James na Daniella bashyize hanze indirimbo nshya yitwa shimwa Yesu wanjye izaba iri kuri album yabo nshya
Abaramyi James & Daniella bageze kure imyiteguro yo gushyira hanze album nshya, umushinga utegerejwe n’abakunzi babo benshi bakurikiranira hafi umuziki wabo. Aya makuru bayatangaje binyuze ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho basabye abakunzi babo guteganya neza umunsi wo kuyimurika.Iyi album nshya izamurikirwa mu mujyi wa Phoenix ku wa 12 Nyakanga 2026, aho biteganyijwe ko izaba igitaramo […]
I Brussels hategerejwe ijoro ridasanzwe ryo kuramya Imana hamwe na Israel Mbonyi
Umuramyi ukunzwe cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, ategerejwe mu gitaramo gikomeye kizabera mu mujyi wa Brussels mu Bubiligi, igitaramo cyiswe “Israel Mbonyi Live in Brussels.” Iki gitaramo gitegurwa na Team Production kikaba kigamije guhuriza hamwe abakunzi b’umuziki wa gospel batuye i Burayi ndetse n’abandi bazaturuka hirya no hino. Nk’uko bigaragara […]
Umuhanga mu gutunganya indirimbo Mubogora na Madamu we Kamikazi biteguye gukora indirimbo zikiza umutima
Abaramyi babana nk’umugore n’umugabo, Mubogora na Kamikazi, batangaje ko bateguye ibihe bidasanzwe byo kuramya no guhimbaza Imana bizaba birimo n’ikorwa rya Live Recording y’indirimbo nshya bise “Heaven My Home.” Iki gikorwa gitegerejwe na benshi mu bakunzi b’indirimbo zo kuramya bitewe n’uburyo aba baramyi basanzwe bazwiho ubutumwa bukora ku mitima y’ababakurikirana. Nk’uko bigaragara mu itangazo ryabo, […]
Muhoza Patrick Agape Set to Launch New Literary Work “Sleep Not Dead” in Kigali
Visionary Author Muhoza Patrick Agape to Unveil New Literary Work “Sleep Not Dead” in Kigali Renowned media professional and emerging literary voice, Muhoza Patrick Agape, has officially announced the upcoming launch of his highly anticipated book, titled “Sleep Not Dead.” The event, which is expected to draw a diverse crowd of intellectuals, spiritual leaders, and […]
Impamvu Danny Mutabazi yahisemo kuririmba mu Giswahili mu ndirimbo zigize album nshya yitwa Waranzuye
Umuramyi Danny Mutabazi yatangiye urugendo rushya mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, aho yatangiye gukora indirimbo zimwe mu rurimi rw’Igiswahili mu rwego rwo kurushaho kugeza ubutumwa bwiza ku bantu benshi ku isi. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, agaragaza ko ari imwe mu ntambwe nshya zigamije kwagura imbibi z’umurimo w’ivugabutumwa akorera mu muziki. Uyu […]
Umusanzu wa Bosco Nshuti muri Life of Impact, ibihe byo kuramya no Kwakira imitekerereze mishya
Umuramyi Bosco Nshuti ategerejwe mu bihe bidasanzwe byo kuramya muri “Life of Impact Shaping the Visionaries”Umuramyi mu ndirimbo indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Bosco Nshuti, ategerejwe mu gikorwa cyihariye cyo kuramya no kuganira ku buzima kizwi nka “Life of Impact Shaping the Visionaries”, giteganyijwe kubera mu mujyi wa Kigali ku wa Gatandatu tariki ya […]
Abaramyi Ben na Chance bazaniye ubutumwa budasanzwe urubyiruko rukunda Gen Z comedy
Ben & Chance bagiye gutaramira mu gitaramo cya Gen Z Comedy Show i KigaliItsinda ry’abaramyi bakunzwe cyane mu Rwanda Ben Serugo na Mbanza Chance, rizwi ku izina rya Ben & Chance ryatumiwe mu gitaramo cy’urwenya kizwi nka Gen Z Comedy Show Kigali giteganyijwe kubera mu mujyi wa Kigali. Aba baramyi bazataramira abazitabira iki gitaramo, bagaragaza […]
“Ni Wowe”: Indirimbo nshya Igaragaza Umuhamagaro wa Fanny na Sam mu Kuramya Imana no kwamamaza ubutumwa bwiza hose
Indirimbo nshya yitwa “Ni Wowe”y’abaramyi Fanny na Sam yashyizwe hanze igamije gukomeza gukangurira abantu guhimbaza Imana no kuyishyira ku mwanya wa mbere mu buzima bwabo. Iyi ndirimbo ya gospel ifite ubutumwa bukomeye bwo kugaragaza ko Imana ari yo soko y’imbaraga n’ubugingo bw’umuntu, kandi ko ari yo ikwiye icyubahiro n’ishimwe byose.“Ni Wowe” ni indirimbo igaruka ku […]
Healing Word mu Ndimi 3:Rev. Dr. Serene Nterinanziza yanditse igitabo cyuzuyemo ubutunzi n’umuti wo kuvura imitima
Ku Cyumweru tariki ya 2 Werurwe 2026, Rev. Dr. Serene Nterinanziza, umuyobozi ndetse akaba n’umuvugabutumwa, umushumba w’itorero, umuyobozi w’imishinga y’ubucuruzi ndetse n’umunyamakuru, yamuritse ku mugaragaro igitabo cye gishya yise Healing Word, mu muhango wabereye kuri Dove Hotel i Kigali. Uyu muhango wari witabiriwe n’abayobozi b’amatorero atandukanye, impuguke mu by’iyobokamana, inzobere mu by’ubuzima, ndetse n’abakirisitu batandukanye, […]
New Melody yateguye igitaramo gikomeye kizitabirwa na Bosco Nshuti
Umuramyi Bosco Nshuti, umwe mu batangije New Melody Choir, yemejwe nk’umushyitsi wihariye mu gitaramo gikomeye cyo kuramya no guhimbaza Imana gitegurwa n’iri tsinda. Iki gitaramo gifite insanganyamatsiko igira iti “Jesus The Healer”, kikazaba ku Cyumweru tariki ya 08 Werurwe 2026.Bosco Nshuti, uzwi cyane mu murimo w’ivugabutumwa abinyujije mu ndirimbo, agaruka mu gitaramo cya New Melody […]