo ministry “Banguka” ihamagarira abantu gukizwa nk’abahunga intambara
Gisubizo Ministries ni imwe mu miryango y’abaramyi ikomeye kandi izwi cyane mu Rwanda, ifite icyicaro i Kigali. Iyi minisiteri imaze imyaka irenga 20 ikorera Imana, ikaba yarizihije isabukuru y’imyaka 20 mu Ukuboza 2024, igaragaza urugendo rurerure n’umusaruro ukomeye yagize mu muziki wa Gospel no mu buzima bwo kuramya mu Rwanda no hanze yarwo. Yashinzwe mu […]
Ubuhanuzi bwa Alicia ku sabukuru ya Germaine bukomeje gushimangira urukundo ruhuza aba bavandimwe kurusha umuziki bakorana
Umuramyi Alicia yifurije murumuna we Germaine isabukuru nziza mu magambo yuzuye urukundo, ishimwe n’ubuhanuzi, agaragaza isano ikomeye ibahuza nk’abavandimwe kandi nk’itsinda riririmbana ryitwa Alicia and Germaine Ubutumwa bwe bwakiriwe neza n’abakunzi babo, bwongera kugaragaza ko urukundo rwabo rurenze umuziki, rukaba n’umusingi w’ubumwe n’iyerekwa basangiye. Mu magambo yashyize hanze, Alicia yashimangiye ko nubwo ashobora guseka Germaine […]
Tumaini Praise Concert ED. 1 ibihe by’ububyutse no kuzuzwa imbaraga zo kwinjirana mu mwaka wa 2026
Itsinda rikomeye ryo kuramya no guhimbaza Imana Tumaini Choir rikorera umurimo w’Imana muri Paruwasi ya ADEPR Gisenyi Itorero rya Bethel mu Karere ka Rubavu, rigiye gutegura igikorwa gikomeye cyihariye cyiswe “Tumaini Praise Concert – Edition ya Mbere (ED.1)”. Iki giterane kigamije guhuriza hamwe abakristo mu bihe by’ishimwe, kuramya no gusingiza Imana binyuze mu ndirimbo zifite […]
Mami Espe ufite Ijwi ridasanzwe yiyemeje gukoresha iyo mpano azana abantu benshi kuri kristo
ADEPR Rwimbogo igeze kure imyiteguro y’igitaramo Cyihariye cy’Amashimwe yose ya 2025 itorero rya ADEPR Paruwasi ya Rwimbogo Kanombe ririmo gutegura igiterane cyihariye cy’Abanyamwuka cyiswe “Igiterane cy’Amashimwe 2025” gishingiye ku Ijambo ry’Imana ryo muri Zaburi ya 124. Iki gikorwa kigamije guhuza abakirisitu n’abandi bose bifuza gushimira Imana ,kuramya no kwigishwa Ijambo ry’Imana. Umuramyi Mami Espe wiyemeje […]
Harvest Mahoko yakiriye abaramyi bakomeye mu gikorwa kigamije kumurikira isi umucyo wa Kristo
Mami Espe yatumiwe mu gitaramo gikomeye cya Almug Week Concert ya Harvest Bible Fellowship Rwanda Mami Espe, umuramyi ukunzwe cyane mu ndirimbo zo guhimbaza Imana ukorera umurimo w’Imana muri ADEPR Gatenga muri Holy Nation Choir, agiye kongera guhura n’abakunzi b’umuziki wa Gospel mu gitaramo gikomeye cyateguwe na Harvest Bible Fellowship Rwanda. Uyu muramyi yamenyekanye cyane […]
Elayono Choir na Olivier Nana mu gitaramo cyo kuririmba indirimbo zikiza imitima
Umuramyi Olivier yatumiwe mu bihe bidasanzwe byo kuramya mu gitaramo cyateguwe na Elayono Choir ADEPR Rwimbogo cyitwa “Ku Musaraba Live Concert”Elayono Choir yo muri ADEPR Rwimbogo iri kwitegura igitaramo gikomeye cyiswe “Ku Musaraba Live Concert” kikazaba ku itariki ya 20 Ukuboza 2025 aho kizahuriza hamwe abaririmbyi n’abakunzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu gihe […]
James na Daniella bagiye kumara abantu inyota n’urukumbuzi ku ndirimbo zabo nshya
Abakunzi ba baramyi James na Daniella Rugarama bari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko uyu muryango ukundwa cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana ugeze ku butaka bwa Phoenix, muri Leta ya Arizona, aho bitabiriye igitaramo gikomeye cyise Endless Worship Concert. Ibi bibaye nyuma y’urugendo rwabo rumaze hafi umwaka kuva bava mu Rwanda berekeza muri […]
Umuramyi Confi afite gahunda yo kuzenguruka I burayi ari kubyina umukunga
Umuramyi w’Umunyarwanda uzwi ku izina rya Confi yatangaje ko agiye gukora urugendo rw’ibiterane byo kuramya no guhimbaza Imana mu bihugu by’i Burayi (Europe)mu kwezi kwa Mutarama na Gashyantare 2026, mu gikorwa yise “Kuramya Bikora ku Mutima w’Imana. ”Ni urugendo rugamije kugeza ubutumwa bw’ihumure, gukomeza ukwizera no kuzamura ibendera rya kristo binyuze mu ndirimbo n’ijambo ry’Imana.Iki […]
Israel Mbonyi yakiriye ubutumire bwa Prayer warriors mu buryo budasanzwe
Mu mpera z’iki cyumweru, abagize umuryango mugari w’Abakristo mu Rwanda bageze kure bitegura igiterane gikomeye cyiswe SEEK Conference 2025 giteganyijwe kuba kuwa 14 Ukuboza 2025. Iki giterane cyateguwe n’itsinda Prayer Warriors kikaba kitezweho guhuza abantu benshi bifuza gushima Imana no kurushaho kwegerana na yo mu buryo by’amasengesho adasanzwe Iki giterane kizabera muri Bethesda Holy Church […]
Pastor Mugisha Jackson umwe mu basigiwe kuzana benshi kuri kristo yatumiwe mugitaramo cyateguwe na Beersheba Family
Beersheba Family yatangaje ko yateguye igitaramo gikomeye cyo guhimbaza no kuyiramya cyiswe “Awake My Soul Worship Experience” gitegerejwe kuba kuri iki Cyumweru, tariki ya 7 Ukuboza, guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (4PM), kikazabera muri AEBR Kigali Parish. Iki gitaramo kizaba gifunguye ku bantu bose ku buntu (Free Entrance), bikaba biteganyijwe ko kizahuriza hamwe abaririmbyi n’abaramyi […]